Kuri uyu wa Gatatu, itariki 25 Ukuboza hirya no hino ku Isi abakirisitu bizihije umunsi mukuru wa Noheri aho bishimira ivuka rya Yezu Kirisitu,aho i Vatikani, mu muhango wo gutura igitambo cya misa Papa Fransisko, yasabye ko intambara yo muri Ukraine yatuza, ahamagarira ibiganiro by’amahoro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Papa Fransisko yasabiye amahoro Ukraine, Sudani na Gaza
26 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Trump yahishuye ibihano azafatira ibihugu bizamwitambika yigarurira Greenland
17 January, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora gushyira imisoro ku bicuruzwa by’ibihugu bitazamushyigikira mu mugambi we wo kwigarurira ikirwa cya Greenland gisanzwe kigenzurwa na Denmark.
-
Umuganda wasize ibihugu umunani byitabiriye FIFA Series biteye ibiti byabyitiriwe
28 March, by Angeline MUKANGENZIIbihugu umunani byitabiriye imikino ya FIFA Series 2026 iri kubera i Kigali, byitabiriye Umuganda Rusange, bitera ibiti bizabyitirirwa mu mateka ya ruhago y’u Rwanda.
-
U Rwanda rwamagaye ibitero bya Misile byagabwe kuri Qatar
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yamagaye ibitero bya misile byagabwe ku butaka bwa Qatar, ishimangira ko bivongera ubusugire n’ubwigenge bw’iki gihugu.
-
Rurageretse hagati ya Elon Musk na Jennifer Lopez
6 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuElon Musk yanenze Jennifer Lopez utaragiriye inama abantu yo kwirinda P.Diddy bahoze bakundana, ubu akaba akurikiranyweho gusambanya abana, abagore n’abagabo.
-
Imyigaragambyo yakwirakwiye henshi muri Amerika, Bill Clinton anenga Trump
12 June 2025, by ISIMBI EstellaImyigaragambyo y’abamagana umukwabu w’urwego rw’abinjira n’abasohoka wo gufata abimukira badafite ibyangombwa yakwirakwiye henshi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bill Clinton wayoboye iki gihugu kuva mu 1993 kugeza mu 2001 anenga uburyo Perezida Donald Trump ari kwifashisha abasirikare bo mu mutwe w’Inkeragutabara.
-
Dosiye ya Moses yagejejwe mu rukiko
2 May 2025, by Angeline MUKANGENZIDosiye ya Turahirwa Moses wa Moshions yamaze kuregerwa Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro.
-
Yagaburira imbwa ye cyane yicwa n’umubyibuho none yafunzwe
14 November 2024, by Joseph IradukundaUmugore wo muri Nouvelle-Zelande, yakatiwe n’urukiko gufungwa amezi abiri muri gereza nk’igihano cy’uko yagaburiye imbwa ye cyane kugeza ubwo yishwe n’ibibazo biterwa n’umubyibuho ukabije.
-
Massamba yagaragaje imvano y’indirimbo Rwabihama
30 September 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi uri mu banyabigwi mu njyana gakondo Massamba Intore, yahishuye aho igitekerezo cy’indirimbo aheruka gukora yise Rwabihama cyavuye n’impamvu yahise ayikora byihuse.
-
Kanye West yongeye guhuza urugwiro na Bianca Censori batandukanye
20 April 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’iminsi mike Kanye West avuze ko we n’umugore we, Bianca Censori batandukanye, bongeye kugaragara bahuje urugwiro bari muri Espagne, basangira ibya ni mugoroba.
Umuryango.rw
Papa Fransisko yasabiye amahoro Ukraine, Sudani na Gaza
Trump yahishuye ibihano azafatira ibihugu bizamwitambika yigarurira Greenland
Umuganda wasize ibihugu umunani byitabiriye FIFA Series biteye ibiti byabyitiriwe
U Rwanda rwamagaye ibitero bya Misile byagabwe kuri Qatar
Rurageretse hagati ya Elon Musk na Jennifer Lopez
Imyigaragambyo yakwirakwiye henshi muri Amerika, Bill Clinton anenga Trump
Dosiye ya Moses yagejejwe mu rukiko
Yagaburira imbwa ye cyane yicwa n’umubyibuho none yafunzwe
Massamba yagaragaje imvano y’indirimbo Rwabihama
Kanye West yongeye guhuza urugwiro na Bianca Censori batandukanye