Umwuka mubi watutumbye hagati ya Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Evariste Kakule Somo, n’abadepite bo ku rwego rw’intara, bapfa umushahara.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru wahunze Goma yasubiranyemo n’abadepite
19 August 2025, by ISIMBI Estella -
Gakenke: Umaze kubagwa incuro 14 kubera uburwayi aratabaza
28 July 2025, by Joseph IradukundaMu myaka 15 amaze yivuriza mu bitaro binyuranye, Musabinema Laurence w’imyaka 32 amaze kubagwamo inshuro 14 kubera uburwayi bw’ibibyimba afite mu nda.
-
Ukraine yashinjwe gushaka guhanganisha RDC n’ibihugu bituranye
28 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro ry’abofisiye b’Abarusiya bashinzwe umutekano mpuzamahanga ryashinje ubutegetsi bwa Ukraine umugambi wo guhanganisha Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda na Uganda.
-
U Burusiya bwasubukuye ibitero kuri Ukraine
21 April 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Mbere tariki ya 21 mata 2025 ingabo z’u Burusiya zasubukuye imirwano muri Ukraine nyuma y’agahenge ka Pasika katangajwe na Perezida Vladimir Putin nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru by’u Burusiya.
-
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
4 August 2025, by UbwanditsiUmuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyasha abantu bose ko hatazangizwa ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa iherereye mu karere ka Bugesera.
Soma itangazo rirambuye… -
Felix Tshisekedi n’abandi bakuru b’ibihugu bitabiriye inama ya Africa CEO Forum igiye kubera mu Rwanda [AMAFOTO]
25 March 2019, by Dusingizimana RemyAbakuru b’ibihugu bya Afurika barimo Perezida Félix Tshisekedi wa RDC, Sahle-Work Zewde wa Ethiopia, uwa Togo Faure Gnassingbé na Minisitiri w’Intebe wa Cote d’Ivoire, Amadou Gon Coulibaly bari mu Rwanda aho bitabiriye inama ya Africa CEO Forum 2019.
-
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’epfo yavuze icyakuye ingabo za SADC muri RDC
4 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Gen Rudzani Maphwanya, yatangaje ko kuba SADC yarahisemo gukura ingabo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byatewe n’uko amahoro yatangiye kugaruka mu karere, mu gihe hari abandi babibona nk’intege nke izi ngabo zagaragaje imbere ya M23.
-
RIB yerekanye abakobwa 4 bakwirakwije ku mbuga nkoranyambaga amashusho yabo bambaye ubusa
31 July 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Nyakanga 2020 nibwo Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rweretse Itangazamakuru abakobwa 4 batawe muri yombi bakurikiranyweho gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni ku mbuga nkoranyambaga.
-
U Burusiya bwagabye ibitero bya drone i Kyiv byamaze amasaha arenga umunani
4 July 2025, by ISIMBI EstellaLeta ya Ukraine yatangaje ko u Burusiya bwagabye ibitero bya drone mu mujyi wa Kyiv bisenya inzira ya gariyamoshi n’ibindi bikorwa remezo ndetse hakomereka abantu 14.
-
Biden yaciye amarenga ko abayobozi b’i Burayi bakumbuye ubutegetsi bwe
3 July 2025, by ISIMBI EstellaJoe Biden wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko amaze igihe yakira telefone z’abayobozi bo hirya no hino ku Isi, bamusaba kongera kugaragara muri politike mpuzamahanga.
Umuryango.rw
Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru wahunze Goma yasubiranyemo n’abadepite
Gakenke: Umaze kubagwa incuro 14 kubera uburwayi aratabaza
Ukraine yashinjwe gushaka guhanganisha RDC n’ibihugu bituranye
U Burusiya bwasubukuye ibitero kuri Ukraine
Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’epfo yavuze icyakuye ingabo za SADC muri RDC
RIB yerekanye abakobwa 4 bakwirakwije ku mbuga nkoranyambaga amashusho yabo bambaye ubusa
U Burusiya bwagabye ibitero bya drone i Kyiv byamaze amasaha arenga umunani
Biden yaciye amarenga ko abayobozi b’i Burayi bakumbuye ubutegetsi bwe