Dore amwe mu makuryu yiriwe avugwa mu Rwanda, mu karere no hanze y’ Afurika. Nyuma y’ uko Perezida Emmanuel Macron amaze iminsi itatu Muri Amerika Umuyobozi mukuru w’ Ubudage Angela Merkel nawe agiyeyo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uko hirya no hino ku Isi hiriwe, tariki 26 Mata 2018 [AMAFOTO]
26 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
RDC: Abayobozi b’amadini basabwe gukusanyiriza Wazalendo amaturo
23 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yasabye abayobozi b’amadini n’amatorero bakorera muri iki gihugu, gukusanyiriza amaturo ingabo z’iki gihugu (FARDC) n’Ihuriro ry’imitwe ya Wazalendo.
-
Rutsiro: Batandatu bafunzwe bakekwaho gushinga amarerero ya baringa
12 July 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abaturage batandatu bo mu Karere ka Rutsiro, bakekwaho gukoresha impapuro mpimbano.
-
Umutoza wa APR FC yavuze ko adatewe ubwoba na Rayon Sports
8 August 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Maroc Abderrahim Talib utoza APR FC yatangaje ko akurikije imikino yamuhuje n’amakipe y’amakeba aho yanyuze, adatewe ubwoba n’intambara y’amagambo mbere y’uko ahura na Rayon Sports mu mukino wa FERWAFA Super Cup.
-
Kiliziya yitabaje abapadiri b’uburanga mu kugeza ubutumwa ku rubyiruko
28 July 2025, by ISIMBI EstellaKiliziya Gatolika ku Isi yatumiye i Roma bamwe mu bapadiri basanzwe bakundwa n’abantu ku mbuga nkoranyambaga, kubera uburanga n’imiterere y’imibiri yabo, kugira ngo bafashe urubyiruko kumva neza inyigisho zayo.
-
Abakinnyi ba Nigeria bahisemo kwitahira badakinnye na Libya yabaraje rwantambi
14 October 2024, by Joseph IradukundaAbakinnyi b’ikipe y’Igihugu ya Nigeria batangaje ko batari bukine umukino w’ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika bagombaga guhuriramo na Libya, nyuma yo guhera ku kibuga cy’indege.
-
Umunyezamu Habineza Fils yabonye ikipe i Burayi
22 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyezamu wa Bugesera FC, Habineza Fils François agiye kwerekeza muri Midtjylland FC yo mu Cyiciro cya Mbere muri Denmark.
-
Etincelles FC yahagamye APR FC iyikuraho inota i Rubavu(Amafoto)
29 September 2024, by Joseph IradukundaKuri iki Cyumweru tariki 29 Nzeri 2024, ikipe ya APR FC yanganyirije na Etincelles FC kuri Stade Umuganda 0-0 mu mukino w’umunsi wa gatanu wa shampiyona, ariko wari uwa mbere kuri APR FC.
-
Chairman w’Icyubahiro wa APR FC yahumurije abakinnyi mbere yo guhura na Al Hilal SC
10 February, by ISIMBI EstellaChairman w’Icyubahiro wa APR FC, Gen. Mubarakh Muganga, yahumurije abakinnyi mbere yo guhura na Al Hilal Omdurman abibutsa ko bashoboye bagomba guhatana kugeza ku munsi wa nyuma.
-
U Rwanda rwashimye ubwitabire bw’abafana muri Shampiyona y’Isi y’Amagare
24 September 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yishimiye uko Abanyarwanda bari kwitabira gukurikirana amasiganwa ya Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025 iri kubera mu Rwanda, inashimira abakinnyi bayitabiriye.
Umuryango.rw
RDC: Abayobozi b’amadini basabwe gukusanyiriza Wazalendo amaturo
Rutsiro: Batandatu bafunzwe bakekwaho gushinga amarerero ya baringa
Umutoza wa APR FC yavuze ko adatewe ubwoba na Rayon Sports
Kiliziya yitabaje abapadiri b’uburanga mu kugeza ubutumwa ku rubyiruko
Abakinnyi ba Nigeria bahisemo kwitahira badakinnye na Libya yabaraje rwantambi
Umunyezamu Habineza Fils yabonye ikipe i Burayi
Etincelles FC yahagamye APR FC iyikuraho inota i Rubavu(Amafoto)
Chairman w’Icyubahiro wa APR FC yahumurije abakinnyi mbere yo guhura na Al Hilal SC
U Rwanda rwashimye ubwitabire bw’abafana muri Shampiyona y’Isi y’Amagare