Umuhanzi Diamond Platinumz, ukunze na benshi mu gihugu cya Tanzania no muri Afurika y’Iburasirazuba yagaragaje agahinda yatewe n’imyigaragambyo iherutse muri Tanzania ubwo habaga amatora y’umukuru w’igihugu yabaye tariki ya 29 Ukwakira 2025 aho urubyiruko rwamaganaga Perezida Suluhu Hassan, asabira igihugu cye amahoro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Diamond yashenguwe n’abigaragambya barwanya Perezida Suluhu
5 November 2025, by ISIMBI Estella -
Amakosa utagomba gukoreshwa n’urukundo.
27 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukundo ni rwiza cyane, ni amwe mu marangamutima ashobora guhindura ubuzima bwawe mu buryo bwiza, ariko na none rushobora kugukoresha amakosa akomeye. N’ubwo ari ibisanzwe gushaka gushimisha umukunzi cyangwa kurinda urukundo rwanyu, hari amakosa amwe aganisha ku ngaruka zikomeye.
-
Trump yasabye ko umuyobozi wa Intel yegura, amushinja imikoranire n’u Bushinwa
8 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Donald Trump yasabye ko Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete ikora ‘chips’ za mudasobwa ya Intel, Lip-Bu Tan, yegura kubera impungenge zishingiye ku bivugwa ko yaba afitanye umubano wihariye n’u Bushinwa.
-
Minisitiri Trudeau yahishuye ko Amerika ikomeye ku mugambi wo kwiyomekaho Canada
11 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe wa Canada, Justin Trudeau, yumvikanye ari kuvuga ko Trump akomeye ku mugambi wo gushaka kugira Canada leta ya 51 ya Amerika, ndetse ko bitari ugutebya nk’uko bamwe bashobora kubikeka.
-
Muhanga: Umusore wararanye umwana w’imyaka 17 ari guhigishwa uruhindu
1 October 2025, by ISIMBI EstellaUmuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Kamanzi Hassan, yatangaje ko umusore ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 17 wo mu karere ka Muhanga, ari gushakishwa n’inzego z’umutekano kuko ikirego cyamaze gutangwa.
-
Perezida Trump yaburiye ibihugu bishaka gukora ifaranga ryabyo ryo guhangana n’Idolari
2 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida watowe wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yakanze Isi yose ahereye ku bihugu by’ibihangange bigize Umuryango wa BRICS, agaragaza ko umuntu wese uzagerageza kuzana irindi faranga akareka gukoresha Idolari rya Amerika bitazamugwa neza .
-
Abasirikare ba FARDC M23 yatsindiye i Goma bageze i Kinshasa
3 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbasirikare ba mbere bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bari baraheze mu mujyi wa Goma nyuma yo kuwutsindirwamo na M23, bamaze kugera i Kinshasa.
-
Mama Sava mu munyenga w’urukundo
15 September 2025, by ISIMBI EstellaUmunyana Analyssa wamamaye nka Mama Sava, yagaragaje ko aryohewe n’urukundo arimo n’umusore bamaranye iminsi.
-
RDC: Umushumba wa Kiliziya Gatolika yikomye FARDC
30 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Musenyeri Fulgence Muteba Mugalu, yasabye igisirikare cy’iki gihugu (FARDC) guhagarika iterabwoba cyatangiye kumushyiraho.
-
Trump yasabye ko hakorwa iperereza ku byabereye mu Nama ya Loni
25 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasabye ko hakorwa iperereza ku bikorwa bitatu bigayitse byamubayeho ubwo yari mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye, ku wa 24 Nzeri 2025.
Umuryango.rw
Diamond yashenguwe n’abigaragambya barwanya Perezida Suluhu
Amakosa utagomba gukoreshwa n’urukundo.
Trump yasabye ko umuyobozi wa Intel yegura, amushinja imikoranire n’u Bushinwa
Minisitiri Trudeau yahishuye ko Amerika ikomeye ku mugambi wo kwiyomekaho Canada
Muhanga: Umusore wararanye umwana w’imyaka 17 ari guhigishwa uruhindu
Perezida Trump yaburiye ibihugu bishaka gukora ifaranga ryabyo ryo guhangana n’Idolari
Abasirikare ba FARDC M23 yatsindiye i Goma bageze i Kinshasa
Mama Sava mu munyenga w’urukundo
RDC: Umushumba wa Kiliziya Gatolika yikomye FARDC
Trump yasabye ko hakorwa iperereza ku byabereye mu Nama ya Loni