Indi nyubako iraramo abanyeshuri mu ishuri ryisumbuye rya Collège de Gisenyi Inyemeramihigo riherereye mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, yibasiwe n’inkongi y’umuriro kuri uyu wa 8 Gicurasi 2025.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Collège Inyemeramihigo yongeye kwibasirwa n’inkongi y’umuriro nyuma y’iminsi itatu
8 May 2025, by Joseph Iradukunda -
Zelensky yigaramye miliyari 200$ Trump avuga ko Amerika yahaye igihugu cye
3 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko atazi aho Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakuye iby’uko iki gihugu cyahaye Ukraine inkunga ya miliyari 200$, avuga ko niba byaranabaye atazi irengero ry’ayo mafaranga.
-
Nyagatare:Abaturiye umupaka i Karama bashima ubuyobozi bwakumiriye Kanyanga
7 February, by Angeline MUKANGENZIAbaturage bo mu kagari ka Shonga mu Mudugudu wa Nyakanoni uhana imbibi n’ahitwa mu Karere ho mu gihugu cya Uganda bavuga ko bashima ubuyobozi bwashyizeho ingamba zo gukumira inzoga ya Kanyanga kuko yangiza ubuzima ndetse ikabuza abayinywa gukora ibibateza imbere.
-
"Nta muntu n’umwe uzi M23 abo aribo"-Perezida Ndayishimiye
22 December 2022, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko nta muntu uramenya neza abarwanyi ba M23 abo aribo muri RDC bityo hagenzurwa ubwenegihugu bwabo bamaze gushyira hasi intwaro.
Mu kiganiro kirambuye yagiranye n’Ikinyamakuru Jeune Afrique,Perezida Ndayishimiye unayoboye EAC muri iki gihe yavuze ku ngingo nyinshi zirimo Umutekano muri RDC,Manda y’ingabo z’akarere,Ububanyi n’amahanga,Inama ya Afurika na USA,nibindi.
Perezida Ndayishimiye yavuze ko kugera ku mahoro arambye muri RDC (…) -
Burundi : Inkunga y’umugore wa Ndayishimiye yateje imyigaragambyo mu mpunzi z’Abanye-Congo
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImpunzi z’Abanye-Congo ziri mu nkambi y’i Musenyi mu Ntara ya Rutana iherereye mu majyapfo ashyira uburasirazuba bw’u Burundi, zakoze imyigaragambyo yo kwamagana abakomeje kunyereza inkunga y’ibiribwa bahawe n’umugore wa Perezida Evariste Ndayishimiye, Angeline Ndayubaha.
-
Igihe ntarengwa cyo gutangira kubaka ibibuga bine FIFA yemereye uturere binyuze muri Ferwafa yamenyekanye
17 October 2024, by Joseph IradukundaIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda rigiye guha icyerekezo ishyirwa mu bikorwa ry’umushinga wo kubaka ibibuga bya Gicumbi, Rusizi, Rutsiro no kuri FERWAFA mbere y’uko uyu mwaka wa 2024 urangira.
-
Papa Fransisko yasabiye amahoro Ukraine, Sudani na Gaza
26 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatatu, itariki 25 Ukuboza hirya no hino ku Isi abakirisitu bizihije umunsi mukuru wa Noheri aho bishimira ivuka rya Yezu Kirisitu,aho i Vatikani, mu muhango wo gutura igitambo cya misa Papa Fransisko, yasabye ko intambara yo muri Ukraine yatuza, ahamagarira ibiganiro by’amahoro.
-
Byagenze gute ngo Akayezu Jean Bosco uri kujya muri Rayon Sports atandukane na AS Kigali?
18 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMyugariro w’iburyo wakiniraga ikipe ya As Kigali, Akayezu Jean Bosco, yahisemo gutandukana n’ikipe ya AS Kigali ndetse ayisigira asaga miliyoni 7.
-
U Rwanda rwamagaye ibitero bya Misile byagabwe kuri Qatar
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yamagaye ibitero bya misile byagabwe ku butaka bwa Qatar, ishimangira ko bivongera ubusugire n’ubwigenge bw’iki gihugu.
-
Imyigaragambyo yakwirakwiye henshi muri Amerika, Bill Clinton anenga Trump
12 June 2025, by ISIMBI EstellaImyigaragambyo y’abamagana umukwabu w’urwego rw’abinjira n’abasohoka wo gufata abimukira badafite ibyangombwa yakwirakwiye henshi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Bill Clinton wayoboye iki gihugu kuva mu 1993 kugeza mu 2001 anenga uburyo Perezida Donald Trump ari kwifashisha abasirikare bo mu mutwe w’Inkeragutabara.
Umuryango.rw
Collège Inyemeramihigo yongeye kwibasirwa n’inkongi y’umuriro nyuma y’iminsi itatu
Zelensky yigaramye miliyari 200$ Trump avuga ko Amerika yahaye igihugu cye
Nyagatare:Abaturiye umupaka i Karama bashima ubuyobozi bwakumiriye Kanyanga
"Nta muntu n’umwe uzi M23 abo aribo"-Perezida Ndayishimiye
Burundi : Inkunga y’umugore wa Ndayishimiye yateje imyigaragambyo mu mpunzi z’Abanye-Congo
Igihe ntarengwa cyo gutangira kubaka ibibuga bine FIFA yemereye uturere binyuze muri Ferwafa yamenyekanye
Papa Fransisko yasabiye amahoro Ukraine, Sudani na Gaza
Byagenze gute ngo Akayezu Jean Bosco uri kujya muri Rayon Sports atandukane na AS Kigali?
U Rwanda rwamagaye ibitero bya Misile byagabwe kuri Qatar
Imyigaragambyo yakwirakwiye henshi muri Amerika, Bill Clinton anenga Trump