Inteko iburanisha urubanza rw’abaregwa gushaka guhirika Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwapfundiwe, rukazasomwa taliki 13, Nzeri, 2024.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Urubanza Rw’Abaregwa Gushaka Guhirika Tshisekedi Rwapfundikiwe byitezwe ko bazicwa
4 September 2024, by Joseph Iradukunda -
U Bwongereza n’u Bufaransa byemeye kohereza ingabo muri Ukraine
7 January, by ISIMBI EstellaU Bwongereza n’u Bufaransa byashyize umukono ku nyandiko igamije kwemeza kohereza ingabo muri Ukraine mu gihe amasezerano y’amahoro n’u Burusiya yaba agezweho.
-
Goma yatangiye guhabwa internet ya ‘fibre optique’ inyura muri Kenya, Uganda n’u Rwanda
10 February, by ISIMBI EstellaIkigo gitanga serivisi za internet mu bice binyuranye bya Afurika, Paratus Group, cyatangaje ko cyatangije umuyoboro wa internet yihuta [fibre optique] uva mu mujyi wa Mombasa ukagera i Goma, Uganda no mu Rwanda.
-
Ibitero bya Isirayeli muri Gaza Byahitanye Abarenga 20
3 November 2024, by Joseph IradukundaAbaganga bo muri Palestina baratangaza ko abantu 23 bishwe n’ibisasu indege z’intambara za Isirayeli zasutse ku ntara ya Gaza kuri iki cyumweru.
-
DJ Brianne ari mu byishimo by’uko RIB yamupimye ikamuburamo ibiyobyabwenge
21 January 2025, by Joseph IradukundaAmashimwe ni yose kuri DJ Brianne uhamya ko yasimbutse umunsi wari umukomereye nyuma yo guhamagazwa n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), uretse gukorwaho iperereza ku byaha binyuranye akanapimwa ibiyobyabwenge.
-
Ikinyamakuru ‘Redpepper’ cyafunzwe kubera inkuru cyanditse kuri Museveni na Kagame
22 November 2017, by Nsanzimana ErnestPolisi ya Uganda yafunze ikinyamakuru cyo muri Uganda ‘Redpepper’ kubera inkuru cyanditse ifite umutwe ugira uti ’Museveni arimo gutegura guhirika Kagame- Rwanda’
Ibinyamakuru byo muri Uganda birimo The Independent na New vision byatangaje ko iyo nkuru yasohotse tariki tariki 20 Ugushyingo 2017, naho Redpepper ikaba yafunzwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 21 Ugushyingo.
Ibi bibaye mu gihe hashize iminsi mu bitangazamakuru bitandukanye hatangazwa inkuru zivuga ko umubano utifashe neza (…) -
Pasiporo ya Amerika yavuye mu 10 zikomeye ku Isi
17 October 2025, by ISIMBI EstellaRaporo ya Henley Passport Index igaragaza uko pasiporo z’ibihugu zihagaze ku rwego mpuzamahanga yagaragaje ko pasiporo ya Amerika yageze ku mwanya wa 12, mu gihe mu myaka 10 ishize yari iya mbere.
-
Kigali: Uwo bakunda kwita pasiteri arakekwaho kwica umugore we
7 February, by Angeline MUKANGENZIUmugabo w’imyaka 32 witwa Businge Bonheur bakunda kwita pasiteri, yafashwe akekwaho kwica umugore we bari bamaranye igihe gito. Polisi y’Igihugu mu mujyi wa Kigali yatangaje ko hatangiye iperereza ku rupfu rw’uwo mugore bivugwa ko yishwe n’uwo mugabo akanatwika inzu yarimo.
-
Diamond yavuze agahinda yatewe n’umukobwa wamwanze amuziza ubukene
15 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’icyamamare Diamond Platnumz, yahishuye uko kwangwa n’umukobwa bakundanaga amuziza ubukene byamuhaye inganzo, ahimba indirimbo ye yise ‘Kamwambie’ yahinduye ubuzima bwe kuko yakunzwe cyane, nubwo uko gutandukana na we byamuteye agahinda.
-
Anthropic yareze Pentagon yayishyize ku rutonde rw’ibigo byahungabanya umutekano w’igihugu
10 March, by ISIMBI EstellaIkigo cy’ikoranabuhanga cya Anthropic cyareze Minisiteri y’Intambara ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika(Pentagon) ku mwanzuro yafashe wo gushyira iki kigo ku rutonze rw’ibigo bishobora guhangabanya umutekano w’igihugu.
Umuryango.rw
Urubanza Rw’Abaregwa Gushaka Guhirika Tshisekedi Rwapfundikiwe byitezwe ko bazicwa
U Bwongereza n’u Bufaransa byemeye kohereza ingabo muri Ukraine
Goma yatangiye guhabwa internet ya ‘fibre optique’ inyura muri Kenya, Uganda n’u Rwanda
Ibitero bya Isirayeli muri Gaza Byahitanye Abarenga 20
DJ Brianne ari mu byishimo by’uko RIB yamupimye ikamuburamo ibiyobyabwenge
Pasiporo ya Amerika yavuye mu 10 zikomeye ku Isi
Kigali: Uwo bakunda kwita pasiteri arakekwaho kwica umugore we
Diamond yavuze agahinda yatewe n’umukobwa wamwanze amuziza ubukene
Anthropic yareze Pentagon yayishyize ku rutonde rw’ibigo byahungabanya umutekano w’igihugu