Umuririmbyi w’Umunya-Nigeria Daniel Anidugbe, uzwi cyane ku izina rya Kizz Daniel, yatangaje ko agiye gufata ikiruhuko mu gukora umuziki, kugira ngo asubirane n’umuryango we wamubwiye ko asigaye akunda studio kubarusha.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Kizz Daniel arashaka gusohora indirimbo 600 ubundi agasezera umuziki burundu
6 June 2025, by ISIMBI Estella -
Nyamasheke: Umunyeshuri w’imyaka 18 arakekwaho gusambanya uw’imyaka 12
7 February, by Angeline MUKANGENZINshimiyimana Edison w’imyaka 18 wiga mu wa 5 w’ abanza muri GS Kinini mu Murenge wa Kagano,Akarere ka Nyamasheke,arashakishwa n’ urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha( RIB), akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 12 bigana mu ishuri rimwe.
-
Abahanzi Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete bagiye kurushinga
23 June 2025, by ISIMBI EstellaNubwo inkuru y’urukundo rwabo itigeze ivugwa cyane mu itangazamakuru, abahanzi Chryso Ndasingwa na Gatete Sharon bakomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, bageze kure imyiteguro y’ubukwe bwabo.
-
Abadepite basabye ko ibibazo biri muri serivisi z’irangamimerere byaba byakemutse mu mezi atatu
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’ingendo Abadepite bakoze kuva tariki 28 Gicurasi kugeza ku ya 4 Kamena 2025 mu Turere twose tw’Intara hasurwa imwe mu mirenge, ndetse n’imirenge yose y’Umujyi wa Kigali, basanze ibibazo biri muri serivisi y’irangamimerere bikwiriye gukemuka vuba, kugira ngo umuturage ahabwe serivisi ku gihe.
-
Inteko yemeje ingengo y’imari ya 2025/2026 ivuguruye
26 February, by Angeline MUKANGENZIInteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite yemeje bidasubirwaho ingengo y’Imari y’umwaka wa 2025/2026 ivugururuye, aho yagabanyutseho miliyari 80,4 Frw ku yari yemejwe mbere, ikagera kuri miliyari 6.952 Frw.
-
Gisagara: Abangavu 145 batewe inda
10 July 2025, by ISIMBI EstellaUbuyobozi bw’Akarere ka Gisagara bwatangaje ko buhangayikishijwe n’imyitwarire ya bamwe mu rubyiruko bishora mu biyobyabwenge bakajyanwa Iwawa abandi bakagwa mu bishuko bibakururira gutwara inda zitifuzwa bakiri bato.
-
United Scholars Center yahuye n’abanyeshuri basaga 5000 bifuza ko yabafasha kujya kwiga hanze
31 August 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Gatanu taliki ya 30 Kanama 2024 muri Kigali Marriot Hotel, ikigo kitwa United Scholars Center gifasha abanyeshuri kwiga ku mugabane w’u Burayi, Amerika na Asia, cyahuye n’abanyeshuri bifuza kujya kwiga kuri iyo migabane kibasobanurira uburyo bafatanya ngo babigereho bitabananije.
-
Ahanyuze magendu, hanyuzwa n’imbunda – CP Emmanuel Hatari
22 August 2025, by ISIMBI EstellaAbaturage bo mu Karere ka Rubavu, mu Mirenge ihana imbibi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo basabwe kwirinda ibyaha nyambukiranyamipaka birimo magendu imunga ubukungu bw’Igihugu, ndetse banibutswa ko aho inyuzwa hashobora kwambukirizwa imbunda zihungabanya umutekano w’Igihugu.
-
Uganda: Amakuru aravuga ko Banki Nkuru y’Igihugu Yasahuwe
6 February 2025, by Joseph IradukundaAbashinzwe iperereza muri Uganda baraye basaka ingo z’abakozi ba Banki nkuru ya Uganda ngo barebe ko hari uwo basangana amwe mu mafaranga menshi iyi Banki yibwe.
-
Museveni yanze ko Amerika n’u Bwongereza byubaka ikigo cya gisirikare muri Uganda
5 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bwongereza byashatse kubaka ibigo bya gisirikare mu gihugu cye zishaka gushyira imbaraga mu bufatanye ariko arabyanga.
Umuryango.rw
Kizz Daniel arashaka gusohora indirimbo 600 ubundi agasezera umuziki burundu
Nyamasheke: Umunyeshuri w’imyaka 18 arakekwaho gusambanya uw’imyaka 12
Abahanzi Chryso Ndasingwa na Sharon Gatete bagiye kurushinga
Abadepite basabye ko ibibazo biri muri serivisi z’irangamimerere byaba byakemutse mu mezi atatu
Inteko yemeje ingengo y’imari ya 2025/2026 ivuguruye
Gisagara: Abangavu 145 batewe inda
United Scholars Center yahuye n’abanyeshuri basaga 5000 bifuza ko yabafasha kujya kwiga hanze
Ahanyuze magendu, hanyuzwa n’imbunda – CP Emmanuel Hatari
Uganda: Amakuru aravuga ko Banki Nkuru y’Igihugu Yasahuwe
Museveni yanze ko Amerika n’u Bwongereza byubaka ikigo cya gisirikare muri Uganda