Urukiko Rukuru rwa Kigali rwashimangiye igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 2 Frw byakatiwe umunyamideli Turahirwa Moses.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Urukiko rwashimangiye ko Turahirwa Moses afungwa imyaka itatu
1 April, by ISIMBI Estella -
Munyakazi Sadate : Nigeze gukena kugera ku rwego ngurisha intebe zo mu nzu
15 May 2025, by Gladiator OGUmunyemari akaba n’umuherwe Munyakazi Sadate yatangaje ko hari ibihe bibi yagize mu buzima bwe kugera ku rwego yakennye bikaba ngombwa ko agurisha intebe zo mu nzu kugirango abashe kuba yabona amafaranga.
-
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje uburiganya bw’umunyamakuru w’Umubiligi wangiwe kwinjira mu Rwanda
20 September 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko umunyamakuru w’ikinyamakuru VRT cyo mu Bubiligi, Stijn Vercruysse, yagerageje gukoresha uburiganya kugira ngo abone uko yinjira mu Rwanda mu gihe rwitegura shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare.
-
Perezida w’Inzibacyuho wa Venezuela arambiwe guhabwa amabwiriza na Amerika
27 January, by ISIMBI EstellaPerezida w’inzibacyuho wa Venezuela, Delcy Rodríguez, yatangaje ko yahaze amabwiriza aturuka i Washington D.C, mu gihe agihanganye no kongera guhuza abatuye iki gihugu nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifashe uwari Perezida wacyo, Nicolás Maduro
-
U Burusiya ntibubona ko amakimbirane y’u Rwanda na RDC azakemuka mu gihe impamvu muzi zitakwitabwaho
21 January, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yatangaje ko bigoye ko amakimbirane y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakemuka mu gihe impamvu muzi zitakwitabwaho.
-
Perezida wo muri Afurika yahamagaye Macron amubaza niba yakorewe coup d’état
18 December 2025, by ISIMBI EstellaPerezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yatangaje ko hari umukuru w’igihugu cyo muri Afurika wamuhamagaye amubaza niba mu gihugu cye habaye ihirikwa ry’ubutegetsi bwe, biturutse ku makuru y’ibihuha yari yabonye kuri Facebook.
-
Uyu mwaka umaze kubamo impanuka 9,000 zahitanye nibura 350
31 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuva muri Mutarama kugeza muri uku kwezi k’Ukuboza 2024, mu Rwanda habaye impanuka zo mu muhanda zisaga ibihumbi 9 zirimo izahitanye ubuzima bw’abantu 350.
-
Iyanya yahishuye uko yagiye ku rubyiniro nyuma y’iminota ine nyina yitabye Imana
14 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi w’Umunya-Nigeria, Iyanya Onoyom Mbuk, uzwi cyane ku izina rya Iyanya, yavuze uburyo yahuye n’ibigeragezo bikomeye byatumye agira ibihe bibi kurusha ibindi mu buzima bwe, aho yabuze ababyeyi be bombi ndetse n’umuvandimwe we mu gihe kitageze no ku myaka ibiri.
-
I Goma bank zigiye kongera gufungura imiryango
6 April 2025, by Angeline MUKANGENZIIbikorwa by’amabanki bigiye kongera gufungura mu Mujyi wa Goma nyuma y’amezi abiri bihahagaze nyuma y’uko Inyeshyamba za AFC/M23 zihigaruriye mu mpera za Mutarama.
-
Rutsiro: Batatu bahitanywe n’ikirombe kimaze amezi 7 gifunzwe
17 October 2025, by ISIMBI EstellaBikorimana Jean de Dieu w’imyaka 21, Ndacyayisenga Damascène w’imyaka 26 na Nibayavuge Daniel wa 43, bahitanywe n’ikirombe kimaze amezi arindwi gihagaritswe, cyagwiriye umwe acukuramo amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko, abandi kikabagwira bagiye kumutabara.
Umuryango.rw
Urukiko rwashimangiye ko Turahirwa Moses afungwa imyaka itatu
Munyakazi Sadate : Nigeze gukena kugera ku rwego ngurisha intebe zo mu nzu
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje uburiganya bw’umunyamakuru w’Umubiligi wangiwe kwinjira mu Rwanda
Perezida w’Inzibacyuho wa Venezuela arambiwe guhabwa amabwiriza na Amerika
U Burusiya ntibubona ko amakimbirane y’u Rwanda na RDC azakemuka mu gihe impamvu muzi zitakwitabwaho
Perezida wo muri Afurika yahamagaye Macron amubaza niba yakorewe coup d’état
Uyu mwaka umaze kubamo impanuka 9,000 zahitanye nibura 350
Iyanya yahishuye uko yagiye ku rubyiniro nyuma y’iminota ine nyina yitabye Imana
I Goma bank zigiye kongera gufungura imiryango
Rutsiro: Batatu bahitanywe n’ikirombe kimaze amezi 7 gifunzwe