Perezida wa Colombia, Gustasvo Petro arashinja inyeshyamba zifitanye isano n’umutwe wa FARC (Revolutionary Armed Forces of Colombia) uhanganye n’ubutegetsi bwe, kugaba igitero cyahitanye abantu 14 kigakomeretsa abandi benshi barimo n’abana.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Colombia: Inyeshyamba zirashinjwa kugaba igitero cyaguyemo abantu 14
26 April, by Angeline MUKANGENZI -
Urubanza rwa Diddy, ibya Maître Gims n’umugore we, uburwayi bwa Bruce Willis-Avugwa mu byamamare
16 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Sean Combs uzwi cyane nka P.Diddy, yasabye urukiko ko urubanza rwe rubikwa mu baramuka bakuyeho umwe mu nyangamugayo zishinzwe kumva urubanza, kuko ari umwirabura, ibintu abona nk’ivangura rishingiye ku ruhu.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
1 December 2025, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA EMILE ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
soma itangazo rirambuye… -
U Rwanda rwafungurira Afurika amarembo rwakiriye ‘Grand Prix’ ya Formula One
13 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbayobozi batandukanye bo mu mashyirahamwe y’umukino wo gusiganwa mu modoka muri Afurika, babona u Rwanda rufite ubushobozi bwo kwakira isiganwa rya Formula One ndetse rubigezeho byaba amahirwe meza ku bindi bihugu bya Afurika.
-
Bruce Melodie yaba aca amarenga yo gukorera igitaramo muri Stade Amahoro?
26 June 2025, by ISIMBI EstellaBruce Melodie yagaragaje ko mu minsi iri imbere ashobora kuzakorera igitaramo gikomeye muri Stade Amahoro, ndetse akayuzuza kandi amatike yanashize mbere y’igitaramo.
-
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
13 January 2025, by Joseph IradukundaU Rwanda ruri mu bihe rufite abakinnyi benshi bakina hanze yarwo haba mu karere, Afurika ndetse no hanze yayo, aho abamaze gufatisha bari gufasha amakipe yabo, abandi bakaba bakirwana no kubona uko bakina.
-
Perezida KAGAME yahaye imbabazi imfungwa 32 zari zarakatiwe n’Inkiko
19 October 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika Paul KAGAME , yahaye imbabazi abantu 32 bari barakatiwe n’Inkiko. Ni mu gihe iteka rya Minisitiri ryemeje ko abandi 2,017 bari barakatiwe n’inkiko bafungurwa by’agateganyo .
-
Tennis: Ganza Kevin yegukanye ’TRCF Juniors Championship’
1 September 2025, by ISIMBI EstellaIshimwe Ganza Kevin yahize abandi bakinnyi mu bitabiriye irushanwa ry’abato rya Tennis rya "TRCF Juniors Championship" ryasojwe ku Cyumweru, tariki ya 31 Kanama 2025.
-
Israel yabonye umurambo wa Mohammed Sinwar wari umuyobozi wa Hamas
9 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo za Leta ya Israel (IDF), zatangaje ko zabonye umurambo w’Umuyobozi w’Umutwe wa Hamas, Mohammed Sinwar, wiciwe mu gitero zagabye ku birindiro bya Hamas muri Gaza.
-
Umukinnyi yatewe icyuma mu ijosi azira kurata penaliti
15 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPlateau United FC yo muri Nigeria yatangaje ko rutahizamu wabo, Vincent Temitope yatewe icyuma mu ijosi n’abafana nyuma y’umukino wa shampiyona (NPFL Week 33) batsinzwemo na Nasarawa United ibitego 3-2, mu mukino wabereye i Lafia.
Umuryango.rw
Colombia: Inyeshyamba zirashinjwa kugaba igitero cyaguyemo abantu 14
Urubanza rwa Diddy, ibya Maître Gims n’umugore we, uburwayi bwa Bruce Willis-Avugwa mu byamamare
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
U Rwanda rwafungurira Afurika amarembo rwakiriye ‘Grand Prix’ ya Formula One
Bruce Melodie yaba aca amarenga yo gukorera igitaramo muri Stade Amahoro?
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
Perezida KAGAME yahaye imbabazi imfungwa 32 zari zarakatiwe n’Inkiko
Tennis: Ganza Kevin yegukanye ’TRCF Juniors Championship’
Israel yabonye umurambo wa Mohammed Sinwar wari umuyobozi wa Hamas
Umukinnyi yatewe icyuma mu ijosi azira kurata penaliti