Umushoramari wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Elon Musk, yatangaje ko Afurika y’Epfo ifite amategeko ashingiye ku irondaruhu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Elon Musk yashinje Afurika y’Epfo irondaruhu
3 April, by ISIMBI Estella -
Mujawamariya Jeanne d’Arc ni muntu ki?
27 July 2024, by AHISHAKIYE EmmanuelTaili ya 12 Kamena uyu mwaka wa 2024 nibwo Mujawamariya Jeanne d’Arc yagizwe Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo avuye muri Minisiteri y’Ibidukikije. Gusa kugeza ubu amazi ntakiri yayandi kuko ubu ntabwo akibarizwa muri izo nshingano. Byagenze gute? Ubundi Mujawamariya ni muntu ki?
-
Lamine Bah wa APR FC yakoze ubukwe n’umukunzi we Adiarratou Traoré–AMAFOTO
23 June 2025, by ISIMBI EstellaKu Cyumweru itariki 22 Kamena 2025 ni bwo hagiye hanze amafoto ya Mahamadou Lamine Bah ukinira APR FC mu kibuga hagati yakoze ubukwe n’umukunzi we Adiarratou Traoré.
-
Loni yatangaje ko Iran igifite ubushobozi bwo gukora ibisasu bya nucléaire
29 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Umuryango w’Abibumbye gishinzwe kugenzura ingufu za kirimbuzi (IAEA) cyatangaje ko Iran ifite ubushobozi bwo kongera gutunganya uranium ku rwego rwo kuyibyazamo intwari za nucléaire.
-
Umugore ufite Tatuwaje umubiri wose yatangaje isi
27 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAmber w’imyaka 28 uzwi nka “Dragon Girl,” yashyize hanze ifoto itangaje y’uko yari ameze afite imyaka 20 atari yashyira tatuwaje ku umubiri we wose, ibintu byatangaje abamubonye.
Uyu mugore w’umunyamideli ukomoka i Brisbane ubu afatwa nk’umugore ufite tatuwaje nyinshi cyane aho 99% by’umubiri we batakagijwe n’ibishushanyo.
Amber yatangaje ko amaze gushora arenga $280,000 arenga miliyoni 300 Frw mu gushyiraho izo tatuwaje ku mubiri we.
Mu myaka icyenda ishize yagiye ahindura isura (…) -
Trump ashobora kwiyunga na Elon Musk
12 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora kubabarira umukire wa mbere ku Isi, Elon Musk, nyuma y’uko aba bagabo bombi bateranye amagambo mu cyumweru gishize.
-
Niba ubutegetsi buhindutse n’uko yita kuri Afurika bigomba guhinduka - Perezida Kagame kuri Amerika
9 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yatangaje ko yizeye impinduka nyinshi ku butegetsi bwa Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, by’umwihariko ku bijyanye n’uko iki gihugu cy’igihangange cyitwara mu bibazo byo mu Burasirazuba bwa Repubukika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC.
-
Ostiz Paula yegukanye Umudali wa Zahabu mu Isiganwa ry’abangavu U 19 (Amafoto)
27 September 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Espagne, Ostiz Paula yegukanye umudali wa zahabu nyuma yo kwegukana isiganwa ry’abakobwa batarengeje imyaka 19 muri Shampiyona y’Isi y’Amagare, aho yakoresheje amasaha abiri, iminota 9 n’amasegonda 19.
-
Amerika ishaka ko Ukraine iharira u Burusiya Donbas yose
26 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje ko kugira ngo intambara ihagarare ndetse bakomeze kurindirwa umutekano na nyuma yayo, bagomba guharira u Burusiya igice cya Donbas.
-
Uburusiya bwashyizeho itsinda ry’igisirikare rishinzwe gukoresha ’drones’
13 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo z’u Burusiya zashyizeho itsinda ry’Igisirikare ryihariye, rishinzwe gukoresha ’drones’ no gukurikirana ikoranabuhanga ryayo, mu rwego rwo kongera ubushobozi muri iki cyiciro gisigaye gifashe runini mu ntambara zigezweho.
Umuryango.rw
Mujawamariya Jeanne d’Arc ni muntu ki?
Lamine Bah wa APR FC yakoze ubukwe n’umukunzi we Adiarratou Traoré–AMAFOTO
Loni yatangaje ko Iran igifite ubushobozi bwo gukora ibisasu bya nucléaire
Umugore ufite Tatuwaje umubiri wose yatangaje isi
Trump ashobora kwiyunga na Elon Musk
Niba ubutegetsi buhindutse n’uko yita kuri Afurika bigomba guhinduka - Perezida Kagame kuri Amerika
Ostiz Paula yegukanye Umudali wa Zahabu mu Isiganwa ry’abangavu U 19 (Amafoto)
Uburusiya bwashyizeho itsinda ry’igisirikare rishinzwe gukoresha ’drones’