Umusonga ni indwara ivurwa igakira ariko iyo irangaranywe ishobora guhitana byihuse umuntu uyirwaye, cyane ko imibare yo mu 2021, yagaragaje ko yahitanye abarenga miliyoni 2.5 hirya no hino ku Isi barimo abana ndetse n’abantu bakuru.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Menya uko ukwiye kwirinda indwara y’umusonga yibasira abato n’abakuze
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Sudani iri mu byago byo guhinduka igihugu cyananiwe kwitegeka-Umuyobozi wa NGO
25 November 2024, by Joseph IradukundaUmukuru w’umuryango ukomeye utanga imfashanyo yabwiye BBC ko igihugu cya Sudani cyashegeshwe n’intambara kiri mu byago byo guhinduka ikindi gihugu cyananiwe kwitegeka kubera ko sosiyete sivile (imiryango itari iya leta) irimo gusenyuka mu gihe imitwe yitwaje intwaro irimo kwiyongera mu buryo bwihuse.
-
Kendrick Lamar yakuyeho agahigo ka Jay-z mu bihembo bya Grammy Awards
2 February, by ISHIMWE Jean de DieuMu bihembo bya Grammy Awards 2026, umuraperi Kendrick Lamar yanditse amateka mashya, aba umuhanzi wa Hip-hop wegukanye ibihembo byinshi kurusha abandi bose mu mateka ya Grammy, aho yarushije Jay-Z wari ufite aka gahigo.
-
Gen Muhoozi yasabye abaturage kwigaragambya bamagana abadepite ba Uganda
23 January 2025, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’Umujyanama wa Perezida Yoweri Museveni mu bikorwa byihariye by’igisirikare, Gen Muhoozi Kainerugaba, yahamagariye abaturage kujya mu myigaragambyo yamagana abadepite.
-
Mali yatangiye kubaka uruganda ruzajya rutunganya Zahabu
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Mali, Général Assimi Goïta, yatangije ku mugaragaro imirimo yo kubaka uruganda ruzajya rutunganya Zahabu y’iki gihugu, mu rwego rwo kongera agaciro kayo kugira ngo ijye yinjiza amafaranga menshi.
-
Uko hirya no hino ku Isi hiriwe, tariki 26 Mata 2018 [AMAFOTO]
26 April 2018, by Nsanzimana ErnestDore amwe mu makuryu yiriwe avugwa mu Rwanda, mu karere no hanze y’ Afurika. Nyuma y’ uko Perezida Emmanuel Macron amaze iminsi itatu Muri Amerika Umuyobozi mukuru w’ Ubudage Angela Merkel nawe agiyeyo.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
23 January 2025, by UbwanditsiMe Nshimiyimana Jean Claude aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu iherereye mu karere ka Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba
Soma itangazo rirambuye aho hasi..... -
Abahawe inshingano nshya bashimiye Perezida Kagame
17 July 2025, by Joseph IradukundaInama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyize abayobozi mu myanya itandukanye. Abahawe inshingano bashimiye Umukuru w’Igihugu wabahaye inshingano nshya.
-
Umutoza wa APR FC yavuze ko adatewe ubwoba na Rayon Sports
8 August 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Maroc Abderrahim Talib utoza APR FC yatangaje ko akurikije imikino yamuhuje n’amakipe y’amakeba aho yanyuze, adatewe ubwoba n’intambara y’amagambo mbere y’uko ahura na Rayon Sports mu mukino wa FERWAFA Super Cup.
-
2025: Ibihugu 10 bya Afurika bifite Igisirikare karahabutaka kurusha ibindi
23 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrubuga Global Firepower rukora ubushakashatsi mu bya gisirikare, mu ntangiriro z’uku kwezi rwasohoye urutonde rwerekana uko ibihugu bitandukanye byo ku Isi birutana mu mbaraga za gisirikare.
Umuryango.rw
Menya uko ukwiye kwirinda indwara y’umusonga yibasira abato n’abakuze
Sudani iri mu byago byo guhinduka igihugu cyananiwe kwitegeka-Umuyobozi wa NGO
Kendrick Lamar yakuyeho agahigo ka Jay-z mu bihembo bya Grammy Awards
Gen Muhoozi yasabye abaturage kwigaragambya bamagana abadepite ba Uganda
Mali yatangiye kubaka uruganda ruzajya rutunganya Zahabu
Abahawe inshingano nshya bashimiye Perezida Kagame
Umutoza wa APR FC yavuze ko adatewe ubwoba na Rayon Sports
2025: Ibihugu 10 bya Afurika bifite Igisirikare karahabutaka kurusha ibindi