Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yasubitse uruzinduko yari afite mu ntara eshatu zigize Grand Kasaï bitewe n’imvura nyinshi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Imvura yahagaritse urugendo rwa Perezida Tshisekedi
24 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Mu nzove kwa Rayon Sports rurakinga cumi numwe
13 May 2025Kuri uyu munsi amakuru ahari ni uko abatoza n’abakozi ba Rayon Sports barimo gutabaza nyuma yo kumara amezi atatu badahembwa, aho bamwe muri bo bavuga ko inzara igiye kubatsinda mu nzu ndetse ikijyanye no kwikora ku munwa bikaba bisigaye ari ingorabahizi kuri bo.
-
Kizz Daniel arashaka gusohora indirimbo 600 ubundi agasezera umuziki burundu
6 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuririmbyi w’Umunya-Nigeria Daniel Anidugbe, uzwi cyane ku izina rya Kizz Daniel, yatangaje ko agiye gufata ikiruhuko mu gukora umuziki, kugira ngo asubirane n’umuryango we wamubwiye ko asigaye akunda studio kubarusha.
-
Val Kilmer wakinnye muri ‘Batman Forever’ yapfuye
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuVal Edward Kilmer wamenyekanye muri filime zirimo ‘Top Gun’, ‘Batman Forever’ n’izindi, yapfuye azize umusonga afite imyaka 65 y’amavuko.
-
Abadepite basabye ko ibibazo biri muri serivisi z’irangamimerere byaba byakemutse mu mezi atatu
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’ingendo Abadepite bakoze kuva tariki 28 Gicurasi kugeza ku ya 4 Kamena 2025 mu Turere twose tw’Intara hasurwa imwe mu mirenge, ndetse n’imirenge yose y’Umujyi wa Kigali, basanze ibibazo biri muri serivisi y’irangamimerere bikwiriye gukemuka vuba, kugira ngo umuturage ahabwe serivisi ku gihe.
-
Gicumbi: Urubyiruko rwavuye mu bigo by’ingororamuco rwatangiye ubuzima bushya
12 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrubyiruko mu karere ka Gicumbi by’umwihariko abavuye mu bigo ngororamuco harimo na Iwawa, bavuga ko bafite icyizere cyo kwiteza imbere kuko batakiri mu buzima bw’ubushomeri.
-
AFC/M23 yagaragaje uburyo Leta ya RDC ikomeje kurenga ku gahenge
31 July 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagaragaje ko bukomeje kurenga ku gahenge ka burundu impande zombi zemeranyijeho tariki ya 19 Nyakanga 2025.
-
Ifoto y’umunsi:Perezida Kagame n’umufasha we mu mwiherero 2019
11 March 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame bagaragaye baseka ubwo bari mu mwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu uri kubera I Gabiro, mu mafoto yakomeje gucaracara hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga.
-
U Bwongereza: Minisitiri w’Ingabo yemeye ko Ingabo ayoboye zititeguye kurwana intambara
26 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza, John Healey, yatangaje ko Ingabo z’u Bwongereza zititeguye kurwana intambara ndetse ashimangira ko mu igenzura riherutse gukorwa, basanze Igisirikare kimeze nabi kurusha uko byatekerezwaga.
-
Igihe ntarengwa cyo gutangira kubaka ibibuga bine FIFA yemereye uturere binyuze muri Ferwafa yamenyekanye
17 October 2024, by Joseph IradukundaIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda rigiye guha icyerekezo ishyirwa mu bikorwa ry’umushinga wo kubaka ibibuga bya Gicumbi, Rusizi, Rutsiro no kuri FERWAFA mbere y’uko uyu mwaka wa 2024 urangira.
Umuryango.rw
Imvura yahagaritse urugendo rwa Perezida Tshisekedi
Mu nzove kwa Rayon Sports rurakinga cumi numwe
Kizz Daniel arashaka gusohora indirimbo 600 ubundi agasezera umuziki burundu
Val Kilmer wakinnye muri ‘Batman Forever’ yapfuye
Abadepite basabye ko ibibazo biri muri serivisi z’irangamimerere byaba byakemutse mu mezi atatu
Gicumbi: Urubyiruko rwavuye mu bigo by’ingororamuco rwatangiye ubuzima bushya
AFC/M23 yagaragaje uburyo Leta ya RDC ikomeje kurenga ku gahenge
U Bwongereza: Minisitiri w’Ingabo yemeye ko Ingabo ayoboye zititeguye kurwana intambara
Igihe ntarengwa cyo gutangira kubaka ibibuga bine FIFA yemereye uturere binyuze muri Ferwafa yamenyekanye