Shema Ngoga Fabrice uri kwiyamamariza kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yatangaje ko azashyiraho umushahara w’abasifuzi, aho guhemberwa ku mukino gusa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abasifuzi bazashyirirwaho umushahara- Shema wiyamamariza kuyobora FERWAFA
22 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Iran yashyize igisirikare cy’ibihugu byo muri EU ku rutonde rw’ibyihebe
2 February, by Angeline MUKANGENZIInteko Ishinga Amategeko ya Iran, yatangaje ko yashyigize Igisirikare cy’ibihugu byo mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi, mu cyiciro cy’imitwe y’iterabwoba.
-
Museveni yabyise ubucucu: Uko habuze gato ngo Uganda yegurirwe Abayahudi
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkibazo cya Israel na Palestine gifatwa nka kimwe mu bimaze imyaka myinshi ku Isi ndetse kikaba n’intandaro y’intambara zagiye ziyogoza Uburasirazuba bwo Hagati mu bihe bitandukanye.
-
Jay-Z yahombejwe miliyoni 190$ n’ikirego cyo gusambanya umwana w’imyaka 13
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi akaba n’umushoramari, Jay-Z, uri mu rubanza ashinja umunyamategeko Tony Buzbee n’umugore yaburaniraga wamushinje kumusambanya ubwo yari afite imyaka 13 mu 2000; yavuze ko yahombejwe n’iki kirego akayabo.
-
Perezida Kagame yavuze impamvu ashyigikira siporo n’icyo yabwira abandi bayobozi bo muri Afurika batayitaho
28 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko nyuma yo kubona ko adashobora gukora siporo nk’uwabigize umwuga cyangwa ngo abe umucuruzi, yahisemo gushyigikira ababishoboye ku buryo bigirira akamaro abantu bose.
-
Minisitiri Gashumba yavuze uko abarimu bishe abanyeshuri b’ abatutsi batabishe ngo bapfe
11 May 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba yavuze ko yiga abarimu babigishaga bajyaga bafata umunyeshuri w’ umututsi bakamuha amanota 2/20 bakabimwerurira bavuga ko impamvu bamuhaye 2/20 ari uko ari umututsi asaba abakozi bakora muri Minisiteri ayoboye kuba abanyakuri.
-
Leta ya RDC iri kugerageza kwisubiza Rubaya ku ngufu
24 February, by Angeline MUKANGENZIIhuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryakajije ibitero muri santere ya Rubaya iri muri teritwari ya Masisi, rigamije kuhakura abarwanyi ba AFC/M23 bamaze hafi imyaka ibiri bahagenzura.
-
Imvura yahagaritse urugendo rwa Perezida Tshisekedi
24 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yasubitse uruzinduko yari afite mu ntara eshatu zigize Grand Kasaï bitewe n’imvura nyinshi.
-
Mu nzove kwa Rayon Sports rurakinga cumi numwe
13 May 2025Kuri uyu munsi amakuru ahari ni uko abatoza n’abakozi ba Rayon Sports barimo gutabaza nyuma yo kumara amezi atatu badahembwa, aho bamwe muri bo bavuga ko inzara igiye kubatsinda mu nzu ndetse ikijyanye no kwikora ku munwa bikaba bisigaye ari ingorabahizi kuri bo.
-
Abacuruzi bakomeye mu Majyaruguru n’Iburengerazuba benga inzoga z’inkorano bikitirirwa abaturage bahagurukiwe
13 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice yatangaje ko iyo ntara n’iy’Iburengerazuba zigiye guca burundu inzoga z’inkorano kuko byamaze kumenyekana ko hari abacuruzi bakomeye bazenga ari nyinshi bikitirirwa abaturage basanzwe.
Umuryango.rw
Abasifuzi bazashyirirwaho umushahara- Shema wiyamamariza kuyobora FERWAFA
Iran yashyize igisirikare cy’ibihugu byo muri EU ku rutonde rw’ibyihebe
Museveni yabyise ubucucu: Uko habuze gato ngo Uganda yegurirwe Abayahudi
Jay-Z yahombejwe miliyoni 190$ n’ikirego cyo gusambanya umwana w’imyaka 13
Perezida Kagame yavuze impamvu ashyigikira siporo n’icyo yabwira abandi bayobozi bo muri Afurika batayitaho
Imvura yahagaritse urugendo rwa Perezida Tshisekedi
Mu nzove kwa Rayon Sports rurakinga cumi numwe
Abacuruzi bakomeye mu Majyaruguru n’Iburengerazuba benga inzoga z’inkorano bikitirirwa abaturage bahagurukiwe