Nyabutsitsi Augustin w’imyaka 74 y’amavuko wigishije Perezida Paul Kagame mu wa gatandatu no mu wa Karindwi w’amashuri abanza, yishimira ko yongeye guhura nawe akanamwubakira inzu nziza atuyemo n’umuryango we.
Umusaza Nyabutsitsi yigishije Perezida Kagame mu ishuri ribanza rya Rwengoro, mu nkambi y’impunzi ya Gahunge, mu Karere ka Kabalore mu gihugu cya Uganda.
Ubwo ikinyamakuru izubarirashe.rw ducyesha iyi nkuru cyasuraga uyu musaza mu myaka ibiri ishize, yavugaga ko yifuza bikomeye (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Umwarimu wigishije Perezida Kagame mu mwaka wa gatandatu n’uwa karindwi yubakiwe inzu nziza-AMAFOTO
1 August 2017, by Iyamuremye Janvier -
Uko umugambi wa Jenoside waturutse kuri Perezida Habyarimana kugeza ushyizwe mu bikorwa
8 April, by ISIMBI EstellaImyaka 32 irashize kuva habaye Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yahitanye abarenga miliyoni mu minsi 100 gusa, bigizwemo uruhare n’abari abayobozi mu nzego za politiki n’iza gisirikari, bari barangajwe imbere n’uwari Perezida w’u Rwanda, Juvénal Habyarimana n’abambari be.
-
Umuhanda Sonatube-Kicukiro Center mu masaha y’umugoroba uraba ufunze
24 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda (RNP) yatangaje ko ku wa 24 Kanama 2025 guhera Saa Cyenda kugeza Saa Kumi n’Imwe z’igicamunsi umuhanda Sonatube -Kicukiro Center uraba ufunze.
-
U Bufaransa bwafashe ubwato bw’u Burusiya mu nyanja ya Méditerranée
23 January, by ISIMBI EstellaPerezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko ingabo zirwanira zafashe ubwato bw’u Burusiya mu Nyanja ya Méditerranée, bukekwaho kuba mu itsinda ry’ubwato bukoreshwa n’u Burusiya mu kwambutsa peteroli.
-
U Bufaransa: Umwe mu bafungiye hamwe na Sarkozy ashaka kumwica
23 October 2025, by ISIMBI EstellaUbushinjacyaha bw’Umujyi wa Paris mu Bufaransa bwatangije iperereza nyuma y’uko umwe mu bafungiye muri Gereza ya La Santé Nicolas, Sarkozy afungiyemo agaragaye mu mashusho avuga ko ashaka kumwica.
-
Ntituzigera na rimwe twemera guterwa ubwoba n’ubutegetsi bwa Tshisekedi
21 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga Mukuru w’Ishyaka rya Joseph Kabila rya ‘Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Démocratie:PPRD’, Ferdinand Kambere yavuze ko uko byagenda kose batazigera na rimwe baterwa ubwoba n’ubutegetsi bwa Kinshasa.
-
Polisi ya Danimarike Yafashe Batatu Barashe kuri Ambasade ya Isirayeli
3 October 2024, by Joseph Iradukundauri Danemarki no muri Suwede, abantu barashe hafi y’ambasade za Isiraheli. Polisi ya Danmarki ivuga ko yataye muri yombi abantu batatu
-
Trump na Visi Perezida we ntibatumiwe mu muhango wo gushyingura Dick Cheney
20 November 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump na Visi Perezida, J.D Vance, ntibatumiwe mu muhango wo gushyingura Dick Cheney, wahoze ari Visi Perezida w’iki gihugu.
-
Dutemberane mu Igororero rya Nyagatare ricumbikiye abana barenga 440
27 April, by ISHIMWE Jean de DieuIgororero rya Nyagatare ricumbikiye abana 460, riherereye mu Ntara y’Iburasirazuba, mu Karere ka Nyagatare, Umurenge wa Nyagatare, Akagari ka Barija, Umudugudu wa Burumba, ryubatse ku buso bungana na hegitari esheshatu.
-
Lomami Marcel niwe wemejwe nk’umutoza wa Kiyovu Sports
6 January 2025, by Joseph IradukundaUbuyobozi bwa Kiyovu Sports, bwemeje ko Lomami Marcel ari we mutoza mukuru wa yo, usimbuye Bipfubusa Joslin watandukanye n’iyi kipe.
Umuryango.rw
Uko umugambi wa Jenoside waturutse kuri Perezida Habyarimana kugeza ushyizwe mu bikorwa
Umuhanda Sonatube-Kicukiro Center mu masaha y’umugoroba uraba ufunze
U Bufaransa bwafashe ubwato bw’u Burusiya mu nyanja ya Méditerranée
U Bufaransa: Umwe mu bafungiye hamwe na Sarkozy ashaka kumwica
Ntituzigera na rimwe twemera guterwa ubwoba n’ubutegetsi bwa Tshisekedi
Polisi ya Danimarike Yafashe Batatu Barashe kuri Ambasade ya Isirayeli
Trump na Visi Perezida we ntibatumiwe mu muhango wo gushyingura Dick Cheney
Dutemberane mu Igororero rya Nyagatare ricumbikiye abana barenga 440
Lomami Marcel niwe wemejwe nk’umutoza wa Kiyovu Sports