Perezida wa Togo akaba n’umuhuza w’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo washyizweho n’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Faure Essozimna Gnassingbé, yaganiriye na Yoweri Museveni wa Uganda ku mutekano w’akarere.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida Gnassingbé yaganiriye na Museveni ku mutekano w’akarere
22 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Cameroon:Ubu kuganira ku buzima bwa Perezida Paul Biya byagizwe icyaha
11 October 2024, by Joseph IradukundaLeta ya Caméroun yaciye kuganira ku buzima bwa Perezida Paul Biya w’iki gihugu, mu gihe ibihuha bivuga ku buzima bw’uyu mukambwe bikomeje kuba byinshi.
-
U Burusiya bwarashe undi mujyi munini wa Ukraine
8 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIbitero by’indege zitagira abapilote z’u Burusiya byibasiye umujyi wa kabiri mu bunini wa Ukraine, Kharkiv, bisiga bihitanye 3, abarenga 40 barakomereka.
-
Kirehe: Hamaze kuboneka miliyoni 300 Frw muri miliyari 12 Frw yo kubaka isoko rya Nyakarambi
3 April, by ISIMBI EstellaUrugaga rw’Abikorera mu Karere ka Kirehe, rwagaragaje ko rumaze gukusanya miliyoni 300 Frw muri miliyari 12 Frw zikenewe kugira ngo hubakwe isoko rya kijyambere rya Nyakarambi
-
Ubutumwa bwa Gen Muhoozi bwongeye kurikoroza mu Nteko ya Uganda
22 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda hongeye kuba impaka zishyushye nyuma y’aho Umugaba Mukuru w’Ingabo z’iki gihugu, Gen Muhoozi Kainerugaba, atitabye kugira ngo asobanure ubutumwa butavugwaho rumwe yatangarije ku rubuga nkoranyambaga rwa X.
-
Abaminisiti 5,ba Guverineri 4 na Meya w’umujyi wa Kigali basobanuye ibyerekeye gusenyera abaturage
18 December 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu mugoroba wo kuwa Gatatu taliki ya 18 Ukuboza 2019,Abaminisitiri batanu, ba guverineri b’intara enye n’uyobora umujyi wa Kigali bahaye abanyamakuru ikiganiro basobanura ibikorwa byo gusenya inzu zitwa ko ziri mu manegeka.
-
Chairman wa APR FC yasabye abakinnyi kuzakuba kabiri imbaraga bakoresheje imbere ya Pyramids FC
3 October 2025, by ISIMBI EstellaChairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa, yasabye abakinnyi gukuba kabiri imbaraga bakoresheje i Kigali, ubwo bazaba bakiriwe na Pyramids FC mu mukino wo kwishyura uzabera i Cairo ku Cyumweru.
-
Musanze: Amatsinda y’abagore ni igisubizo ku mafaranga y’ishuri
26 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbagore bo mu Karere ka Musanze bibumbiye mu matsinda y’ubwizigame bavuga ko amaze guhindura imibereho y’imiryango yabo binyuze mu kuzigama amafaranga make buri munsi, ariko agira uruhare runini mu kwishyurira abana amashuri no kubagurira ibikoresho by’ishuri.
-
Besigye yashinjwe gushaka guhirika ubutegetsi nyuma yo gushimutirwa muri Kenya
21 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbayobozi ba gisirikare muri Uganda bavuze ko Kiiza Besigye yari ari mu mugambi mpuzamahanga wo gufata ubutegetsi hakoreshejwe intwaro.
-
Murungi Sabin yongeye kwibutsa umugore we Murungi Raissa ko amukunda uruzira uburyarya
31 May 2025, by Gladiator OGUmunyamakuru akaba n’Umuyobozi w’Ikinyamakuru Isimbi, Murungi Sabin, yongeye kwibutsa umufasha we Murungi Raissa ko amukunda cyane.
Umuryango.rw
Perezida Gnassingbé yaganiriye na Museveni ku mutekano w’akarere
Cameroon:Ubu kuganira ku buzima bwa Perezida Paul Biya byagizwe icyaha
U Burusiya bwarashe undi mujyi munini wa Ukraine
Kirehe: Hamaze kuboneka miliyoni 300 Frw muri miliyari 12 Frw yo kubaka isoko rya Nyakarambi
Ubutumwa bwa Gen Muhoozi bwongeye kurikoroza mu Nteko ya Uganda
Abaminisiti 5,ba Guverineri 4 na Meya w’umujyi wa Kigali basobanuye ibyerekeye gusenyera abaturage
Chairman wa APR FC yasabye abakinnyi kuzakuba kabiri imbaraga bakoresheje imbere ya Pyramids FC
Musanze: Amatsinda y’abagore ni igisubizo ku mafaranga y’ishuri
Besigye yashinjwe gushaka guhirika ubutegetsi nyuma yo gushimutirwa muri Kenya
Murungi Sabin yongeye kwibutsa umugore we Murungi Raissa ko amukunda uruzira uburyarya