Lewis Hamilton ufite amateka akomeye mu mukino wa Formula 1, yahishuye ko mu bihugu 10 bya Afurika amaze gusura yatura mu Rwanda, ndetse arushyira mu byo yifuza ko byakwakira amarushanwa yo gusiganwa mu modoka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Lewis Hamilton yashyize u Rwanda mu bihugu yifuzamo ‘Formula 1’
5 March, by Angeline MUKANGENZI -
Gen Muhoozi yasabye abaturage kwigaragambya bamagana abadepite ba Uganda
23 January 2025, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’Umujyanama wa Perezida Yoweri Museveni mu bikorwa byihariye by’igisirikare, Gen Muhoozi Kainerugaba, yahamagariye abaturage kujya mu myigaragambyo yamagana abadepite.
-
Mali yatangiye kubaka uruganda ruzajya rutunganya Zahabu
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Mali, Général Assimi Goïta, yatangije ku mugaragaro imirimo yo kubaka uruganda ruzajya rutunganya Zahabu y’iki gihugu, mu rwego rwo kongera agaciro kayo kugira ngo ijye yinjiza amafaranga menshi.
-
Uko hirya no hino ku Isi hiriwe, tariki 26 Mata 2018 [AMAFOTO]
26 April 2018, by Nsanzimana ErnestDore amwe mu makuryu yiriwe avugwa mu Rwanda, mu karere no hanze y’ Afurika. Nyuma y’ uko Perezida Emmanuel Macron amaze iminsi itatu Muri Amerika Umuyobozi mukuru w’ Ubudage Angela Merkel nawe agiyeyo.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
23 January 2025, by UbwanditsiMe Nshimiyimana Jean Claude aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu iherereye mu karere ka Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba
Soma itangazo rirambuye aho hasi..... -
Abahawe inshingano nshya bashimiye Perezida Kagame
17 July 2025, by Joseph IradukundaInama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyize abayobozi mu myanya itandukanye. Abahawe inshingano bashimiye Umukuru w’Igihugu wabahaye inshingano nshya.
-
Bose bazajya biga imibare n’ikoranabuhanga: Impinduka mu mashami yigwa mu mashuri yisumbuye
21 June 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yatangaje ko hateganyijwe impinduka mu bijyanye n’amashami yigwa mu cyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye mu burezi rusange, aho abanyeshuri bazasigarana amahitamo atatu y’ibyo bashobora kwiga, bitandukanye n’impuzamasomo (combinations) 11 zari zisanzwe.
-
Umutoza wa APR FC yavuze ko adatewe ubwoba na Rayon Sports
8 August 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Maroc Abderrahim Talib utoza APR FC yatangaje ko akurikije imikino yamuhuje n’amakipe y’amakeba aho yanyuze, adatewe ubwoba n’intambara y’amagambo mbere y’uko ahura na Rayon Sports mu mukino wa FERWAFA Super Cup.
-
The Ben agiye gukomereza ibitaramo i Burayi, Canada n’i Kampala
17 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yo gukora igitaramo gikomeye muri BK Arena, The Ben ategerejwe muri Canada mu bitaramo bizazenguruka mu mijyi itandukanye mbere y’uko yerekeza i Burayi, mu bitaramo ateganya gusoreza muri Uganda.
-
Abanyarwanda babiri bonyine ni bo bakurikiranwa (Followed) N’umuhanzi Davido ku rukuta rwe rwa Instagram
14 May 2025, by Gladiator OGImbuga nkoranyambaga zahinduye ubuzima bwabatuye Isi ku munsi wa none. mu bakoresha izo mbuga harimo kandi ibyamamare ni ukuvuga abahanzi, abanyepolitiki,abaherwe, abakinnyi,abanyamakuru,n’abandi benshi cyane.
Umuryango.rw
Lewis Hamilton yashyize u Rwanda mu bihugu yifuzamo ‘Formula 1’
Gen Muhoozi yasabye abaturage kwigaragambya bamagana abadepite ba Uganda
Mali yatangiye kubaka uruganda ruzajya rutunganya Zahabu
Abahawe inshingano nshya bashimiye Perezida Kagame
Bose bazajya biga imibare n’ikoranabuhanga: Impinduka mu mashami yigwa mu mashuri yisumbuye
Umutoza wa APR FC yavuze ko adatewe ubwoba na Rayon Sports
The Ben agiye gukomereza ibitaramo i Burayi, Canada n’i Kampala
Abanyarwanda babiri bonyine ni bo bakurikiranwa (Followed) N’umuhanzi Davido ku rukuta rwe rwa Instagram