Mu gihugu cya Brazil, haravugwa inkuru idasanzwe y’umugore n’umugabo babanye imyaka irindwi, bafitanye umwana w’umukobwa, ariko nyuma bakaza gusanga ari abavandimwe bahuje nyina.
Abo ni Adriana na Leandro, bombi bakuriye mu buzima bugoye kuko bari barataye imiryango bakiri bato. Nyuma yo gukura, barahuye, barakundana, bakora ubukwe, bubaka urugo, ndetse barabyarana umwana.
Ibyo byose byaje guhinduka ku munsi umwe ubwo Adriana yitabiraga ikiganiro cya radiyo cyagenewe gufasha abantu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Birababaje Umugabo yamenye ko umugore we ari mushiki we nyuma y’imyaka 7 babana
29 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Mali: Perezida yirukanye Minisitiri w’Intebe n’abagize guverinoma
21 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Inzibacyuho wa Mali, Général Assimi Goïta, yirukanye Minisitiri w’Intebe w’icyo gihugu, Choguel Kokalla Maiga ndetse n’abandi bari bagize guverinoma y’icyo gihugu.
-
Ambasaderi w’u Bufaransa ashimangira ko abanyamakuru bari ku isonga mu kurwanya urwango
28 April, by ISIMBI EstellaAmbasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda, Aurélie Royet-Gounin, ashimangira ko kurwanya amakuru y’ibihuha n’imvugo z’urwango ari ingenzi cyane by’umwihariko mu byanyamakuru nk’abantu bizerwa n’abaturage.
-
AFC/M23 igenzura ubutaka bufite ubuso burenga kilometero kare ibihumbi 34
30 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yatangaje ko rigenzura ubutaka bufite ubuso burenga kilometero kare ibihumbi 34.
-
Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ihuza Ubwongereza na Afurika
20 January 2020, by Martin MunezeroUmukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame ari i Londres mu Bwongereza, aho yitabiriye inama irahuza Ubwongereza na Afurika iteganyijwe gutangira kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Muatarama 2020.
-
AFC/M23 ikomeje gufatira abarwanyi ba FDLR mu mukwabu wakangaranyije benshi
14 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAbarwanyi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bamaze iminsi bagaragara ku ngo z’abaturage mu bice bitandukanye by’umujyi wa Goma, bashakisha abahungabanya umutekano wawo ndetse n’abandi babitse intwaro.
-
Inama y’abaminisitiri yemeje impinduka mu misoro, inihanganisha imiryango y’abishwe n’ibisasu bya RDC
11 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInama y’abaminisitiri yateranye ku wa 10 Gashyantare 2025, yemeje imishinga y’amategeko n’amateka harimo ayerekeye imisoro n’amahoro mu rwego rwo kongera ubushobozi bw’Igihugu bwo gushyira mu bikorwa Gahunda y’Igihugu yo Kwihutisha Iterambere (NST2), inamenyeshwa iby’imirwano iherutse kubera i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC.
-
Umwami Charles III mu rugendo rwitezweho kuzahura umubano w’u Bwongereza na Amerika
27 April, by Angeline MUKANGENZIUmwami w’u Bwongereza Charles III n’Umwamikazi Camilla bagiye gusura Amerika mu ruzinduko rw’iminsi ine rugamije kuzahura umubano hagati ya Amerika n’u Bwongereza.
-
DRC: Félix Tshisekedi ategerejwe i Kisangani
23 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa DRC kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 23 Ukwakira 2024,ategerejwe mu mujyi wa Kisangani.
-
Ed Sheeran yasabye imbabazi umutoza wa Manchester United
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi Ed Sheeran, yasabye imbabazi umutoza wa Manchester United, Ruben Amorim nyuma y’uko amurogoye bigatuma ikiganiro yagiranaga n’itangazamakuru gihagarara.
Umuryango.rw
Birababaje Umugabo yamenye ko umugore we ari mushiki we nyuma y’imyaka 7 babana
Mali: Perezida yirukanye Minisitiri w’Intebe n’abagize guverinoma
Ambasaderi w’u Bufaransa ashimangira ko abanyamakuru bari ku isonga mu kurwanya urwango
AFC/M23 igenzura ubutaka bufite ubuso burenga kilometero kare ibihumbi 34
AFC/M23 ikomeje gufatira abarwanyi ba FDLR mu mukwabu wakangaranyije benshi
Inama y’abaminisitiri yemeje impinduka mu misoro, inihanganisha imiryango y’abishwe n’ibisasu bya RDC
DRC: Félix Tshisekedi ategerejwe i Kisangani
Ed Sheeran yasabye imbabazi umutoza wa Manchester United