Kuri uyu wa Gatandatu, Igisirikare cyavuze ko igitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro mu burengerazuba bwa Niger cyahitanye abasirikare 12, mu gace k’umupaka kamaze igihe kaberamo ihohoterwa rikorwa n’intagondwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Igitero cy’abantu bitwaje intwaro cyahitanye abasirikare 12 ba Niger
28 April 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
AFC/M23 yasobanuye impamvu yavuye mu Mujyi wa Walikale, iburira ingabo za RDC
4 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryakuye abarwanyi baryo mu Mujyi wa Walikale mu gushyira mu bikorwa ibyo ryari ryemeje ku wa 22 Werurwe 2025.
-
Haribazwa byinshi ku musore wapfuye agiye gushinja OpenAI kwiba amakuru y’abandi
25 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrujijo rukomeje kuba rwinshi kuri Suchir Balaji, umusore w’imyaka 26 wakoreraga OpenAI, ikigo kigenzura ikoranabuhanga rya ChatGPT, akaza kuyivamo ayishinja kwiba amakuru y’abandi bantu, agakoreshwa mu guhangana nabo ku isoko.
-
Urukiko rw’Ikirenga rugiye kumva uruhande rwa TikTok ishobora gukumirwa muri Amerika
19 December 2024, by Joseph IradukundaUrukiko Rukuru rwemeje ko rugiye kumva uruhande rwa TikTok n’Ikigo ByteDance kiyigenzura, aho byifuza ko umwanzuro wo kugurisha urwo rubuga wahagarikwa.
-
Baltasar wasambanyije abagore barenga 400 barimo mushiki wa Perezida yirukanwe ku kazi
8 November 2024, by Joseph IradukundaPerezida Teodoro Obiang Nguema Mbasogo wa Guinée-Équatoriale yirukanye ku mirimo Baltasar Ebang Engonga wari umuyobozi mukuru w’Ikigo gishinzwe iperereza ku mikoreshereze y’imari muri iki gihugu.
-
AFC/M23 na Leta ya RDC bigiye kohereza intumwa muri Qatar
19 August 2025, by ISIMBI EstellaUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 riburwanya, bigiye kohereza intumwa muri Qatar kugira ngo zisuzume uko amahame yashyizweho umukono tariki ya 19 Nyakanga 2025 ari kubahirizwa.
-
Kuvuza ingoma byagaragajwe nk’umuco u Rwanda ruhuriyeho n’u Buyapani
19 August 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi w’u Buyapani mu Rwanda, Isao Fukushima, yavuze ko igihugu cye n’u Rwanda bihuje umuco wo kuvuza ingoma mu gihe bishimira ibyagezweho.
-
Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ aramara igihe adakina nyuma yo kubagwa ivi
21 January 2025, by Joseph IradukundaMyugariro w’ikipe y’igihugu “Amavubi” Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ yabazwe ivi kubera imvune yagiriye mu ikipe ye ya AEL Limasol yo mu cyiciro cya mbere muri Chypre.
-
Ingabo za RDC, FDLR na Wazalendo byacengeye i Goma
25 August 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa 25 Kanama 2025, ingabo z’iki gihugu, umutwe w’iterabwoba wa FDLR na Wazalendo byacengeye mu bice birimo Goma.
-
RDC: Abarenga 30 muri Kasai bamaze kwicwa na Ebola
22 September 2025, by ISIMBI EstellaInzego z’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zatangaje ko abamaze kwicwa n’icyorezo cya Ebola mu Ntara ya Kasai ari 31.
Umuryango.rw
Igitero cy’abantu bitwaje intwaro cyahitanye abasirikare 12 ba Niger
AFC/M23 yasobanuye impamvu yavuye mu Mujyi wa Walikale, iburira ingabo za RDC
Haribazwa byinshi ku musore wapfuye agiye gushinja OpenAI kwiba amakuru y’abandi
Urukiko rw’Ikirenga rugiye kumva uruhande rwa TikTok ishobora gukumirwa muri Amerika
Baltasar wasambanyije abagore barenga 400 barimo mushiki wa Perezida yirukanwe ku kazi
AFC/M23 na Leta ya RDC bigiye kohereza intumwa muri Qatar
Kuvuza ingoma byagaragajwe nk’umuco u Rwanda ruhuriyeho n’u Buyapani
Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ aramara igihe adakina nyuma yo kubagwa ivi
Ingabo za RDC, FDLR na Wazalendo byacengeye i Goma
RDC: Abarenga 30 muri Kasai bamaze kwicwa na Ebola