Umunyamakuru Mutesi Scovia washinze akanaba Umuyobozi Mukuru w’ikinyamakuru cyandika cyitwa Mama Urwagasabo gifite na shene ya YouTube, yatangaje ko guhera mu mwaka utaha wa 2025 azatangiza televiziyo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umunyamakuru Mutesi Scovia agiye gushinga Televiziyo
31 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
U Rwanda ruzatangira gupima Mburugu hifashishijwe uburyo bwa ‘rapid test’ mu 2026
6 August 2025, by Joseph IradukundaU Rwanda ruri mu myiteguro yo gutangiza uburyo bwo gupima mburugu butanga ibisubizo byihuse (rapid test) bitarenze mu ntangiriro za 2026.
-
Perezida Zelensky yabwiye Minisitiri w’Intebe wa Hongrie ko ashyira imbere inda
15 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yandagaje Minisitiri w’Intebe wa Hungary, Viktor Orban avuga ko aho gutekereza uburyo bwa gisirikare u Burayi bwakumiramo u Burusiya, ahubwo ahugiye ku gutekereza uko ‘yakuza inda ye’.
-
Inganda zikora udupfukamunwa zirataka igihombo gikabije nyuma y’aho udusaga miliyoni 3 tubuze isoko
5 June 2020, by Dusingizimana RemyAbafite inganda zikora udupfukamunwa bahawe ibyangombwa baremeza ko bamaze igihe kirenga ibyumweru bibiri bahagaritse kudukora bitewe no kutabona abaguzi batwo.
-
U Burusiya: Abapolisi babiri baguye mu gitero cyagabwe i Moscow
24 December 2025, by ISIMBI EstellaAbantu batatu barimo Abapolisi babiri baguye mu iturika ry’igisasu ryabereye mu Murwa Mukuru w’u Burusiya; Moscow.
-
Abimukira ibihumbi 30 000 u Rwanda rugiye kwakira umwe aherekereshwa miliyoni hafi 3
28 November 2017, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda iherutse gutangaza ko yiteguye kwakira abimukira ibihumbi 30 mu rwego rwo gushakira umuti ikibazo cy’ abimukira kimaze kuba ingorabahizi mu Isi.
Buri mwimukira wemeye kuva muri Israel ahabwa ibihumbi 3 500 by’ amadorali y’ Amerika nk’ uko byatangajwe na Sigal Rozen, Umunya Isahel uharanira uburenganzira bwa muntu.
Ibi byatangajwe nyuma y’ inkuru ya televiziyo y’ Abanyamerika CNN yagaragaje icuruzwa ry’ abirabura rikorerwa muri Libya.
Nk’ uko BBC yabitangaje kuri (…) -
NASA yagaruye ku Isi igitaraganya abashakashatsi bayo kubera umwe warwaye
10 January, by ISIMBI EstellaIkigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iby’Isanzure, NASA, cyafashe umwanzuro wo kugarura ku Isi hakiri kare itsinda ry’abashakashatsi bari mu isanzure nyuma y’uko hagaragaye ikibazo cy’uburwayi bw’umwe muri bo ubwo yari kuri Station Mpuzamahanga iri mu isanzure.
-
U Rwanda rwakiriye abacanshuro bayamanitse i Goma
29 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu mupaka munini uhuza u Rwanda na DRC wa La Corniche, hakiriwe abakozi ba Banki y’Isi n’Abacanshuro b’abazungu bagiyee gufatanya na FARDC kurwanya inyeshyamba za M23 zafashe Umujyi wa Goma kuva kuwa Mbere, itariki 27 Mutarama 2025.
-
Umutesi Magnifique yaguzwe na Simba SC yo muri Tanzania
16 August 2025, by ISIMBI EstellaUmutesi Uwase Magnifique ukinira Indahangarwa WFC yamaze kumvikana na Simba Queens yasinyiye amasezerano y’imyaka ibiri.
-
Brig Gen Gahungu akurikiranyweho gutuka Perezida Ndayishimiye
25 August 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’u Burundi rushinzwe iperereza (SNR) rukurikiranye kuri Brig Gen Gahungu Bertin ibyaha birimo gutuka Umukuru w’Igihugu, Perezida Evariste Ndayishimiye.
Umuryango.rw
Umunyamakuru Mutesi Scovia agiye gushinga Televiziyo
U Rwanda ruzatangira gupima Mburugu hifashishijwe uburyo bwa ‘rapid test’ mu 2026
Perezida Zelensky yabwiye Minisitiri w’Intebe wa Hongrie ko ashyira imbere inda
U Burusiya: Abapolisi babiri baguye mu gitero cyagabwe i Moscow
NASA yagaruye ku Isi igitaraganya abashakashatsi bayo kubera umwe warwaye
U Rwanda rwakiriye abacanshuro bayamanitse i Goma
Umutesi Magnifique yaguzwe na Simba SC yo muri Tanzania
Brig Gen Gahungu akurikiranyweho gutuka Perezida Ndayishimiye