Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane,Amb.Nduhungirehe Olivier yatangaje ko Leta y’u Rwanda yafashe umwanzuro wo kureka Abarundi bakabanza gukemura ibibazo byabo bwite barangiza bakaza bakaganira n’u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri Nduhungirehe yatangaje ingamba u Rwanda rwafashe ku kibazo cy’umubano mubi n’u Burundi
8 February 2019, by Dusingizimana Remy -
Minisitiri Utumatwishima yakiriye mu biro ‘Itorero Ishyaka ry’Intore’
22 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yakiriye mu biro bye abagize itorero ‘Ishyaka ry’Intore’ rigeze kure imyiteguro y’igitaramo ‘Indirirarugamba’ giteganyijwe ku wa 25 Mutarama 2025.
-
Mugisha Moïse yegukanye agace ka nyuma ka Tour de l’Espoir 2019
9 February 2019, by Dusingizimana RemyUmunyarwanda Mugisha Moise wari muri Team Rwanda yitabiriye irushanwa rya Tour de l’Espoir,yigaranzuye abanya Eritrea yegukana agace ka 5 ka Tour de l’Espoir 2019.
-
Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ aramara igihe adakina nyuma yo kubagwa ivi
21 January 2025, by Joseph IradukundaMyugariro w’ikipe y’igihugu “Amavubi” Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ yabazwe ivi kubera imvune yagiriye mu ikipe ye ya AEL Limasol yo mu cyiciro cya mbere muri Chypre.
-
Rusizi: Gitifu uvugwaho gufungira abaturage mu kagari yatawe muri yombi
27 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kizura, Banyangiriki Alphonse yatawe muri yombi nyuma y’aho hari abaturage bamaze iminsi bamushinja kubafungira mu biro by’akagari.
-
Trump yasabye ko Beyoncé akurikiranwa
28 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump yasabye ko umuhanzi Beyoncé akurikiranwaho kwakira indonke ya miliyoni 11 z’Amadolari kugira ngo ashyigikire kandidatire ya Kamala Harris bari bahatanye mu matora y’Umukuru w’Igihugu.
-
RDC: Abarenga 30 muri Kasai bamaze kwicwa na Ebola
22 September 2025, by ISIMBI EstellaInzego z’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zatangaje ko abamaze kwicwa n’icyorezo cya Ebola mu Ntara ya Kasai ari 31.
-
Manuel Neuer yabonye ikarita ya mbere itukura Nyuma y’imyaka 21 n’imikino 923
4 December 2024, by Joseph IradukundaMu mwaka we wa mbere nk’umutoza wa Bayern Munich, Vincent Kompany yagaragaje akababaro nyuma yo gutsindwa umukino wa Bayern Leverkusen, yagize ati: “Mu by’ukuri ni uko twatsinzwe kandi ntituzabona igikombe muri uyu mwaka. Ariko hamwe n’uburambe, tuzi ko hari igikorwa cyihariye twakoze.”
-
Canada: Trudeau yashwishurije Trump wifuza ko Canada yomekwa kuri US
8 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Intebe wa Canada Justin Trudeau ntiyariye amagambo, mu gushwishuriza Donald Trump wavuze ko azakoresha ingufu zishingiye ku bukungu kugira ngo yemeze Canada ko igomba kwiyunga kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US) bikaba igihugu kimwe. Trudeau yavuze ko ibyo Trump arimo ari nko kwizera ko ushobora guteka ibuye rigashya.
-
U Rwanda rukeneye miliyari 5$ mu kubaka uruganda rw’ingufu za nucléaire
24 February, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu za Atomike mu Rwanda, RAEB, Dr. Fidel Ndahayo yavuze ko mu Rwanda hakenewe arenga miliyari 5$ (arenga miliyari 7000 Frw) mu kubaka uruganda rw’ingufu za nucléaire rwitezweho kugira uruhare mu kongera amashanyarazi mu gihugu hose.
Umuryango.rw
Minisitiri Utumatwishima yakiriye mu biro ‘Itorero Ishyaka ry’Intore’
Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ aramara igihe adakina nyuma yo kubagwa ivi
Rusizi: Gitifu uvugwaho gufungira abaturage mu kagari yatawe muri yombi
Trump yasabye ko Beyoncé akurikiranwa
RDC: Abarenga 30 muri Kasai bamaze kwicwa na Ebola
Manuel Neuer yabonye ikarita ya mbere itukura Nyuma y’imyaka 21 n’imikino 923
Canada: Trudeau yashwishurije Trump wifuza ko Canada yomekwa kuri US