Kenshi cyane abagore n’abakobwa batinya kuvuga ibyiyumviro byabo ku basore cyangwa abagabo bakunda, rimwe na rimwe bakanatekereza ko nibabivuga abo basore barahita babanga, kuko benshi mu basore ntibakunda abakobwa cya abagore babiteretera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibimenyo byakwereka ko umukobwa ya gukunze
13 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amerika yarashe ikirwa gifatwa nk’umutima w’ubukungu bwa Iran
14 March, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, mu ijoro ryo ku wa 13 Werurwe 2026 yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zasenye ibirindiro by’ingabo za Iran biri ku kirwa cya Kharg gifatwa nk’umutima w’ubukungu bwa Tehran.
-
Ubutumwa bwawe bwangaruriye inzibutso nyinshi- Kimenyi asubiza Muyango
14 October 2025, by ISIMBI EstellaKimenyi Yves wamenyekanye mu makipe atandukanye harimo AS Kigali yasubije umutumwa bwa Miss Uwase Muyango Claudine amubwira ko ubutumwa yamugeneye bwamugaruriye inzibutso nyinshi mu mubano wabo.
-
Ronwen Williams yatangaje amagambo akomeye mbere yo guhura n’Amavubi
13 October 2025, by ISIMBI EstellaKapiteni w’Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo, Ronwen Williams, yatangaje amagambo akomeye mbere yo guhura n’u Rwanda, ahamya ko ari umukino bagomba gutsinda byanze bikunze kandi bagifite icyizere cyo kujya mu Gikombe cy’Isi cya 2026.
-
Tshisekedi yasubiyemo ko RDC itazagirana ibiganiro na M23
21 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yasubiyemo ko igihugu cye kidateze kwicarana n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu biganiro binyuze mu nzira zitaziguye
-
Papa Francis yunze u Rwanda na Kiliziya Gatolika
21 April 2025, by Angeline MUKANGENZINta gushidikanya ko Papa Fransisiko witabye Imana kuri uyu wa 21 Mata 2025, ari we mushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, wabaniye u Rwanda mu buryo budasanzwe mu myaka 31 ishize.
-
Ingabo z’u Burundi zishe abarwanyi ba FLN zibaziza kwanga kurwana na AFC/M23
14 May 2025, by Angeline MUKANGENZIIngabo z’u Burundi zasubiranyemo n’umutwe witwaje intwaro wa FLN urwanya Leta y’u Rwanda, nyuma y’aho wanze kuzifasha kurwanya ihuriro AFC/M23 rigenzura ibice byinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
EU igiye gutangira kugabanya inkunga igenera Abanya-Ukraine bahunze
19 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ugiye gutangira kugabanya inkunga igenerwa Abanya-Ukraine bahunze intambara ndetse batangire gushishikarizwa gusubira mu gihugu cyabo, bigendanye n’uko intambara iri kugabanya ubukana.
-
U Rwanda na RDC byatangiye kuburana mu rukiko rwa Afurika
12 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuLeta y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo guhera kuri uyu wa 12 Gashyantare 2025 ziri kuburanira mu rukiko rwa Afurika Rushinzwe Uburenganzira bw’Ikiremwamuntu, AfCHPR, rukorera i Arusha muri Tanzania.
-
Umubyeyi wa Niyo Bosco yitabye Imana
24 April 2025, by ISIMBI EstellaNiyo Bosco ari mu gahinda ko gupfusha umubyeyi we (Se umubyara) witabye Imana kuri uyu wa 23 Mata 2025, nk’uko uyu muhanzi yabimenyesheje abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga.
Umuryango.rw
Ibimenyo byakwereka ko umukobwa ya gukunze
Amerika yarashe ikirwa gifatwa nk’umutima w’ubukungu bwa Iran
Ubutumwa bwawe bwangaruriye inzibutso nyinshi- Kimenyi asubiza Muyango
Ronwen Williams yatangaje amagambo akomeye mbere yo guhura n’Amavubi
Tshisekedi yasubiyemo ko RDC itazagirana ibiganiro na M23
Papa Francis yunze u Rwanda na Kiliziya Gatolika
Ingabo z’u Burundi zishe abarwanyi ba FLN zibaziza kwanga kurwana na AFC/M23
EU igiye gutangira kugabanya inkunga igenera Abanya-Ukraine bahunze
U Rwanda na RDC byatangiye kuburana mu rukiko rwa Afurika
Umubyeyi wa Niyo Bosco yitabye Imana