Guverinoma y’u Rwanda yashyize umukono ku masezerano y’ubufatatanye na Brésil mu bijyanye no guteza imbere uburezi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
U Rwanda na Brésil byinjiye mu bufatanye bwo guteza imbere uburezi
20 September 2025, by ISIMBI Estella -
Polisi yo mu Buhinde yahagaritse igitaramo cya Ed Sheeran waririmbiraga ku muhanda
11 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi yo mu Buhinde yahagaritse igitaramo cy’umuhanzi w’Umwongereza, Ed Sheeran, waririmbiraga ku muhanda wo mu Mujyi wa Bengaluru, mu majyepfo y’u Buhinde, ivuga ko yaharirimbiye nta burengenzira yahawe.
-
Inkuru igaragaza ko nubwo ibihe bibi bishobora kuza, urukundo nyakuri rucyibaho
26 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuInkuru yacu twahisemo ko itangirira mu mujyi wa Kigali aho Diane na Kevin bahuriye bwabere. Diane yari umukobwa w’umunyabwenge kandi wiyubaha, naho Kevin yari umuhungu w’umugwaneza kandi utuje. Bashimishijwe n’ibiganiro byabo bagiranye bwa mbere bahura , bityo batangira kugirana umubano wihariye. Uko iminsi yagendaga ishira, urukundo rwabo rwagiye rukura, bamarana umwanya munini basangira ibyishimo n’ibitekerezo byabo by’ahazaza.
Ariko umunsi umwe, ibintu byaje guhinduka. Diane yagiye kwa (…) -
Hateguwe umukino uzahuza abaraperi n’abanyamakuru ba siporo
15 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbaraperi biganjemo abazagaragara mu gitaramo ‘Icyumba cya Rap’ ndetse n’abanyamakuru b’imyidagaduro bagiye gusakirana mu mukino wa gicuti n’ikipe y’abanyamakuru ba siporo mu Rwanda (AJSPOR).
-
Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu
5 February, by Angeline MUKANGENZIGhana na Zambia basinye amasezerano yo gukuraho visa ku baturage b’ibyo bihugu, mu rwego rwo koroshya ingendo no gukomeza guteza imbere ubufatanye hagati yabyo.
-
RDC: Haravugwa impanuka y’Ubwato bwari bwikoreye abarenga 100
18 December 2024, by Joseph IradukundaHari ubwoba bw’uko abantu benshi bapfuye nyuma y’aho ubwato bwari butwaye abagenzi barenga 100 burohamye mu ruzi rwa Fimi ruherereye mu ntara ya Mai Ndombe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Abashakashatsi: Koreya iravugwaho kwagura uruganda rukora misile zikoreshwa n’u Burusiya muri Ukraine
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKoreya ya Ruguru yaguye uruganda rukomeye rukora intwaro, akaba ari narwo ruteranyirizwamo ubwoko bwa misile zifashishwa n’u Burusiya muri Ukraine, nk’uko abashakashatsi b’ibigo by’ubushakashatsi byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika babitangaza, bashingiye ku mafoto yafashwe na satelite.
-
Gisagara: Bane barimo na Gitifu w’Umurenge batawe muri yombi kubera ruswa
29 November 2025, by ISIMBI EstellaPolisi ikorera mu Karere ka Gisagara yataye muri yombi abantu bane barimo n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara bakekwaho ruswa.
-
NYIRASAFARI Liliane yasabye guhindura amazina akitwa UWASE Batsinduka Liliane Darras
17 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwitwa Uwitwa NYIRASAFARI Liliane yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa UWASE Batsinduka Liliane Darras mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa. itangazo riri hano hasi -
Ibihugu bitandatu by’u Burayi byemeye kohereza Ingabo muri Ukraine
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIbihugu bitandatu byo ku mugabane w’u Burayi, byemeje ko bigiye kohereza Ingabo muri Ukraine mu gihe intambara ikomeje hagati y’u Burusiya na Ukraine.
Umuryango.rw
U Rwanda na Brésil byinjiye mu bufatanye bwo guteza imbere uburezi
Polisi yo mu Buhinde yahagaritse igitaramo cya Ed Sheeran waririmbiraga ku muhanda
Inkuru igaragaza ko nubwo ibihe bibi bishobora kuza, urukundo nyakuri rucyibaho
Hateguwe umukino uzahuza abaraperi n’abanyamakuru ba siporo
Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu
RDC: Haravugwa impanuka y’Ubwato bwari bwikoreye abarenga 100
Abashakashatsi: Koreya iravugwaho kwagura uruganda rukora misile zikoreshwa n’u Burusiya muri Ukraine
Gisagara: Bane barimo na Gitifu w’Umurenge batawe muri yombi kubera ruswa
NYIRASAFARI Liliane yasabye guhindura amazina akitwa UWASE Batsinduka Liliane Darras
Ibihugu bitandatu by’u Burayi byemeye kohereza Ingabo muri Ukraine