Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST) ihangayikishijwe n’ubucucike n’ubwiyongere bw’abagororwa bagana amagororero; bunatuma n’ikiguzi cy’ibibagendaho kizamuka, aho ku munsi hakoreshwa miliyoni 12 Frw mu kubagaburira habazwe ibiryo gusa, mu gihe hakoreshwa asaga miliyari 40 Frw ku mwaka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Miliyoni 12 Frw zikoreshwa mu kugaburira abagororwa buri munsi
3 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Dr. Jane Goodall wahariye ubuzima bwe kurengera inguge yitabye Imana
2 October 2025, by ISIMBI EstellaUmwongerezakazi Dr. Jane Goodall wari warahariye ubuzima bwe kubungabunga inguge nini muri Tanzania no mu bindi bihugu, yitabye Imana ku myaka 91 y’amavuko.
-
U Rwanda na Indonesia baganiriye uko bahangana na kanseri
20 June 2025, by ISIMBI EstellaUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda, Dr. Yvan Butera, uri muri Indonesia, yabonanye na Minisitiri w’Ubuzima muri iki gihugu, Budi Gunadi Sadikin.
-
Perezida wa Senegal yahaye abakinnyi ubutaka n’amafaranga
21 January, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Senegala, Bassirou Diomaye Faye, yahaye abakinnyi ba Senegal ubutuka n’amafaranga nyuma yo gutwara igikombe cy’Afurika bahigitse Marocco ku mukino wa nyuma.
-
Nyamasheke: Batanu bakurikiranyweho urupfu rw’uwabaciriye bari mu kabari
22 January, by ISIMBI EstellaAbantu batanu bo mu Karere ka Nyamasheke barimo na nyir’akabari batawe muri yombi bakekwaho uruhare mu rupfu rwa Nkurikiyumukiza Daniel w’imyaka 44, wasanzwe imbere y’akabari yapfuye.
-
Inyeshyamba za M23 zafashe agace ka Lunyasenge
5 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbarwanyi bar AFC/M23 bigaruriye umujyi wa Lunyasenge muri Gurupoma ya Musindi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru nk’uko byatangajwe na FARDC kuri iki Cyumweru.
-
I Los Angeles hadutse indi nkongi y’umuriro, abarenga ibihumbi 31 basabwa guhunga
23 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInkongi y’umuriro yongeye guca ibintu i Los Angeles muri Leta ya California, aho abaturage barenga ibihumbi 31 basabwe guhunga, abandi ibihumbi 31 babwirwa ko isaha iyo ari yo yose na bo basabwa guhunga.
-
Cardinal wa Congo azitabira inama igiye kubera mu Rwanda
25 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuCardinal Fridollin AMBONGO BESUNGU, Arikiyepiskopi wa Kinshasa akaba na Perezida w’Ihuriro ry’Abepiskopi Muri Afurika na Madagascar (SECAM), ategerejwe i Kigali kuri uyu wa mbere tariki 25 Ugushyingo 2024, aho yitabira Inama ya Komite Ihoraho y’Ihuriro ry’Inama z’Abepiskopi muri Afurika na Madagascar.
Iyi nama kandi izitabirwa n’Abandi Bepiskopi bagera kuri 11 n’abapadiri bafite imirimo inyuranye muri iyi Komite.
Abepiskopi bategerejwe bakaba bazaturuka mu bihugu bya Nigerie, (…) -
Nigeria: Abantu 147 bishwe n’inkongi yatewe n’ikamyo itwaye lisansi
17 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuInkongi y’umuriro yatewe n’impanuka y’ikamyo yari itwaye lisansi yahitanye abantu 147 ikomeretsa abarenga 50 mu Majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Nigeria muri Leta ya Jigawa.
-
John Prescott inshuti y’akadasohoka ya Tony Blair yatabarutse ku myaka 86
21 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuJohn Prescott ni umunyapolitiki w’Umwongereza yavutse tariki 31 Gicurasi 1938, yabaye Visi Minisitiri w’u Bwongereza kuva mu 1997 kugeza mu 2007 muri guverinoma iyobowe na Minisitiri w’Intebe Tony Blair.
Umuryango.rw
Miliyoni 12 Frw zikoreshwa mu kugaburira abagororwa buri munsi
Dr. Jane Goodall wahariye ubuzima bwe kurengera inguge yitabye Imana
U Rwanda na Indonesia baganiriye uko bahangana na kanseri
Perezida wa Senegal yahaye abakinnyi ubutaka n’amafaranga
Nyamasheke: Batanu bakurikiranyweho urupfu rw’uwabaciriye bari mu kabari
Inyeshyamba za M23 zafashe agace ka Lunyasenge
I Los Angeles hadutse indi nkongi y’umuriro, abarenga ibihumbi 31 basabwa guhunga
Cardinal wa Congo azitabira inama igiye kubera mu Rwanda
Nigeria: Abantu 147 bishwe n’inkongi yatewe n’ikamyo itwaye lisansi
John Prescott inshuti y’akadasohoka ya Tony Blair yatabarutse ku myaka 86