Usibye kuba imibonano mpuzabitsina ifasha mu kwagura umuryango ndetse n’abayikora bemeza ko hari ibyishimo bayikuramo bituma bishimira kuyikora.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ibyiza biri mu gukora imibonano mpuzabitsina kenshi
24 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Gaza: Loni yongeye gutanga umuburo ku nzara iri guca ibintu
6 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuryango w’Abibumbye wongeye kugaragaza ko abatuye mu gace ka Gaza bugarijwe n’inzara ikomeye, iri gutuma benshi babura ubuzima mu gihe cyo kujya gushaka ibyo kurya biturutse mu muvundo no kubirwanira.
-
Hashyizweho abayobozi b’uturere bashya mu mujyi wa Kigali bahawe amazina mashya
7 February 2020, by Dusingizimana RemyIbiro bya minisitiri w’intebe byatangaje ko kuri uyu wa 07 Gashyantare 2020, hashyizwe mu myanya abayobozi, mu Mujyi wa Kigali batacyitwa ba Meya b’uturere ahubwo biswe “Abayobozi Nshingwabikorwa b’Akarere”.
-
Kenya: Prezida Ruto Yashize muri Guverinoma 4 mu Batavuga Rumwe n’Ubutegetsi
25 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa gatatu, Perezida wa Kenya, William Ruto, yashyize abayoboke bane b’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri guverinoma “yagutse” yari yasezeranyije nk’igisubizo ku myigaragambyo ibera mu gihugu hose, ariko impirimbanyi zanenze iyo guverinoma nshya, zifata nka ruswa.
-
Jay Z yasabye urukiko gutesha agaciro ikirego ashinjwamo gusambanya umwana
9 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuraperi w’icyamamare, Shawn Carter, wamamaye mu muziki nka Jay Z, yasabye Urukiko rwa New York gutesha agaciro ikirego aregwamo kwifatanya na Sean ‘Diddy’ Combs mu gusambanya umukobwa w’imyaka 13 y’amavuko.
-
Amerika: Urwego rurinda perezida ruri gukora iperereza ku masasu yumvikaniye hafi ya White House
6 April, by Angeline MUKANGENZIUrwego rw’Amerika rucunga umutekano wa perezida n’abandi bategetsi bo hejuru n’abahoze ari abategetsi bo hejuru – rwitwa US Secret Service – rurimo gukora iperereza ku rusaku rw’amasasu rwumvikanye mu masaha ya kare yo ku cyumweru hafi y’ibiro bya perezida, bizwi nka White House.
-
Rayon Sports yatsinze Musanze FC ikomeza kuryoherwa na buki irimo
6 November 2024, by Joseph IradukundaNyuma yo gukura amanota atatu kuri Stade Ubworoherane ubwo yatsindaga Musanze FC igitego 1-0, ikipe ya Rayon Sports ikomeje kugira ibihe byiza bitanga ibimenyetso by’uko uyu mwaka uzayigendekera neza.
-
Uwari umushinjacyaha mu Rwanda yatanze ubuhamya mu rubanza rwa Félicien Kabuga
20 October 2022, by Dusingizimana RemyFrançois-Xavier Nsanzuwera, uvuga ko yahoze ari umushinjacyaha mu Rwanda, yashinje Kangura na RTLM gukwiza urwango rwavuyemo ubwicanyi na jenoside, mu rubanza rwa Félicien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside.
Nsanzuwera yavuze ko kuva mu mwaka wa 1990 kugeza mu 1994 yari umushinjacyaha wa repubulika ushinzwe ifasi y’umurwa mukuru Kigali n’icyahoze ari perefegitura ya Kigali-Ngali.
Ubuhamya bwe bwakomoje ku gice (chapter/chapitre) kiri mu gitabo cye, igice anagarukaho mu nyandiko (…) -
Lady Gaga ubwo yarari mu iserukira muco rya ‘Caochella’; yatengushywe n’ibyuma
20 April 2025, by ISIMBI EstellaLady Gaga uri mu bahanzi bakomeye ku Isi yatengushywe n’indangururamajwi, mu iserukiramuco rya Coachella avuga ko ibyo bibazo byatumye abantu babona ko ashoboye kuririmba mu buryo bwa ‘Live’.
-
Amb Nduhungirehe yaganiriye na Emmanuel Cohet ku mubano w’u Rwanda n’u Bufaransa
29 April, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe yagiranye ibiganiro n’intumwa yihariye y’u Bufaransa mu karere k’ibiyaga bigari, Ambasaderi Emmanuel Cohet, byibanze ku mubano w’ibihugu byombi.
Umuryango.rw
Ibyiza biri mu gukora imibonano mpuzabitsina kenshi
Gaza: Loni yongeye gutanga umuburo ku nzara iri guca ibintu
Kenya: Prezida Ruto Yashize muri Guverinoma 4 mu Batavuga Rumwe n’Ubutegetsi
Jay Z yasabye urukiko gutesha agaciro ikirego ashinjwamo gusambanya umwana
Rayon Sports yatsinze Musanze FC ikomeza kuryoherwa na buki irimo
Uwari umushinjacyaha mu Rwanda yatanze ubuhamya mu rubanza rwa Félicien Kabuga
Lady Gaga ubwo yarari mu iserukira muco rya ‘Caochella’; yatengushywe n’ibyuma
Amb Nduhungirehe yaganiriye na Emmanuel Cohet ku mubano w’u Rwanda n’u Bufaransa