Indege z’intambara z’u Bufaransa zatangiye kuva muri Tchad, nyuma yo gusesa amasezerano mu by’ubufatanye yari hagati y’ibihugu byombi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Indege z’intambara z’u Bufaransa zatangiye kuva muri Tchad
11 December 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Miss Muheto Divine yahanishijwe igifungo cy’amezi atatu gisubitse
6 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Ukwakira rwahanishije Miss Muheto Divine igihano cy’igifungo cy’amezi atatu gisubitse mu gihe cy’umwaka umwe n’ihazabu y’ibihumbi 190 Frw.
-
Umwana wa Mafisango yahamagawe mu kipe y’Igihugu y’abatarengeje imyaka 20
25 September 2024, by Joseph IradukundaUmuhungu wa nyakwigendera, Patrick Mafisango, Tabu Tegra Crespo, ari mu bakinnyi 28 batarengeje imyaka 20 bahamagawe mu kipe y’Igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje iyo myaka bakomeje kwitegura imikino ya Cecafa izatanga itike y’igikombe cya Afurika cya 2025.
-
Urutonde rw’abanyeshuri 10 bahize abandi mu bumenyi rusange mu gihugu
15 November 2021, by Rebecca UFITAMAHOROMinisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye igaragaza ko abize mu Bumenyingiro n’Inderabarezi bitwaye neza ugereranyije n’abize mu bijyanye n’Ubumenyi rusange
-
Intandaro y’uburezi bw’u Rwanda yo kuba umusingi w’iterambere
8 February, by Angeline MUKANGENZIMu myaka 32 ishize, uburezi mu Rwanda bwagaragaje impinduka mu buryo bufatika, ku buryo kubona umuntu warangije amashuri yisumbuye cyangwa kaminuza bitakiri igitangaza mu byaro no mu mijyi, ndetse umubare munini w’Abanyarwanda ukaba ukomeje gutanga umusanzu ushingiye ku bumenyi mu ruhando mpuzamahanga.
-
U Burusiya bwongeye kugaba ibitero muri Ukraine bari bumvikanye agahenge
12 May 2025, by Angeline MUKANGENZIMu ijoro rishyira ku wa 12 Gicurasi 2025, u Burusiya bwongeye kugaba ibitero by’indege zirenga 100 zitagira abapilote muri Ukraine nyuma y’uko agahenge k’amasaha 72 kari karumvikanyweho kuva ku wa kane w’icyumweru gishize karangiye.
-
Perezida wa Brésil yasabye Trump kwita ku kazi ke, aho guhora ku mbuga nkoranyambaga
27 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Brésil, Luiz Inacio Lula da Silva yavuze ko mugenzi we wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump akwiriye kwita ku kazi ke, aho guhora ku mbuga nkoranyambaga.
-
Karongi: Abanyeshuri barenga 700 bataye ishuri
30 July 2025, by ISIMBI EstellaImibare itangwa n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi igaragaza ko mu mwaka w’amashuri 2024-2025 muri aka karere habaruwe abanyeshuri bagera kuri 748 bataye ishuri ari nayo mpamvu hafashwe umwanzuro uvuga ko umubyeyi w’umwana wataye ishuri azajya ajya ku ishuri gutanga ibisobanuro.
-
Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo
9 January, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’imyitozo ya nyuma bitegura umukino wa nyuma w’Igikombe cya Super Cup, umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yatangaje ko ikipe ayoboye yiteguye gukina nta bwoba, igamije gutsinda no gutanga ibyishimo ku bafana bayo.
-
Loni yasabye ko intwaro zihabwa impande zihanganye muri Sudani zihagarikwa
15 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmuryango w’Abibumbye wasabye ibihugu bitandukanye guhagarika gutanga intwaro ku mpande ziri mu ntambara muri Sudani, ivuga ko izo ntwaro ari zo ziri gutiza umurindi iyo ntambara bikagira ingaruka no ku baturage.
Umuryango.rw
Indege z’intambara z’u Bufaransa zatangiye kuva muri Tchad
Miss Muheto Divine yahanishijwe igifungo cy’amezi atatu gisubitse
Umwana wa Mafisango yahamagawe mu kipe y’Igihugu y’abatarengeje imyaka 20
Urutonde rw’abanyeshuri 10 bahize abandi mu bumenyi rusange mu gihugu
Intandaro y’uburezi bw’u Rwanda yo kuba umusingi w’iterambere
U Burusiya bwongeye kugaba ibitero muri Ukraine bari bumvikanye agahenge
Perezida wa Brésil yasabye Trump kwita ku kazi ke, aho guhora ku mbuga nkoranyambaga
Karongi: Abanyeshuri barenga 700 bataye ishuri
Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo
Loni yasabye ko intwaro zihabwa impande zihanganye muri Sudani zihagarikwa