Igisirikare cya Kenya kirwanira mu kirere cyakiriye drones z’intambara zo mu bwoko bwa Bayraktar TB2 zisanzwe zikorwa n’uruganda rwa Baykar Defence rw’Igisirikare cya Türkiye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kenya yaguze Drones z’intambara RDF yigeze kuvugwaho kurambagiza
1 January 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Col. Nganzo wa FARDC yiciwe mu Minembwe
4 March, by Angeline MUKANGENZIColonel Joseph Nganzo Olikwa Tipi wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), yiciwe mu mirwano yasakiranyije FARDC n’abayifasha urugamba n’ihuriro rya Twirwaneho na AFC/M23.
-
U Burusiya bwakomoreye Afurika amadeni ya miliyari 20$
14 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije w’u Burusiya akaba n’Intumwa Yihariye ya Perezida Vladimir Putin mu Burasirazuba bwo Hagati no muri Afurika, Mikhail Bogdanov, yatangaje ko igihugu cye cyakomoreye ibihugu bya Afurika imyenda ifite agaciro ka miliyari 20 z’amadolari ya Amerika.
-
Abasura ababo mu magororero ntibazongera guhaha ibyo babashyira
2 October 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS, rwashyizeho gahunda nshya ifasha abasura ababo bari mu magororero, igaragaza ko ubu bagiye kujya bishyura kuri MOMO aho kujya gutonda umurongo kuri cantine bashaka ibyo bashyira ababo.
-
Rulindo: Polisi yataye muri yombi abantu barindwi bacukuraga zahabu mu buryo butemewe
8 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rulindo ifatanyije n’izindi nzego yataye muri yombi abaturage barindwi bacukuraga zahabu mu buryo butemewe.
-
Rutsiro: Rurageretse hagati y’Akarere na Gitifu w’Umurenge wirukanywe burundu
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAkarere ka Rutsiro kirukanye burundu mu kazi uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Manihira, Basabose Alex, kamuziza gukora inshingano nabi. Ni mu gihe we avuga ko yarenganyijwe kandi yiteguye kwegera inzego zose zireberera abakozi ngo zimurenganure.
-
Perezida Museveni yategetse ko abayobozi bariye amafaranga yagenewe abaturage bafungwa
2 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yategetse Umuyobozi Mukuru wa Polisi guta muri yombi abayobozi bakekwaho kunyereza amafaranga yagenewe abaturage mu gace ka Lango.
-
RDC na AFC/M23 basinye amasezerano yo kugenzura agahenge
3 February, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’umutwe wa AFC/M23 bashyize umukono ku byiswe Terms of Reference (amategeko ngenderwaho) i Doha muri Qatar, bigamije gutanga ububasha ku Muryango Mpuzamahanga w’Ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari (CIRGL) bwo gukurikirana no kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’agahenge.
-
U Bushinwa: Umugabo wigana Trump akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga
14 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugabo witwa Chen Rui ukunda gukoresha urubuga nkoranyambaga rwa TikTok akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga kubera uburyo azi kwigana imivugire n’imikorere ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump.
-
Belarus: Lukashenko, inshuti y’akadasohoka ya Putin agiye kwiyamamariza manda ya karindwi
23 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuTariki ya 26 Mutarama 2025, abanya Belarus bazitabira amatora aho Perezida Alexander Lukashenko azaba yiyamamariza manda ya karindwi.
Umuryango.rw
Kenya yaguze Drones z’intambara RDF yigeze kuvugwaho kurambagiza
Col. Nganzo wa FARDC yiciwe mu Minembwe
U Burusiya bwakomoreye Afurika amadeni ya miliyari 20$
Abasura ababo mu magororero ntibazongera guhaha ibyo babashyira
Rulindo: Polisi yataye muri yombi abantu barindwi bacukuraga zahabu mu buryo butemewe
Rutsiro: Rurageretse hagati y’Akarere na Gitifu w’Umurenge wirukanywe burundu
Perezida Museveni yategetse ko abayobozi bariye amafaranga yagenewe abaturage bafungwa
RDC na AFC/M23 basinye amasezerano yo kugenzura agahenge
U Bushinwa: Umugabo wigana Trump akomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga
Belarus: Lukashenko, inshuti y’akadasohoka ya Putin agiye kwiyamamariza manda ya karindwi