Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye urukiko rukuru gukatira igifungo cy’imyaka 15 abasirikare bashinjwa umugambi wo gukura Perezida Félix Tshisekedi ku butegetsi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abasirikare bashinjwa gushaka gukura Tshisekedi ku butegetsi basabiwe gufungwa imyaka 15
27 August 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Bujumbura: Abakozi 3 muri perezidansi batawe muri yombi n’ubutasi
10 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuJean Baptiste Baribonekeza, wahoze ari perezida wa komisiyo yigenga ishinzwe uburenganzira bwa muntu, CNIDH, Cyrille Sibomana, na Arcade Harerimana bakoraga mu biro bya perezida w’u Burundi, barashinjwa kuba “bararekuye imfungwa zafunzwe zizira gufata ku ngufu n’ubwicanyi mu rwego rw’imbabazi za perezida mu gihe izi mbabazi zitarebaga abakoze ibyaha nk’ibyo, Nk’uko iteka rya perezida ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane ushize rivuga. Kuri uwo munsi kandi, birukanwe ku mirimo yabo.
-
Papa Francis yagaragaye mu ruhame yambaye imyenda isanzwe
11 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPapa Francis umaze igihe arembye ndetse ubu akaba yarahawe amezi abiri yo kuruhuka kubera uburwayi bwo mu myanya y’ubuhumekero, yagaragaye mu ruhame muri Bazilika ya Mutagatifu Petero i Vatican, yambaye imyenda isanzwe aho kuba ibishura by’umweru amenyerewemo.
-
Abatoza batatu b’ikipe y’Igihugu ya Ghana bakoze impanuka
3 September 2024, by Joseph IradukundaAbatoza batatu barimo Otto Addo, umutoza mukuru w’ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru ya Ghana (Black Stars), bakoze impanuka ubwo imodoka barimo yagonganaga n’ikamyo.
-
Karasira yageze mu rukiko akora ikimenyetso cya Tuff Gangs
5 June 2025, by ISIMBI EstellaKarasira Aimable ukurikiranyweho ibyaha birimo gupfobya no guha ishingiro Jenoside yakorewe Abatutsi akekwaho gukorera kuri YouTube mu biganiro bitandukanye, yageze mu Rukiko abanza gukora ikimenyetso cya Tuff Gangs.
-
Mikel Arteta ari guhabwa urwamenyo nyuma yo gutangaza amagambo atumvikanwaho
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmutoza w’ikipe ya Arsenal FC, Mikel Arteta, yatangaje ko iyi kipe ye ari yo nziza yari muri Champions League uyu mwaka.
-
Sinema: Idris Elba yatangaje impamvu ashaka kwimukira muri Afurika
23 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmukinnyi wa film w’Umwongereza, Idris Elba yabwiye BBC ko afite gahunda yo kwimukira muri Afurika, akahamara imyaka 10 muri gahunda afite yo gushyigikira umwuga wo gukina film kuri uyu mugabane.
-
Sudani: RSF iravugwaho kugotera abaturage mu mujyi wa al-Hilaliya no kubahohotera
6 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbarwanyi b’umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) baravugwaho gukomeza ibikorwa byo guhohotera abasivili mu burasirazuba bwa leta ya al-Jazirah, aho bagaba igitero ku baturage. Muri iyi Leta, ubu bugizi bwa nabi bwakwirakwiriye ku rugero runini cyane. Urugero, muri al-Hilaliya, ku birometero 70 uvuye i Wad Madani, abaturage baragoswe.
-
RIB yaburiye Ingabire Victoire ku magambo atangaza
9 October 2018Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’U Rwanda, Madame Ingabire Victoire yitabye ibiro by’ubugenzacyaha RIB kuri uyu wa 9 Ukwakira 2018 nyuma y’iminsi 24 yari ishize arekuwe n’imbabazi z’umukuru w’igihugu.
-
Umwamikazi w’Abazulu yatsinzwe urubanza rubuza Umwami gushaka bwa gatatu
21 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugore wa mbere w’Umwami Misuzulu kaZwelithini w’Abazulu, yatsinzwe urubanza rwari kubuza umugabo we gushaka umugore wa gatatu.
Umuryango.rw
Abasirikare bashinjwa gushaka gukura Tshisekedi ku butegetsi basabiwe gufungwa imyaka 15
Bujumbura: Abakozi 3 muri perezidansi batawe muri yombi n’ubutasi
Papa Francis yagaragaye mu ruhame yambaye imyenda isanzwe
Abatoza batatu b’ikipe y’Igihugu ya Ghana bakoze impanuka
Karasira yageze mu rukiko akora ikimenyetso cya Tuff Gangs
Mikel Arteta ari guhabwa urwamenyo nyuma yo gutangaza amagambo atumvikanwaho
Sinema: Idris Elba yatangaje impamvu ashaka kwimukira muri Afurika
Sudani: RSF iravugwaho kugotera abaturage mu mujyi wa al-Hilaliya no kubahohotera
Umwamikazi w’Abazulu yatsinzwe urubanza rubuza Umwami gushaka bwa gatatu