Ministeri y’uburezi mu gihugu cy’ubushinwa yamaze gutangazako guhera tariki ya 1 Nzeri uyu mwaka w’i2025, abanyeshuri bose guhera ku bana b’imyaka 6 biga mu kiburamwaka kugera ku bana bafite imyaka 18 bazajya bigishwa amasomo y’ubwenge buhangano Artificial Intelligence (AI).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abanyeshuri bose guhera ku bana b’imyaka 6 mu bushinwa bagiye kujya bigishwa ubwenge buhangano
23 April 2025, by Gladiator OG -
Nsengiyumva Bernard watwaye Tour du Rwanda ya 2001 yitabye Imana
7 July 2025, by Joseph IradukundaNsengiyumva Bernard watwaye Tour du Rwanda ya 2001, yitabye Imana ku myaka 73 azize uburwayi.
-
Perezida Maduro yikomye Amerika, avuga ko yasaze
19 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Venezuela, Nicolas Maduro yamaganiye kure umwanzuro Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika aherutse gufata, wo kwemererwa Ukraine kurasa mu Burusiya ikoresheje intwaro yahawe.
-
Abareba amashusho y’urukozasoni bikubye akarenga 3 mu myaka 8 ishize
25 June 2025, by ISIMBI EstellaUmubare w’abasura imbuga zitambutsa amashusho y’urukozasoni (webcam), ku Isi wikubye inshuro zirenga eshatu kuva mu 2017, ugera kuri miliyari 1.3 bazisura buri kwezi; nkuko bitangazwa n’Ikigo cy’Ubushakashatsi no gutanga amakuru ku ikoreshwa ry’imbuga za interineti, (Semrush) ku bazisuye muri Mata 2025.
-
Nkusi Lynda yaba Atwite? Abategura Irushanwa basobanuye birambuye ku Isezera rye muri Miss Rwanda 2022
8 March 2022, by NIYIGABA DC CLEMENTKumugoroba wo kuri uyu wa 8 Werurwe 2022 nibwo umwe mubakobwa 20 bahatanira Kuba Nyampinga w’U Rwanda 2022 Nkusi Lynda yandikiraga abategura iri rushanwa ibaruwa isezera muri ryo.
-
Tom Cruise aravugwa mu munyenga w’urukundo na Ana De Armas
16 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKabuhariwe mu gukina filime, Tom Cruise, aravugwa mu rukundo na Ana De Armas, umugore w’imyaka 36 ufite inkomoko muri Cuba, akaba ari umwe mu bagezweho magingo aya i Hollywood.
-
Abarundikazi bari mu mbohe za ADF zatabawe n’ingabo za Uganda
12 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo za Uganda zatabaye imbohe 41 zari zarafashwe n’umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Ni iki kihishe inyuma yo kuba Perezida Macron yaranze gukora mu ntoki za Perezida wa Burkina Faso -VIDEWO
6 December 2017, by Nsanzimana ErnestMu minsi ishize Perezida w’ u Bufaransa Emmanuel Macron yatembereye mu bihugu bitandukanye by’ Afurika birimo Burkina Faso, Ghana, na Cote d’ Ivoire aho yanitabiriye inama ya 5 ihuza Afurika n’ Uburayi. Imyitwarire ye n’ amagambo yakoresheje byateye benshi ku byibazaho.
Amwe mu magabo yakomerekeje abanya Burkina Faso nk’uko babigaragaje ku mbuga nkoranyambaga ni aho Emmanuel Macron yavuze ngo ‘Perezida Kaboré yari yagiye gusana icyuma gitanga ubukonje, Climatiseur’ ubwo yibeshyaga mu (…) -
USA: Abadepite babujijwe gukoresha WhatsApp
24 June 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabujije Abadepite gukoresha porogaramu ya WhatsApp mu bikoresho byabo by’ikoranabuhanga, mu rwego rwo kurinda umutekano w’amakuru yabo.
-
Uvira: Imirwano ya FARDC na Wazalendo yapfiriyemo batandatu
27 August 2025, by ISIMBI EstellaIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abarwanyi bo mu ihuriro rya Wazalendo bahanganiye hafi y’umupaka wa Kavimvira uhuza iki gihugu n’u Burundi, batandatu bahasiga ubuzima.
Umuryango.rw
Abanyeshuri bose guhera ku bana b’imyaka 6 mu bushinwa bagiye kujya bigishwa ubwenge buhangano
Nsengiyumva Bernard watwaye Tour du Rwanda ya 2001 yitabye Imana
Perezida Maduro yikomye Amerika, avuga ko yasaze
Abareba amashusho y’urukozasoni bikubye akarenga 3 mu myaka 8 ishize
Nkusi Lynda yaba Atwite? Abategura Irushanwa basobanuye birambuye ku Isezera rye muri Miss Rwanda 2022
Tom Cruise aravugwa mu munyenga w’urukundo na Ana De Armas
Abarundikazi bari mu mbohe za ADF zatabawe n’ingabo za Uganda
USA: Abadepite babujijwe gukoresha WhatsApp
Uvira: Imirwano ya FARDC na Wazalendo yapfiriyemo batandatu