Umugabo utaramenyekana umwirondoro yuriye inzu ndende iri mu Mujyi wa Kigali ahitwa ku Nkundamahoro arasimbuka yikubita hasi arapfa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ku Nkundamahoro hongeye kwiyahurira umuntu
6 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Perezida Trump na Putin bagiye guhurira muri Arabia Saoudite
16 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Amerika Donald Trump na Vladimir Putin w’u Burusiya barateganya guhurira muri Arabia Saoudite mu mpera za Gashyantare 2024, mu mugambi wo gushaka igisubizo ku ntambara ibera muri Ukraine.
-
Itangazo: Inyandiko imenyesha Umugenagaciro umutungo ugomba kugurishwa
15 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Mariah Carey yahishuye impamvu atizihiza isabukuru y’amavuko
17 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzikazi w’icyamamare ku Isi, Mariah Carey w’imyaka 56, yagaragaje ko atemera ibijyanye no kubara imyaka cyangwa kwizihiza isabukuru y’amavuko, ahubwo yibanda ku byishimo byo kubaho, akavuga ko “atajya yemera isaha cyangwa uko igihe gihita.”
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
19 December 2024, by UbwanditsiMe Kagame k. Festo umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara binyuze mu buryo bw’ikoranabuhanga umutungo ugizwe n’inzu yo guturamo iherereye mu karere ka Kicukiro.
Soma itangazo rirambuye…. -
Rwatubyaye Abdoul yavuze ko aba-Rayons ari indashima
4 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUwahoze ari kapiteni wa Rayon Sports mu 2023, Rwatubyaye Abdoul, yavuze ko abafana b’iyi kipe batanyurwa kabone n’ubwo wabaha ibyishimo bingana gute.
-
RDC: Umudepite wo mu burasirazuba yabwiye inteko ko Barambiwe ibihe bidasanzwe
20 September 2024, by Joseph IradukundaUmudepite Iracan Gratien de Saint-Nicolas uhagarariye intara ya Ituri mu Nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaganye icyemezo cyo kugumishaho ibihe bidasanzwe mu burasirazuba bw’iki gihugu, agaragaza ko byabaye urucuruzo ku bajenerali.
-
Macron yahishuye ko Ukraine yiteguye guhagarika intambara nta mananiza
27 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko Ukraine yiteguye guhagarika intambara ihanganyemo n’u Burusiya nta mananiza.
-
Komite ya Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha n’icyuye igihe
14 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma yo gutorerwa kuyobora manda y’imyaka ine iri imbere, Komite Nyobozi nshya ya Rayon Sports iyobowe na Twagirayezu Thadée n’icyuye igihe yari iyobowe na Ngoga Roger, zakoze Ihererekanyabubasha kuri uyu Gatanu.
Ni igikorwa cyabereye ku Biro bya Rayon Sports, mu gitondo cyo ku wa Gatanu wa tariki ya 13 Ukuboza 2024. Uyu muhango warimo Namenye Patrick wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’iyi kipe mu myaka ine ishize ariko akaba yasimbuwe na Uwimpuhwe Liliane wagizwe Umuyobozi Nshingwabikorwa (…) -
RDF yatangiye kwandika abasore n’inkumi bifuza kwinjira mu ngabo z’igihugu
15 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwasohoye itangazo rihamagarira abasore n’inkumi babishaka kwiyandikisha kugira ngo binjire mu ngabo z’u Rwanda mu byiciro bitandukanye.
Umuryango.rw
Ku Nkundamahoro hongeye kwiyahurira umuntu
Perezida Trump na Putin bagiye guhurira muri Arabia Saoudite
Itangazo: Inyandiko imenyesha Umugenagaciro umutungo ugomba kugurishwa
Mariah Carey yahishuye impamvu atizihiza isabukuru y’amavuko
Rwatubyaye Abdoul yavuze ko aba-Rayons ari indashima
RDC: Umudepite wo mu burasirazuba yabwiye inteko ko Barambiwe ibihe bidasanzwe
Macron yahishuye ko Ukraine yiteguye guhagarika intambara nta mananiza
Komite ya Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha n’icyuye igihe
RDF yatangiye kwandika abasore n’inkumi bifuza kwinjira mu ngabo z’igihugu