U Rwanda ruri mu bihe rufite abakinnyi benshi bakina hanze yarwo haba mu karere, Afurika ndetse no hanze yayo, aho abamaze gufatisha bari gufasha amakipe yabo, abandi bakaba bakirwana no kubona uko bakina.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
13 January 2025, by Joseph Iradukunda -
Impamvu Leta y’u Rwanda yemeje ko umusaruro w’igihugu wazamutseho 10.9%
22 March 2022, by Dusingizimana RemyLeta yatangaje ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda (Gross Domestic Product, GDP) wavuye kuri miliyari 9,607 Frw mu 2020 ukagera kuri miliyari 10,944 Frw mu 2021.
Raporo y’ikigo cya leta cy’ibarurishamibare ivuga ko iryo ari izamuka kuri GDP rya 10.9% mu 2021 ugereranyije na −3.4% mu 2020.
Gusa iyi mibare ishobora gutera urujijo ku batari bacye bamaze igihe bavuga ko bazahajwe n’izamuka ry’ibiciro ku masoko, n’ubukungu butifashe neza mu ngo zabo.
Urwego rwa serivisi nirwo rwatanze byinshi (…) -
EU yakuyeho ibihano yari yarafatiye Syria
21 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wavanyeho ibihano by’ubukungu wari warafatiye Syria mu rwego rwo gufasha iki gihugu cyazahajwe n’intambara kongera kwiyubaka.
-
AFC/M23 ikomeje gufatira abarwanyi ba FDLR mu mukwabu wakangaranyije benshi
14 May 2025, by Angeline MUKANGENZIAbarwanyi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bamaze iminsi bagaragara ku ngo z’abaturage mu bice bitandukanye by’umujyi wa Goma, bashakisha abahungabanya umutekano wawo ndetse n’abandi babitse intwaro.
-
Musanze: Polisi yerekanye batatu bibaga ibikoresho by’ikoranabuhanga
23 July 2025, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru yeretse itangazamakuru abantu batatu bakekwaho ubujura bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga byagiye byibwa mu nzu za bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze.
-
Mwiseneza Josiane yavuze ku bafana be bakomeje kwisukiranya buri munsi
7 January 2019, by Dusingizimana RemyMwiseneza Josiane uri kuvugwa kurusha abandi bakobwa bo mu Rwanda muri iyi minsi,bitewe ahanini no kwitabira Miss Rwanda 2019 bikamufasha kwigarurira imitima y’abanyarwanda,yavuze ko nta gitutu na gito ari guterwa n’aba bafana batagira ingano ahubwo biri kumuha imbaraga zo gukomeza kwitwara neza muri iri rushanwa.
-
Umukinnyi yatewe icyuma mu ijosi azira kurata penaliti
15 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPlateau United FC yo muri Nigeria yatangaje ko rutahizamu wabo, Vincent Temitope yatewe icyuma mu ijosi n’abafana nyuma y’umukino wa shampiyona (NPFL Week 33) batsinzwemo na Nasarawa United ibitego 3-2, mu mukino wabereye i Lafia.
-
Rurageretse hagati y’uwahoze ari umugore wa Jay Polly na Li John
22 July 2025, by ISIMBI EstellaIbintu bikomeje gufata indi ntera hagati ya Producer Li John na Nirere Afsa uzwi nka Fifi wahoze ari umugore wa Jay Polly bakanabyarana umwana w’umukobwa. Aba bombi bari gupfa indirimbo bivugwa ko uyu muhanzi yasize zitarajya hanze, uyu mugore akavuga ko zanditse ku mukobwa we, Li John akabyamaganira kure.
-
Ibitaro bya CARAES-Ndera byemeje ko Barafinda yasanganywe uburwayi
4 March 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Barafinda Sekikubo Fred wamenyekanye cyane ubwo yashakaga kwiyamamariza kuyobora u Rwanda yajyanwe mu bitaro bisuzuma indwara zo mu mutwe by’I Ndera mu Karere ka Gasabo bamusangana uburwayi butatangajwe.
-
Abagera kuri 700 babonye akazi mu Mujyi wa Kigali binyuze muri JobNet
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmujyi wa Kigali watangaje ko urubyiruko rugera kuri 700 rwabonye akazi umwaka ushize wa 2024, binyuze mu rubuga ruhuza abatanga imirimo n’abayikeneye ‘Kigali JobNet’.
Umuryango.rw
Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru
Impamvu Leta y’u Rwanda yemeje ko umusaruro w’igihugu wazamutseho 10.9%
EU yakuyeho ibihano yari yarafatiye Syria
AFC/M23 ikomeje gufatira abarwanyi ba FDLR mu mukwabu wakangaranyije benshi
Musanze: Polisi yerekanye batatu bibaga ibikoresho by’ikoranabuhanga
Umukinnyi yatewe icyuma mu ijosi azira kurata penaliti
Rurageretse hagati y’uwahoze ari umugore wa Jay Polly na Li John
Ibitaro bya CARAES-Ndera byemeje ko Barafinda yasanganywe uburwayi
Abagera kuri 700 babonye akazi mu Mujyi wa Kigali binyuze muri JobNet