Tanzania, mu Ntara ya Kilimandjaro, umugabo witwa Evance Kileka, yaje gushyingura abana be babiri harimo uwitwa Precious w’amezi 6 na Glory Evance w’imyaka ine (4), ari mu maboko y’inzego ya Polisi, akimara gushyingura yahise imusubiza gufungwa, umuryango usigara mu bibazo n’ubu utarabonera ibisubizo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Tanzania: Yashyinguye abana be arinzwe n’inzego z’umutekano
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Minembwe: Bombe zikomeje kubica nyuma yo gutwika agace ka Kalongi
1 March, by Angeline MUKANGENZIAmabombe akomeje kuvuza ubuhuha kuri iki Cyumweru nyuma y’uko kuwa Gatandatu, itariki 28 Gashyantare 2026, saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zitwitse Umudugudu wa Kalongi, mu Karere ka Minembwe, zikoresheje drone.
-
Bwa mbere mu myaka hafi 20, Loni yemeje ko Iran yarenze ku mabwiriza ya nucléaire
12 June 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Umuryango w’Abibumbye rushinzwe kugenzura itunganywa rya nucléaire, IAEA (International Atomic Energy Agency), rwemeje ku nshuro ya mbere mu myaka hafi 20 ko Iran yarenze ku mabwiriza agenga imikoreshereze y’izi ngufu.
-
U Burusiya bwagabye ibitero bya drone i Kyiv byamaze amasaha arenga umunani
4 July 2025, by ISIMBI EstellaLeta ya Ukraine yatangaje ko u Burusiya bwagabye ibitero bya drone mu mujyi wa Kyiv bisenya inzira ya gariyamoshi n’ibindi bikorwa remezo ndetse hakomereka abantu 14.
-
Uzbekistan yahembwe imodoka buri mukinnyi wabahesheje itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026
12 June 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Uzbekistan, Shavkat Mirziyoyev, yahembye imodoka nshya abakinnyi, abatoza n’abandi bagize Ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru yabonye itike y’Igikombe cy’Isi ku nshuro ya mbere mu mateka.
-
Diddy yongeye gusaba kurekurwa
30 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Diddy uheruka guhamwa n’ibyaha bibiri muri bitanu yashinjwaga, yongeye gusaba urukiko kumurekura, mu gihe agitegereje gukatirwa.
-
Trump akomeje kwikoma Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza kubera igisubizo yahaye America
4 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, yanenze Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Keir Starmer inshuro eshatu mu masaha 24, kubera kwangira America gukoresha ibirindiro byo ku butaka bw’Igihugu cye mu bitero iri kugaba kuri Iran.
-
Ku Nkundamahoro hongeye kwiyahurira umuntu
6 November 2024, by Joseph IradukundaUmugabo utaramenyekana umwirondoro yuriye inzu ndende iri mu Mujyi wa Kigali ahitwa ku Nkundamahoro arasimbuka yikubita hasi arapfa.
-
Perezida Trump na Putin bagiye guhurira muri Arabia Saoudite
16 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Amerika Donald Trump na Vladimir Putin w’u Burusiya barateganya guhurira muri Arabia Saoudite mu mpera za Gashyantare 2024, mu mugambi wo gushaka igisubizo ku ntambara ibera muri Ukraine.
-
Itangazo: Inyandiko imenyesha Umugenagaciro umutungo ugomba kugurishwa
15 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu
Umuryango.rw
Tanzania: Yashyinguye abana be arinzwe n’inzego z’umutekano
Minembwe: Bombe zikomeje kubica nyuma yo gutwika agace ka Kalongi
Bwa mbere mu myaka hafi 20, Loni yemeje ko Iran yarenze ku mabwiriza ya nucléaire
U Burusiya bwagabye ibitero bya drone i Kyiv byamaze amasaha arenga umunani
Uzbekistan yahembwe imodoka buri mukinnyi wabahesheje itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026
Diddy yongeye gusaba kurekurwa
Ku Nkundamahoro hongeye kwiyahurira umuntu
Perezida Trump na Putin bagiye guhurira muri Arabia Saoudite
Itangazo: Inyandiko imenyesha Umugenagaciro umutungo ugomba kugurishwa