Abaperezida ba Afrika ni bamwe mu bayobozi berekana imideli ku isi mu mateka yabayobozi. Bose bafatana uburemere imyambarire kuko isa nk’aho yinjiye mu buzima bwa politiki. Aba ba perezida bazi akamaro k’imyumvire ya rubanda kandi bashyiramo ingufu mu kugaragara neza kuri buri gikorwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abaperezida 10 b’Abanyafurika b’ibihe byose bambara neza,Perezida Kagame aza ku mwanya wa 2[AMAFOTO]
20 November 2020, by Martin Munezero -
Urwego rw’ubuzima rwashowemo miliyari 948.5 Frw mu myaka 2
27 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) itangaza ko urwego rw’ubuzima rwashyizwemo agera kuri miliyari 948.5 z’amafaranga y‘u Rwanda mu mwaka wa 2020/2021 kugeza 2022/2023, hagamijwe kurushaho kuruteza imbere.
-
Ayra Starr yavuze ko gukina filime bwa mbere byatumye arushaho kubaha abakinnyi
30 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi w’Umunya-Nigeria, Ayra Starr, wahataniye ibihembo bya Grammy, yatangaje ko gukina muri filime ye ya mbere byamusigiye isomo ryo kubaha bikomeye abakinnyi ba filime, abona ko akazi bakora gasaba ubushishozi, ubwitange n’umurava w’ikirenga.
-
ITANGAZO RUSANGE RYEREKEYE GUSUBIZA ISOSIYETE MU GITABO CY’AMASOSIYETE
2 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHashingiwe ku ngingo ya 287 y’itegeko No 007/2021 ryo kuwa 05/02/2021 rigenga amasosiyete y’Ubucuruzi,Umwanditsi mukuru aramenyesha abantu bose ko yasabwe kongera kwandika mu gitabo cy’Amasosiyete Isosiyete yitwa TACT Construction Ltd ifite Numero/TIN 108178771
Ku bindi bisobanuro soma itangazo rirambuye aho hasi -
Ariana Grande yongeye kugaragaza ko adashyigikiye imiyoborere ya Trump
29 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi Ariana Grande yongeye kugaragaza ko atishimira ubuyobozi bwa Donald Trump, anibaza impamvu abantu bamutoye bakomeje kumushyigikira.
-
Inama y’abaminisitiri yemeje impinduka mu misoro, inihanganisha imiryango y’abishwe n’ibisasu bya RDC
11 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInama y’abaminisitiri yateranye ku wa 10 Gashyantare 2025, yemeje imishinga y’amategeko n’amateka harimo ayerekeye imisoro n’amahoro mu rwego rwo kongera ubushobozi bw’Igihugu bwo gushyira mu bikorwa Gahunda y’Igihugu yo Kwihutisha Iterambere (NST2), inamenyeshwa iby’imirwano iherutse kubera i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC.
-
Liverpool yagaritswe: Uko imikino ya UEFA Champions League yagenze
1 October 2025, by ISIMBI EstellaLiverpool yatsinzwe na Galatasaray, Real Madrid, Atletico Madrid na Bayern Munich zitsinda ibitego bitanu mu mikino y’Umunsi wa Kabiri wa UEFA Champions League wakinwe mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 30 Nzeri 2025.
-
Nouvelle-Zélande: Umugore akurikiranyweho gutwara umwana nk’umuzigo
5 August 2025, by ISIMBI EstellaPolisi yo muri Nouvelle-Zélande yataye muri yombi umugore ukekwaho icyaha cyo kutita ku mwana, aho basanze yamubitse mu gikapu (valise) kandi akiri muzima.
-
Perezida Trump yemeranyije na Putin gutangira ibiganiro bihagarika intambara muri Ukraine
13 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yagiranye ikiganiro kuri telefoni na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, bemeranya ko bagiye gutangira ibiganiro bigamije guhagarika intambara u Burusiya buhanganyemo na Ukraine.
-
Abahanzi ba Uganda ntibumva uburyo Diamond Platnmuz yishyuwe miliyoni 700 zamashilingi kugirango aze kuririmba kandi bahari
28 May 2025, by Gladiator OGEse mwatuburanye iki ? Ese tuzakore iki ngo natwe duhabwe agacirio? Ibi ni bimwe mu bibazo abahanzi batandukanye bo muri Uganda barimo kwibaza nyuma yo kumenya ko umuhanzi Chibu Dangote Diamond Platnmuz yishyuwe akayabo ka miliyoni 700 za mashilingi ya Uganda kugirango aze kuririmba muri Uganda mu mpera z’icyumweru cyatambutse.
Umuryango.rw
Urwego rw’ubuzima rwashowemo miliyari 948.5 Frw mu myaka 2
Ayra Starr yavuze ko gukina filime bwa mbere byatumye arushaho kubaha abakinnyi
ITANGAZO RUSANGE RYEREKEYE GUSUBIZA ISOSIYETE MU GITABO CY’AMASOSIYETE
Ariana Grande yongeye kugaragaza ko adashyigikiye imiyoborere ya Trump
Inama y’abaminisitiri yemeje impinduka mu misoro, inihanganisha imiryango y’abishwe n’ibisasu bya RDC
Liverpool yagaritswe: Uko imikino ya UEFA Champions League yagenze
Nouvelle-Zélande: Umugore akurikiranyweho gutwara umwana nk’umuzigo
Perezida Trump yemeranyije na Putin gutangira ibiganiro bihagarika intambara muri Ukraine
Abahanzi ba Uganda ntibumva uburyo Diamond Platnmuz yishyuwe miliyoni 700 zamashilingi kugirango aze kuririmba kandi bahari