Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisko, yasabye amahanga gucukumbura neza niba Leta ya Israel itari gukora jenoside ku banya-Palestine batuye mu ntara ya Gaza.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Hagenzurwe ko Israel iri gukora Jenoside muri Gaza-Papa Francis
18 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo
22 July 2025, by Joseph IradukundaUbwegure butunguranye bwa Visi-Perezida w’u Buhinde wari unayoboye Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa Sena, Jagdeep Dhankhar bwateje impaka zikomeye n’urujijo haba mu batavuga rumwe n’ubutegetsi n’abandi ku mpamvu ibyihishe inyuma yatumye yegura.
-
Skol yateguye igitaramo gikomeye muri Kigali Universal kizitabirwa na ba Bushali, Riderman, Bulldogg Papa Cyangwe n’Abandi.
14 November 2024, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu taliki 16/11/2024, Skol ibinyujije mu kinyobwa cyayo cya Skol Malt yateguye igitaramo gikomeye kizitabirwa n’abahanzi bakomeye hano mu Rwanda bazwiho guhagurutsa imbaga kizabera muri Kigali Universel (hejuru muri CHIC), imiryango ikazaba ifunguye kuva saa kumi z’umugoroba!
-
Tshisekedi azemera kubarara imbere ya Wazalendo muri Uvira?
12 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari mu rujijo, ntaramenya uruhande ashobora guhitamo hagati y’abarwanyi bo mu ihuriro Wazalendo bakorera muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo n’umusirikare we, Brig Gen Gasita Olivier.
-
Amerika: Ingendo z’indege zirenga 5,000 zahagaritswe
24 February, by Angeline MUKANGENZIkuri uyu wa 23 Gashyantare 2026, Umuyaga ukomeye wibasiye inkombe z’iburasirazuba bwa Amerika uzana urubura rwinshi rwaciye agahigo mu mateka, bituma ubuzima bwa miliyoni z’abantu buhungabana ndetse ibihumbi by’ingendo z’indege bihagarikwa.
-
Isiraheli yagabye igitero gikomeye muri Syria
16 July 2025, by ISIMBI EstellaIsiraheli yatangaje ko ingabo zayo zagabye igitero ku cyicaro gikuru cya Minisiteri y’ingabo muri Syria biri mu murwa mukuru Damascus mu rwego rwo kurengera abo mu bwoko bw’Abadruze, ivuga ko bahohoterwa muri icyo gihugu.
-
Trump yasabye Netflix kwirukana umwe mu bayobozi bayo, imutera utwatsi
25 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ubuyobozi bwa Netflix imaze kubaka izina mu bucuruzi bwa filime n’ibiganiro, kwirukana Susan Rice mu nama y’ubutegetsi yayo.
-
Trump ari gutekereza kwirukana Elon Musk muri Amerika
2 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ubutegetsi bwe buzareba niba bwakwirukana umuherwe Elon Musk ufite ibigo bikomeye birimo Tesla, Space X na X nyuma y’aho bagiranye amakimbirane.
-
Uganda: Minisitiri w’Ingabo mu mazi abira kubera umwenda ukomoka ku basirikare boherejwe muri Somalia
23 July 2025, by ISIMBI EstellaUganda: Minisitiri w’Ingabo mu mazi abira kubera umwenda ukomoka ku basirikare boherejwe muri Somalia
-
Nyanza: Babiri baturikanwe na kanyanga bari batetse, umwe ahasiga ubizima
1 October 2025, by ISIMBI EstellaAbagabo babiri barimo uw’imyaka 35 n’undi w’imyaka 36 basenyukiweho n’inzu kubera kanyanga bari batetse igaturika, umwe muri bo ahita apfa.
Umuryango.rw
Hagenzurwe ko Israel iri gukora Jenoside muri Gaza-Papa Francis
Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo
Skol yateguye igitaramo gikomeye muri Kigali Universal kizitabirwa na ba Bushali, Riderman, Bulldogg Papa Cyangwe n’Abandi.
Tshisekedi azemera kubarara imbere ya Wazalendo muri Uvira?
Isiraheli yagabye igitero gikomeye muri Syria
Trump ari gutekereza kwirukana Elon Musk muri Amerika
Uganda: Minisitiri w’Ingabo mu mazi abira kubera umwenda ukomoka ku basirikare boherejwe muri Somalia
Nyanza: Babiri baturikanwe na kanyanga bari batetse, umwe ahasiga ubizima