Ikipe ya Police FC yatangaje ko itazakomezanya n’umutoza Mashimi Vincent n’abungiriza be mu mwaka utaha w’imikino 2025/26, ibashimira iterambere bazanye muri iyi kipe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Police FC yatandukanye n’umutoza Mashami Vincent
9 June 2025, by Joseph Iradukunda -
Umubiligi washatse kunganira Rusesabagina atabifitiye uburenganzira yirukanywe ku butaka bw’u Rwanda
21 August 2021, by Dusingizimana RemyUmunyamategeko wo mu Bubiligi,Vincent Lurquin, w’imyaka 62 , yirukanywe ku butaka bw’u Rwanda nyuma y’aho arenze ku mategeko akajya mu rukiko kunganira Paul Rusesabagina kandi nta burenganzira abifitiye.
-
Ubwandu bwa Malariya mu Rwanda bwariyongereye mu mezi 12 ashize
19 November 2024, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) kivuga ko indwara ya Malariya yikubye inshuro ebyiri ugereranyije kuva mu kwezi kwa cyenda k’umwaka ushize wa 2023 n’ukwezi kwa Nzeri 2024 aho abarwayi bavuye ku bihumbi 43 bikuba inshuro ebyiri.
-
Abasirikare ba RDC bategetswe kukimaramo imyaka irindwi bakiri ingaragu
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi w’Ingabo za RDC, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko abasirikare bashya binjira mu gisirikare bagomba kwiyemeza ko bazamara imyaka irindwi bakiri ingaragu, nta n’umwana bafite.
-
Perezida Ndayishimiye yatanze imbabazi ku mfungwa zirenga 5400 ategeka ko bafungurwa
15 November 2024, by Joseph IradukundaPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yategetse ko abantu 5442 bafungiwe mu magereza atandukanye y’iki gihugu, bafungurwa mu gihe kitarenze ibyumweru bibiri.
-
Ubuhamya bwa Mugiraneza wagiye muri FDLR afite imyaka 14
9 January, by ISHIMWE Jean de DieuEric Mugiraneza umaze imyaka 10 avuye mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR, ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ahamya ko afite icyizere cy’ubuzima bwiza kuko yageze mu Rwanda akabona amahirwe yo kwiga yari yaravukijwe n’ubuzima bwo mu ishyamba.
-
Byemejwe ko Liam Payne yanyoye uruvange rw’inzoga n’ibiyobyabwenge mbere yo gupfa
27 February 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’amezi atanu umuhanzi Liam Payne wamamaye mu itsinda rya ‘One Direction’ apfuye, hasohotse raporo igaragaza ko yari yanyoye inzoga ziri ku kigero cyo hejuru hamwe n’uruvange rw’ibiyobyabwenge.
-
Umukino wa APR FC na Rayon Sports wimuriwe muri Werurwe 2025
25 February 2025, by ISIMBI EstellaUrwego rutegura Shampiyona y’u Rwanda “Rwanda Premier League” rwimuye umukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona wagombaga guhuza APR FC na Rayon Sports ushyirwa ku munsi wa 20. Ibi bikubiye ku ngengabihe ivuguruye ya Shampiyona y’u Rwanda uru rwego rwahaye amakipe yose kugeza Shampiyona ya 2024-25 irangiye muri Gicurasi 2025.
Ku ikubitiro uyu mukino wari washyizwe ku munsi wa 27 tariki ya 10 Gicurasi 2025. gusa ingengabihe Nshya yashyizwe hanze yerekanye ko uyu mukino wimuwe ugashyirwa ku munsi (…) -
Uburyo Besigye yagambaniwe n’uwagombaga kumushakira intwaro bituma afungwa
25 November 2024, by Joseph IradukundaHashize iminsi itandatu abasirikare ba Uganda bakorera mu mutwe ushinzwe imyitwarire (Military Police) bagejeje Umunyapolitiki Dr Kizza Besigye mu rukiko rwa gisirikare rwa Makindye, nyuma y’iminsi itatu afatiwe i Nairobi.
-
Ubwizigame bw’u Rwanda bwitezwe kugera kuri miliyari 2,2$ mu 2026: Icyo bivuze ku muturage
29 April, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangaje ko byitezwe ko mu 2026 ubwizigame bw’u Rwanda buzazamuka bukagera kuri miliyari 2,2$ bivuze ko bushobora kwifashishwa mu gutumiza ibicuruzwa hanze mu gihe cy’amezi 4,3. Ikigereranyo cya Minisiteri y’Imari ni uko mu gihe kiri imbere, ni ukuvuga nyuma ya 2026 buzazamuka bukagera kuri miliyari 2,6$.
Umuryango.rw
Police FC yatandukanye n’umutoza Mashami Vincent
Umubiligi washatse kunganira Rusesabagina atabifitiye uburenganzira yirukanywe ku butaka bw’u Rwanda
Ubwandu bwa Malariya mu Rwanda bwariyongereye mu mezi 12 ashize
Abasirikare ba RDC bategetswe kukimaramo imyaka irindwi bakiri ingaragu
Perezida Ndayishimiye yatanze imbabazi ku mfungwa zirenga 5400 ategeka ko bafungurwa
Ubuhamya bwa Mugiraneza wagiye muri FDLR afite imyaka 14
Byemejwe ko Liam Payne yanyoye uruvange rw’inzoga n’ibiyobyabwenge mbere yo gupfa
Umukino wa APR FC na Rayon Sports wimuriwe muri Werurwe 2025
Uburyo Besigye yagambaniwe n’uwagombaga kumushakira intwaro bituma afungwa
Ubwizigame bw’u Rwanda bwitezwe kugera kuri miliyari 2,2$ mu 2026: Icyo bivuze ku muturage