Peter Kabugo wari mu basifuzi basifuraga umukino w’umunsi wa karindwi muri Shampiyona ya Uganda, yapfiriye mu kibuga ubwo yari mu bagombaga gukiranura SC Villa na UPDF ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki 1 Ugushyingo 2024.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uganda: Haravugwa Umusifuzi wapfiriye mu kibuga ari mu kazi ke
2 November 2024, by Joseph Iradukunda -
Umuramyi Vestine yatangaje itariki y’ubukwe bwe
5 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuramyi Ishimwe Vestine wamenyekaniye mu itsinda rya Veatine na Dorcas, yatangaje igihe azakorera ubukwe n’umugabo we Idrisa Ouedraogo baherutse gusezeranira imbere mategeko.
-
Gen. Muhoozi yahuye na Perezida Tshisekedi
22 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba uri mu ruzinduko rw’akazi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yahuye na Perezida w’icyo gihugu, Félix Tshisekedi, baganira ku mikoranire y’ibyo bihugu mu kurwanya imitwe yitwaje intwaro.
-
Dr. Habumuremyi Pierre Damien yashimiye Perezida Kagame wamuhaye imbabazi
15 October 2021, by Dusingizimana RemyUwahoze ari Minisitiri w’Intebe,Dr Pierre Damien Habumuremyi,wahawe imbabazi na Perezida Paul Kagame,nyuma yo gufungwa azira gutanga sheke zitazigamiye, yasohotse muri Gereza yari amazemo amezi 15,ahita ashima Nyakubahwa Perezida Kagame.
-
Tunisie: Umushoramari yakatiwe gufungwa imyaka 66
19 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rwo muri Tunisie rwakatiye Abanyapolitiki, abashoramari ndetse n’abanyamategeko bakomeye batavuga rumwe n’ubutegetsi, igifungo kirimo icy’imyaka 66 nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gutegura umugambi wo guhungabanya umutekano no kuba mu mutwe w’iterabwoba.
-
KWIBUKA 31 : Dore ibyamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda byishwe muri Jenoside Yakorewe Abatutsi mu 1994
11 April 2025, by Gladiator OGJenoside Yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 yahitanye ubuzima bw’Inzirakarengane zirenga miliyoni imwe, muri abo harimo abari ibyamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda rwicyo gihe. harimo Abahanzi, Abakinnyi b’Imikino itandukanye, Abanyamakuru , ndetse n’abandi benshi cyane. Muriyi nkuru mutwemerere turebere hamwe bamwe mu byamamare bizwi mu myidagaduro yo mu Rwanda byahitanywe na Jenoside Yakorewe Abatutsi mu 1994.
1.Sebanani Andre Uyu mugabo amazina ye bwite yitwaga Sebanani Andereya yari (…) -
Lionel Messi na Luis Suárez bahaniwe imyitwarire mibi
26 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuShampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (MLS), yahannye Lionel Messi na Luis Suárez kubera imyitwarire yabo mibi ku bandi bakinnyi bo muri iyi shampiyona.
-
Gen Muhoozi yambitswe umudali w’ishimwe na se
6 February, by Angeline MUKANGENZIPerezida Yoweri Kaguta Museveni, yambitse umudali w’ishimwe umuhungu we akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba.
-
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
19 March, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO
-
Abayobozi babiri bakuru ba BBC basezeye nyuma yo gutangaza amakuru y’ibinyoma kuri Perezida Trump.
10 November 2025, by ISIMBI EstellaUmuyobozi Mukuru wa BBC, Tim Davie n’Umuyobozi ushinzwe serivisi y’amakuru, Deborah Turness, beguye ku mirimo yabo, nyuma y’igitutu cyatewe n’amakosa yo guhindura amagambo yavuzwe na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, muri filime mbarankuru yatambutse kuri iyi televiziyo.
Umuryango.rw
Uganda: Haravugwa Umusifuzi wapfiriye mu kibuga ari mu kazi ke
Umuramyi Vestine yatangaje itariki y’ubukwe bwe
Gen. Muhoozi yahuye na Perezida Tshisekedi
Dr. Habumuremyi Pierre Damien yashimiye Perezida Kagame wamuhaye imbabazi
Tunisie: Umushoramari yakatiwe gufungwa imyaka 66
KWIBUKA 31 : Dore ibyamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda byishwe muri Jenoside Yakorewe Abatutsi mu 1994
Lionel Messi na Luis Suárez bahaniwe imyitwarire mibi
Gen Muhoozi yambitswe umudali w’ishimwe na se
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Abayobozi babiri bakuru ba BBC basezeye nyuma yo gutangaza amakuru y’ibinyoma kuri Perezida Trump.