Umuhungu w’umuhanzi Ngarambe François, witwa Ngarambe Rwema Daniel, yageneye se umubyara ubutumwa bwuje amarangamutima ku isabukuru ye amubwira ko ari we rugero rwiza kuri we n’umuryango wabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umuhungu wa Ngarambe François yizihije isabukuru ya se mu marangamutima
4 December 2025, by ISIMBI Estella -
Umuntu agomba kunywa amazi angana ate ku munsi? (Igice cya kabiri)
8 February, by Angeline MUKANGENZINta bimenyetso byinshi byerekana ko kunywa amazi arenze ayo umubiri wawe usaba bigira inyungu zihariye, uretse kwirinda kugira umwuma (dehydration). Ariko nanone, ubushakashatsi bwerekana ko kwirinda n’umwuma bifite inyungu zikomeye ku buzima.
-
Ostiz Paula yegukanye Umudali wa Zahabu mu Isiganwa ry’abangavu U 19 (Amafoto)
27 September 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Espagne, Ostiz Paula yegukanye umudali wa zahabu nyuma yo kwegukana isiganwa ry’abakobwa batarengeje imyaka 19 muri Shampiyona y’Isi y’Amagare, aho yakoresheje amasaha abiri, iminota 9 n’amasegonda 19.
-
Hatangajwe icyagaragaye mu kiyobyabwenge kimaze kwica abantu 17 mu byumweru bibiri mu Rwanda
18 February, by Angeline MUKANGENZIUbushinjacyaha bw’u Rwanda buratangaza ko ipimwa ryakorewe ikiyobyabwenge cyo mu bwoko bwa kanyanga kimaze guhitana ubuzima bw’abantu 17 mu Karere ka Bugesera, ryagaragaje ko cyarimo ikinyabutabire cy’uburozi cyo mu bwoko bwa Methanol.
-
AU igiye gukoresha ubumenyi bw’u Rwanda mu by’isanzure mu kwirinda ibiza muri Afurika
19 September 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe Isanzure, RSA, cyinjiye mu mikoranire n’Ikigo cy’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, gifasha za guverinoma gukumira no guhangana n’ingaruka z’ibiza muri Afurika (African Risk Capacity Agency: ARC), hagamijwe guhangana n’ingaruka z’ibiza hisunzwe amashusho ya satelite.
-
Ibinyamakuru byo muri RDC byabujijwe gutangaza inkuru za Kabila n’ishyaka rye
3 June 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’urwego rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe kugenzura imikorere y’ibinyamakuru n’imiyoboro y’itumanaho (CSAC), Christian Bosembe, yabujije ibinyamakuru gutangaza inkuru za Joseph Kabila n’ishyaka rye, PPRD.
-
"Ndasaba ikigongwe" – Aimable Karasira mu isozwa ry’urubanza rwe yatakambye
10 July 2025, by Joseph IradukundaMu gusoza iburanisha ry’urubanza ruregwamo Aimable Karasira wahoze ari umwalimu muri Kaminuza y’u Rwanda, kuri uyu wa kane ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa imyaka 30, we ahawe umwanya yavuze ko asaba imbabazi umuryango Nyarwanda n’ababa barakomerekejwe n’amagambo yavuze.
-
Niba ubutegetsi buhindutse n’uko yita kuri Afurika bigomba guhinduka - Perezida Kagame kuri Amerika
9 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yatangaje ko yizeye impinduka nyinshi ku butegetsi bwa Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, by’umwihariko ku bijyanye n’uko iki gihugu cy’igihangange cyitwara mu bibazo byo mu Burasirazuba bwa Repubukika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC.
-
Uwari umaze amezi atatu ari umujyanama wa Trump mu by’umutekano agiye gusimbuzwa
2 May 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye gukura Mike Waltz ku mwanya w’umujyanama we mu by’umutekano nyuma y’amezi atatu amuhaye izi nshingano
-
Ibidasanzwe kuri Dr Iyamuremye Augustin wakamiwe n’ingoma 3 akanigisha abakomeye
8 December 2022, by Dusingizimana RemyDr Iyamuremye Augustin wari umaze imyaka 3 ari Perezida wa Sena y’u Rwanda yeguye kuri izi nshingano ndetse no ku zo kuba umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda.
Kuri uyu wa 08 Ukuboza 2022,nibwo Dr Iyamuremye Augustin yashyize hanze ibaruwa y’ubwegure bwe avuga ko abitewe n’uburwayi.
Muri iyi baruwa yavuze ko yeguye ku mwanya w’ubuyobozi bwa sena no ku busenateri kubera impamvu z’uburwayi akaba akeneye gufata umwanya wo gukomeza kwivuza bitabangamiye inshingano ashinzwe. (…)
Umuryango.rw
Umuhungu wa Ngarambe François yizihije isabukuru ya se mu marangamutima
Ostiz Paula yegukanye Umudali wa Zahabu mu Isiganwa ry’abangavu U 19 (Amafoto)
AU igiye gukoresha ubumenyi bw’u Rwanda mu by’isanzure mu kwirinda ibiza muri Afurika
Ibinyamakuru byo muri RDC byabujijwe gutangaza inkuru za Kabila n’ishyaka rye
"Ndasaba ikigongwe" – Aimable Karasira mu isozwa ry’urubanza rwe yatakambye
Niba ubutegetsi buhindutse n’uko yita kuri Afurika bigomba guhinduka - Perezida Kagame kuri Amerika
Uwari umaze amezi atatu ari umujyanama wa Trump mu by’umutekano agiye gusimbuzwa
Ibidasanzwe kuri Dr Iyamuremye Augustin wakamiwe n’ingoma 3 akanigisha abakomeye