Impunzi z’Abanye-Congo ziri mu nkambi y’i Musenyi mu Ntara ya Rutana iherereye mu majyapfo ashyira uburasirazuba bw’u Burundi, zakoze imyigaragambyo yo kwamagana abakomeje kunyereza inkunga y’ibiribwa bahawe n’umugore wa Perezida Evariste Ndayishimiye, Angeline Ndayubaha.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Burundi : Inkunga y’umugore wa Ndayishimiye yateje imyigaragambyo mu mpunzi z’Abanye-Congo
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Igihe ntarengwa cyo gutangira kubaka ibibuga bine FIFA yemereye uturere binyuze muri Ferwafa yamenyekanye
17 October 2024, by Joseph IradukundaIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda rigiye guha icyerekezo ishyirwa mu bikorwa ry’umushinga wo kubaka ibibuga bya Gicumbi, Rusizi, Rutsiro no kuri FERWAFA mbere y’uko uyu mwaka wa 2024 urangira.
-
Papa Fransisko yasabiye amahoro Ukraine, Sudani na Gaza
26 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, itariki 25 Ukuboza hirya no hino ku Isi abakirisitu bizihije umunsi mukuru wa Noheri aho bishimira ivuka rya Yezu Kirisitu,aho i Vatikani, mu muhango wo gutura igitambo cya misa Papa Fransisko, yasabye ko intambara yo muri Ukraine yatuza, ahamagarira ibiganiro by’amahoro.
-
Byagenze gute ngo Akayezu Jean Bosco uri kujya muri Rayon Sports atandukane na AS Kigali?
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMyugariro w’iburyo wakiniraga ikipe ya As Kigali, Akayezu Jean Bosco, yahisemo gutandukana n’ikipe ya AS Kigali ndetse ayisigira asaga miliyoni 7.
-
U Rwanda rwamagaye ibitero bya Misile byagabwe kuri Qatar
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yamagaye ibitero bya misile byagabwe ku butaka bwa Qatar, ishimangira ko bivongera ubusugire n’ubwigenge bw’iki gihugu.
-
Imyigaragambyo yakwirakwiye henshi muri Amerika, Bill Clinton anenga Trump
12 June 2025, by ISIMBI EstellaImyigaragambyo y’abamagana umukwabu w’urwego rw’abinjira n’abasohoka wo gufata abimukira badafite ibyangombwa yakwirakwiye henshi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bill Clinton wayoboye iki gihugu kuva mu 1993 kugeza mu 2001 anenga uburyo Perezida Donald Trump ari kwifashisha abasirikare bo mu mutwe w’Inkeragutabara.
-
Dosiye ya Moses yagejejwe mu rukiko
2 May 2025, by Angeline MUKANGENZIDosiye ya Turahirwa Moses wa Moshions yamaze kuregerwa Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro.
-
REMA yatangaje ko miliyari 40 frw zigiye gukoreshwa mu gutunganya ibishanga mu Mujyi wa Kigali
4 June 2025, by Angeline MUKANGENZIIkigo Gishinzwe kurengera Ibidukikije mu Rwanda, (REMA) kivuga ko cyashoye miliyari 40 y’amafaranga y’uRwanda agamije gutunganya ibishanga bitanu byo mu Mujyi wa Kigali.
-
Urukiko rwa Loni rwateye utwatsi ikirego cya Sudani kirega UAE jenoside
6 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko Rukuru rw’Umuryango w’Abibumbye ruzwi nk’Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ) rwanze ikirego cya Sudani ishinja Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) kurenga ku Masezerano abuza Jenoside, aho bivugwa ko yaba yarahaye intwaro ndetse akanatera inkunga ingabo za Rapid Support Forces (RSF) mu ntambara ikomeje kuba muri Sudani.
-
Macron agiye kwakira Ahmed al-Sharaa wa Syria mu ruzinduko rwe rwa mbere i Burayi
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi mushya w’inzibacyuho wa Syria, Ahmed al-Sharaa, agiye kugirira uruzinduko rwa mbere ku Mugabane w’u Burayi, aho azahura na Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macro, ku wa 7 Gicurasi 2025.
Umuryango.rw
Burundi : Inkunga y’umugore wa Ndayishimiye yateje imyigaragambyo mu mpunzi z’Abanye-Congo
Igihe ntarengwa cyo gutangira kubaka ibibuga bine FIFA yemereye uturere binyuze muri Ferwafa yamenyekanye
Papa Fransisko yasabiye amahoro Ukraine, Sudani na Gaza
Byagenze gute ngo Akayezu Jean Bosco uri kujya muri Rayon Sports atandukane na AS Kigali?
U Rwanda rwamagaye ibitero bya Misile byagabwe kuri Qatar
Imyigaragambyo yakwirakwiye henshi muri Amerika, Bill Clinton anenga Trump
Dosiye ya Moses yagejejwe mu rukiko
REMA yatangaje ko miliyari 40 frw zigiye gukoreshwa mu gutunganya ibishanga mu Mujyi wa Kigali
Urukiko rwa Loni rwateye utwatsi ikirego cya Sudani kirega UAE jenoside
Macron agiye kwakira Ahmed al-Sharaa wa Syria mu ruzinduko rwe rwa mbere i Burayi