Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutseho 10% kubera ibitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel byagabye kuri Iran.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutseho 10% kubera ibitero Amerika yagabye kuri Iran
2 March, by ISHIMWE Jean de Dieu -
"Ndasaba ikigongwe" – Aimable Karasira mu isozwa ry’urubanza rwe yatakambye
10 July 2025, by Joseph IradukundaMu gusoza iburanisha ry’urubanza ruregwamo Aimable Karasira wahoze ari umwalimu muri Kaminuza y’u Rwanda, kuri uyu wa kane ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa imyaka 30, we ahawe umwanya yavuze ko asaba imbabazi umuryango Nyarwanda n’ababa barakomerekejwe n’amagambo yavuze.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
10 December 2025, by ISIMBI EstellaUmuhesaha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko hateganyijwe ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa.
-
Niba ubutegetsi buhindutse n’uko yita kuri Afurika bigomba guhinduka - Perezida Kagame kuri Amerika
9 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame yatangaje ko yizeye impinduka nyinshi ku butegetsi bwa Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, by’umwihariko ku bijyanye n’uko iki gihugu cy’igihangange cyitwara mu bibazo byo mu Burasirazuba bwa Repubukika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC.
-
Menya byinshi ku wa “Gatanu Mutagatifu” umunsi Abakirisitu bibuka urupfu rwa Yesu ku musaraba
19 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatanu, hirya no hino ku isi abakirisitu bizihiza uwa “Gatanu Mutagatifu” umunsi wibukwa nk’igihe Yesu Kristo, Umucunguzi w’abakirisitu yapfiriye ku musaraba kugira ngo akize abantu ibyaha byabo.
-
Uwari umaze amezi atatu ari umujyanama wa Trump mu by’umutekano agiye gusimbuzwa
2 May 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye gukura Mike Waltz ku mwanya w’umujyanama we mu by’umutekano nyuma y’amezi atatu amuhaye izi nshingano
-
Nyamagabe: Umupasiteri akurikiranweho gusambanya umukobwa utujuje imyaka y’ubukure
24 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe bukurikiranye umu Pasitoro ukekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko wabaga mu rugo rwe.
-
Papa Francis arasohoka mu bitaro nyuma y’ukwezi kurenga
23 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPapa Francis arava mu bitaro bya Gemelli biri i Roma kuri iki Cyumweru kandi azakenera nibura amezi abiri yo kuruhuka i Vatican, nk’uko abaganga barimo kumuvura babitangaje, nyuma yo kwinjira mu bitaro ku itariki 14 Gashyantare afite uburwayi bukomeye bw’ibihaha byombi.
-
Umukino w’Amavubi na Libya wahawe Abasifuzi bo muri Mozambique na Angola
30 October 2024, by Joseph IradukundaAbasifuzi batatu baturuka muri Mozambique n’undi wo muri Angola bahawe gusifura umukino uzahuza u Rwanda na Libya mu kwezi gutaha.
-
Ibihe bikomeye byaranze tariki ya 10 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi
10 April 2025, by Angeline MUKANGENZIInyandiko zigaragaza uko Jenoside yakozwe hirya no hino mu gihugu, zerekana ko ku wa 10 Mata 1994 wari umunsi w’ubwicanyi mu zahoze ari Perefegitura za Kigali Ngari, Gikongoro, Gisenyi, Byumba, Kibungo na Cyangugugu.
Umuryango.rw
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutseho 10% kubera ibitero Amerika yagabye kuri Iran
"Ndasaba ikigongwe" – Aimable Karasira mu isozwa ry’urubanza rwe yatakambye
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
Niba ubutegetsi buhindutse n’uko yita kuri Afurika bigomba guhinduka - Perezida Kagame kuri Amerika
Menya byinshi ku wa “Gatanu Mutagatifu” umunsi Abakirisitu bibuka urupfu rwa Yesu ku musaraba
Uwari umaze amezi atatu ari umujyanama wa Trump mu by’umutekano agiye gusimbuzwa
Nyamagabe: Umupasiteri akurikiranweho gusambanya umukobwa utujuje imyaka y’ubukure
Papa Francis arasohoka mu bitaro nyuma y’ukwezi kurenga
Umukino w’Amavubi na Libya wahawe Abasifuzi bo muri Mozambique na Angola
Ibihe bikomeye byaranze tariki ya 10 Mata 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi