Abantu barindwi baguye mu mpanuka y’indege y’imizigo yiteguraga kogoga ikirere iva ku kibuga cy’indege cya Louisville i Kentucky muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) nkuko byemejwe na Guverineri w’iyo Ntara, Andy Beshear.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
USA: Abantu 7 baguye mu mpanuka y’indege i Kentucky
5 November 2025, by ISIMBI Estella -
RDC yakiriye abasirikare bayo bahungiye muri Uganda ubwo AFC/M23 yafataga Goma
18 November 2025, by ISIMBI EstellaIgisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 17 Ugushyingo 2025 cyakiriye abasirikare bacyo bahungiye muri Uganda mu mezi 10 ashize ubwo ihuriro AFC/M23 ryafataga Umujyi wa Goma.
-
Brice Oligui Nguema yatsinze amatora ya Perezida muri Gabon
14 April 2025, by ISIMBI EstellaMuri Gabon, Brice Clotaire Oligui Nguema yatsinze amatora ya Perezida wa Repubulika n’amajwi 90.35%, nk’uko byagaragaye mu mibare y’agateganyo yatangajwe mu masaha y’umugoroba ku Cyumweru tariki 13 Mata 2025, itangajwe na Minisiteri y’Umutekano imbere mu gihugu.
-
Nisanze nkunda umuziki we agakunda amakuru – Niyonshuti Tricia wa Tom Close
1 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango wa Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close wasangije abitabiriye amasengesho y’urubyiruko yo gusengera Igihugu azwi nka Young Leaders Prayer Breakfast urugendo rw’imyaka 12 bamaze bubatse urugo n’ibyabafashije kugira urugo rwiza.
-
Ibyihariye ku umugore ufite ubwoko bw’amaraso yihariye wenyine ku Isi
9 July 2025, by Joseph IradukundaMu Kirwa cy’u Bufaransa cya Guadeloupe, habonetse umugore ufite ubwoko bw’amaraso yihariye wenyine ku Isi, buhabwa izina rya ‘Gwada négatif’.
-
Umuhanzikazi w’ikirangirire yababajwe n’ibyo umugabo we yakoze batabyumvikanyeho
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzikazi w’Umunyamerika, akaba n’umukinnyi wa Filimi, Halle bailey; yagaragaje ko atishimiye kubona umwana we mu kiganiro cyatambutse imbonankubone kuri Televiziyo, ubwo yari kumwe n’umugabo we DDG utari wabimumenyesheje.
-
Bamaze imyaka 18 barabuze urubyaro none AI yabagobotse barasama
4 July 2025, by Joseph IradukundaAbashakashatsi bifashishije ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI) mu gufasha umuryango wari umaze imyaka 18 warabuze urubyaro.
-
Perezida Xi w’u Bushinwa ashobora gusura Amerika mu guhosha intambara y’ubucuruzi
31 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko mbere y’uko umwaka wa 2025 urangira azagirira uruzinduko mu Bushinwa, ndetse na mugenzi we, Xi Jinping agasura Amerika.
-
Rusizi: Uwakubitiwe mu nama akekwaho kuroga afite impungenge zo kugirirwa nabi
5 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmukecuru wo mu Murenge wa Muganza mu Karere ka Rusizi, uherutse gukubitwa n’abaturage mu nama bamushinja kuroga, aravuga ko nta mutekano afite mu gihe bamwe mu bamukubise bavuga ko bari babirangiwemo umuti kandi ko nyuma baje gukira ubu bakaba basaba ubuyobozi kumwirukana mu Mudugudu nabwo bukavuga ko bidashoboka.
-
Uburusiya bwatangaje batatu bacyekwaho kurasa Lt Gen Vladimir Alexeyev
9 February, by Angeline MUKANGENZIUburusiya buvuga ko bwatahuye abacyekwa batatu bashinjwa kugira uruhare mu iraswa ry’umusirikare ukomeye w’Uburusiya, Liyetona Jenerali (Lt Gen) Vladimir Alexeyev.
Umuryango.rw
USA: Abantu 7 baguye mu mpanuka y’indege i Kentucky
RDC yakiriye abasirikare bayo bahungiye muri Uganda ubwo AFC/M23 yafataga Goma
Brice Oligui Nguema yatsinze amatora ya Perezida muri Gabon
Nisanze nkunda umuziki we agakunda amakuru – Niyonshuti Tricia wa Tom Close
Ibyihariye ku umugore ufite ubwoko bw’amaraso yihariye wenyine ku Isi
Umuhanzikazi w’ikirangirire yababajwe n’ibyo umugabo we yakoze batabyumvikanyeho
Bamaze imyaka 18 barabuze urubyaro none AI yabagobotse barasama
Perezida Xi w’u Bushinwa ashobora gusura Amerika mu guhosha intambara y’ubucuruzi
Rusizi: Uwakubitiwe mu nama akekwaho kuroga afite impungenge zo kugirirwa nabi