Anna Kane wahoze ari umugore wa Evander Kane wamamaye mu mukino wa NHL, yabaye uwa mbere wigaragaje mu ruhererekane rw’abari baratanze ibirego bashinja P.Diddy kubahohotera ntibagaragaze amazina yabo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Bamwe mu bashinja Diddy bari barahishe imyirondoro batangiye kwigaragaza
8 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
IShowSpeed yasize inkuru i Kigali
11 January, by ISHIMWE Jean de DieuIShowSpeed, umwe mu bantu bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga uri mu Rwanda, yagaragarijwe urukundo n’ibihumbi by’Abanyarwanda hirya no hino mu Mujyi wa Kigali aho yagiye anyura, na we avuga ko mu bihugu byose yasuye, nta cyiza yabonye kiruta u Rwanda.
-
Dr GAHAKWA Daphrose yavuze ko nta wamurega agasuzuguro kuko atitabye PAC
14 October 2017, by Iyamuremye JanvierUmuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi (RAB), Dr Gahakwa Daphrose, aravuga ko atanze kwitaba Inteko Ishingamategeko kuko yageze mu nzira aganayo agafatwa n’indwara bityo akihutira kujya kwa muganga.
RAB yitabye Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu mu Nteko Ishinga Amategeko (PAC), kugira ngo bisobanure ku micungire mibi y’umutungo nk’uko byagaragajwe na raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta 2015/16.
Umuyobozi Mukuru (…) -
Perezida Maduro yikomye Amerika, avuga ko yasaze
19 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Venezuela, Nicolas Maduro yamaganiye kure umwanzuro Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika aherutse gufata, wo kwemererwa Ukraine kurasa mu Burusiya ikoresheje intwaro yahawe.
-
FDNB irigamba kwica inyeshyamba zirenga 100 zo mu mutwe urwanya Leta y’u Rwanda
10 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIgisirikare cy’u Burundi (FDNB), cyemeje ko giheruka kwica inyeshyamba zirenga 100 zo mu mutwe wa MRCD/FLN urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda.
-
Abanyeshuri bose guhera ku bana b’imyaka 6 mu bushinwa bagiye kujya bigishwa ubwenge buhangano
23 April 2025, by Gladiator OGMinisteri y’uburezi mu gihugu cy’ubushinwa yamaze gutangazako guhera tariki ya 1 Nzeri uyu mwaka w’i2025, abanyeshuri bose guhera ku bana b’imyaka 6 biga mu kiburamwaka kugera ku bana bafite imyaka 18 bazajya bigishwa amasomo y’ubwenge buhangano Artificial Intelligence (AI).
-
Perezida Zuma bamwokeje igitutu ati ‘ntacyo nakoze gituma munyirukana shishi itabona’
14 February 2018, by Nsanzimana ErnestNone tariki 14 Gashyantare 2018 byari byitezwe ko Perezida Jacob Zuma wa Afurika y’ Epfo atangaza niba yemera kuva ku butegetsi nk’ uko Ishyaka ANC riburiho ribimusaba.
Uyu munyapolitiki w’ imyaka 75 ari ku butegetsi amazeho imyaka 9 dore ko yabugezeho muri 2009 yavuze ko ntacyo yakoze gituma yirukanwa ku butegetsi shishi itabona.
Yagize ati “Ntacyo nakoze gituma nirukanwa shishi itabona. Ntabwo bisobanutse ukuntu iki kibazo cyafashe indi ntera. Ntabwo barimo kumpa ibimenyetso”
Ibi (…) -
Chorale de Kigali yanyuze abakunzi bayo mu gitaramo cyitabiriwe na Madamu Jeannette Kagame
23 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuChorale de Kigali iri mu zikunzwe mu Rwanda kuri uyu wa 22 Ukuboza 2024 yaraye ikoreze igitaramo ngarukamwaka cya ‘Christmas Carols Live Concert’ kibanzirizwa umunsi mukuru w’ivuka rya Yezu uzwi nka Noheli, ndetse cyitabirwa n’abarimo Madamu Jeannette Kagame.
-
Urugo rwa Brad Pitt rwibasiwe n’abajura
27 June 2025, by ISIMBI EstellaUrugo rw’umukinnyi wa filime, Brad Pitt ruherereye mu gace ka Los Feliz muri Los Angeles rwibasiwe n’abajura bataramenyekana, nk’uko byatangajwe n’Urwego rushinzwe Umutekano muri uwo mujyi (LAPD).
-
Umucamanza urekura abakoze Jenoside yakorewe abatutsi batarangije ibihano yongerewe manda
3 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmuryamabanga mukuru w’ umuryango w’ abibumye Antonio Guterres yongereye manda umucamanza Theodor Meron nk’umukuru wa “International Residual Mechanism for Criminal Tribunals” ikurikirana imanza zitarangijwe n’ icyahoze ari urukiko mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda i Arusha TPIR .
Umuryango.rw
Bamwe mu bashinja Diddy bari barahishe imyirondoro batangiye kwigaragaza
IShowSpeed yasize inkuru i Kigali
Perezida Maduro yikomye Amerika, avuga ko yasaze
FDNB irigamba kwica inyeshyamba zirenga 100 zo mu mutwe urwanya Leta y’u Rwanda
Abanyeshuri bose guhera ku bana b’imyaka 6 mu bushinwa bagiye kujya bigishwa ubwenge buhangano
Chorale de Kigali yanyuze abakunzi bayo mu gitaramo cyitabiriwe na Madamu Jeannette Kagame
Urugo rwa Brad Pitt rwibasiwe n’abajura