Abana babiri biga ku Ishuri Ribanza rya Ngara (EP Ngara) barwaniye mu ishuri umwe bimuviramo gupfa. Abo bana uko ari babiri b’imyaka 12 y’amavuko, bigaga kuri icyo kigo giherereye mu Mudugudu wa Birembo, Akagari ka Ngara mu Murenge wa Bumbogo, mu Karere ka Gasabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kigali:Umwana w’umunyeshuri yishe mugenzi we bapfuye umwembe
28 October 2024, by Joseph Iradukunda -
Trump yanze gusaba imbabazi Obama ku bwo kumugereranya n’inguge
7 February, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje ko nta gahunda afite yo gusaba imbabazi uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Barack Obama n’umugore we Michelle Obama, avuga ko amashusho aherutse kujya hanze arimo igisa n’irondaruhu ako gace atari yakabonye.
-
Chameleone yashinze radiyo mu Burundi
22 January, by ISIMBI EstellaUmuhanzi ukomoka muri Uganda, Jose Chameleone, yatangaje ko agiye gutangiza radiyo mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi.
-
Tshisekedi yirukanye Tshibangu wari intumwa ye yihariye mu bibazo afitanye n’u Rwanda
31 August 2024, by Joseph IradukundaPerezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaraye yirukanye ku mirimo Serge Kabeya Tshibangu wari intumwa ye yihariye ishinzwe gukurikirana ibiganiro bya Nairobi na Luanda.
-
Umwuka mubi hagati ya Leta y’u Burundi n’abatwara abagenzi wahagaritse ingendo
30 July 2025, by ISIMBI EstellaUmwuka mubi hagati ya Leta y’u Burundi n’abatwara abagenzi mu buryo bwa rusange wahagaritse ingendo zihuza Umujyi wa Bujumbura n’ibice bitandukanye byo muri iki gihugu.
-
RDC yatangaje ko Ebola yari yadutse ku nshuro ya 16 yacitse mu gihugu
2 December 2025, by ISIMBI EstellaRepubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko icyorezo cya Ebola cyari cyaradutse ku nshuro ya 16 muri icyo gihugu cyarangiye, nyuma y’iminsi 90 yari ishize bitangajwe ko cyagaragaye muri teritwari ya Mweka ku itariki ya 4 Nzeri
-
U Rwanda rwagaragaje aho ruhagaze ku bitero bya Iran
26 March, by Angeline MUKANGENZIU Rwanda rwagaragaje ko ibitero by’ubushotoranyi Iran ikomeje kugaba ku bihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati bikwiriye guhagarara, ubusugire bw’ibihugu bukubahwa kandi abasivile n’ibikorwaremezo byabo bikabungabungwa.
-
Gisagara: Mu rugo rw’umuturage hateguwe ‘grenade’
1 January, by ISIMBI EstellaMu rugo rw’umuturage utuye mu Mudugudu w’Akabakene, mu Kagari ka Higiro, mu Murenge wa Nyanza, ho mu Karere ka Gisagara, hateguwe grenade.
-
Ubuhigi nka Kimwe mu Bikorwa bya Siporo mu Rwanda rwo Hambere
27 October 2024, by Joseph IradukundaGuhiga ni igikorwa cyo gukurikirana inyamaswa ugamije kuyivutsa ubuzima. Intego ni ukuyishakamo inyama zo kurya, uruhu, amenyo n’amahembe yazo.
-
Umudepite wa Amerika uherutse mu Karere yagaragaje ko RDC igomba gukemura ikibazo cya M23
26 March 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe Ubutasi n’Ibikorwa byihariye by’Igisirikare, Dr. Ronny Jackson, yagaragaje ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bugomba gukemura ikibazo cyatumye umutwe wa M23 ufata intwaro.
Umuryango.rw
Kigali:Umwana w’umunyeshuri yishe mugenzi we bapfuye umwembe
Trump yanze gusaba imbabazi Obama ku bwo kumugereranya n’inguge
Chameleone yashinze radiyo mu Burundi
Tshisekedi yirukanye Tshibangu wari intumwa ye yihariye mu bibazo afitanye n’u Rwanda
Umwuka mubi hagati ya Leta y’u Burundi n’abatwara abagenzi wahagaritse ingendo
RDC yatangaje ko Ebola yari yadutse ku nshuro ya 16 yacitse mu gihugu
U Rwanda rwagaragaje aho ruhagaze ku bitero bya Iran
Gisagara: Mu rugo rw’umuturage hateguwe ‘grenade’
Ubuhigi nka Kimwe mu Bikorwa bya Siporo mu Rwanda rwo Hambere
Umudepite wa Amerika uherutse mu Karere yagaragaje ko RDC igomba gukemura ikibazo cya M23