Umuhanzi Ed Sheeran, yasabye imbabazi umutoza wa Manchester United, Ruben Amorim nyuma y’uko amurogoye bigatuma ikiganiro yagiranaga n’itangazamakuru gihagarara.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ed Sheeran yasabye imbabazi umutoza wa Manchester United
26 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
MUKESHIMANA Elyse yasabye guhindura amazina akitwa MUKESHIMANA Elisabeth
31 October 2025, by ISIMBI EstellaMUKESHIMANA Elyse guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUKESHIMANA Elisabeth mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi.. -
U Bufaransa: Umwe mu bafungiye hamwe na Sarkozy ashaka kumwica
23 October 2025, by ISIMBI EstellaUbushinjacyaha bw’Umujyi wa Paris mu Bufaransa bwatangije iperereza nyuma y’uko umwe mu bafungiye muri Gereza ya La Santé Nicolas, Sarkozy afungiyemo agaragaye mu mashusho avuga ko ashaka kumwica.
-
Abaturiye umupaka wa Shonga babangamiwe no kudahabwa ibyangombwa by’ubutaka
9 February, by Angeline MUKANGENZIBamwe mu baturage bo mu Kagari ka Mutojo mu Murenge wa Karama, Akarere ka Nyagatare baturiye umupaka na w’u Rwanda na Uganda bavuga ko bahangayikishijwe no kuba batagira ibyangombwa by’ubutaka bwabo aho bibagiraho ingaruka mu mibereho yabo bikanabadindiriza iterambere.
-
Stade Amahoro yashyizwemo ikoranabuhanga rya VAR
14 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuStade Amahoro iri mu zigezweho muri Afurika y’Iburasirazuba, yashyizwemo ibikoresho by’ikoranabuhanga ryifashishwa mu misifurire “Video Assistant Referee- VAR”.
-
Ntituzigera na rimwe twemera guterwa ubwoba n’ubutegetsi bwa Tshisekedi
21 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga Mukuru w’Ishyaka rya Joseph Kabila rya ‘Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Démocratie:PPRD’, Ferdinand Kambere yavuze ko uko byagenda kose batazigera na rimwe baterwa ubwoba n’ubutegetsi bwa Kinshasa.
-
Lomami Marcel niwe wemejwe nk’umutoza wa Kiyovu Sports
6 January 2025, by Joseph IradukundaUbuyobozi bwa Kiyovu Sports, bwemeje ko Lomami Marcel ari we mutoza mukuru wa yo, usimbuye Bipfubusa Joslin watandukanye n’iyi kipe.
-
Dore abaperezida 10 muri afurika bakurikirwa cyane ku rubuga rwa Twitter ( X )
24 March 2025, by ISIMBI EstellaImbugankoranyambaga zoroheje ubuzima ndetse zituma isi iba umudugudu ubu ku munsi wa none ntibigoye kugera ku makuru ndetse n’ubundi bumenyi wifashishije Imbugankoranyambaga, kuri izi mbuga habaho byinshi ; ibyiza, ibibi, ibiteye isoni, ibirimo amasomo, n’ibindi byinshi. Gusa Nubwo izi mbugankoranyambaga abenshi bazibona nkizikoreshwa na bakiri bato Ariko burya na bayobozi batandukanye ndetse bafite imyanya yo hejuru mu buyobozi barazikoresha ; basangiza amakuru atandukanye yaba aberekeyeho (…)
-
Muhanga: Umusore wararanye umwana w’imyaka 17 ari guhigishwa uruhindu
1 October 2025, by ISIMBI EstellaUmuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Kamanzi Hassan, yatangaje ko umusore ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 17 wo mu karere ka Muhanga, ari gushakishwa n’inzego z’umutekano kuko ikirego cyamaze gutangwa.
-
Intambara ya Iran mu rubanza rwa Diddy na Jessie J wabazwe ibere: Avugwa hanze mu myidagaduro
25 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbakinnyi ba filime bamamaye mu myaka myinshi ishize, Brad Pitt na Tom Cruise, bongeye guhura nyuma y’imyaka 24, bahujwe n’igikorwa cyo kwerekana filimi yiswe ‘F1’ cyabereye mu mujyi wa Londres mu Bwongereza.
Umuryango.rw
Ed Sheeran yasabye imbabazi umutoza wa Manchester United
MUKESHIMANA Elyse yasabye guhindura amazina akitwa MUKESHIMANA Elisabeth
U Bufaransa: Umwe mu bafungiye hamwe na Sarkozy ashaka kumwica
Abaturiye umupaka wa Shonga babangamiwe no kudahabwa ibyangombwa by’ubutaka
Stade Amahoro yashyizwemo ikoranabuhanga rya VAR
Ntituzigera na rimwe twemera guterwa ubwoba n’ubutegetsi bwa Tshisekedi
Lomami Marcel niwe wemejwe nk’umutoza wa Kiyovu Sports
Dore abaperezida 10 muri afurika bakurikirwa cyane ku rubuga rwa Twitter ( X )
Muhanga: Umusore wararanye umwana w’imyaka 17 ari guhigishwa uruhindu
Intambara ya Iran mu rubanza rwa Diddy na Jessie J wabazwe ibere: Avugwa hanze mu myidagaduro