Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine yivuze imyato nyuma y’aho ingabo z’igihugu cye zigabye ibitero ku bigo by’ingabo z’u Burusiya zirwanira mu kirere, zigatwika indege z’intambara zigera kuri 41.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Perezida wa Ukraine yigambye igitero cy’amateka ku butaka bw’u Burusiya
2 June 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Trump wemereye Zelensky intwaro yamubujije kurasa ku Burusiya
16 July 2025, by Joseph IradukundaDonald Trump, yavuze ko Ukraine idakwiye kurasa mu Burusiya, nyuma y’uko hari hamaze iminsi havugwa amakuru ko uyu muyobozi wa Amerika yashishikarije Ukraine kurasa ku mijyi ikomeye yo muri iki gihugu kinini ku Isi.
-
Umunyemari watorewe kuyobora PSF yahize kubaka ahazajya habera imurikagurisha bitarenze imyaka 2
23 February 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyemari nyiri hoteli Ubumwe grand Robert Bapfakurera nyuma yo gutorerwa kuyobora urugaga rwabikorera mu Rwanda PSF yahize ko azubaka ahazajya habera imurikagurisha mpuzamahanga bitarenze mu 2020.
Bapfakurera yatorewe kuyobora PSF kuri uyu wa Gatanu tariki 23 Gashyantare 2018, asimbuye Benjamin Gasamagera. Yavuze ko azava ku mwanya yatorewe kandi amaze kunoza ubwumvikane na Leta mu by’imisoro no guteza imbere gahunda za Leta.
Yagize ati "Kubaka ahateguwe kubera imurikagurisha (…) -
Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya Diddy
10 June 2025, by ISIMBI EstellaAbanyamategeko ba P. Diddy bongeye gusaba inteko ibumuburanisha gutesha agaciro ikirego cye kubera amakosa akomeye yakozwe n’ubushinjacyaha n’abatangabuhamya; ariko urukiko rubitera utwatsi ruvuga ko urubanza rugomba gukomeza.
-
Zanzibar yahagaritse imyiyereko ya ’Makachu’ yakururaga ba mukerarugendo
24 December 2024, by Joseph IradukundaZanzibar yahagaritse imyiyereko yakundaga kubera mu Muhanda ndangamateka wa Forodhani, yari izwiho kugaragaza imbyino n’imyitozo ngororamubiri yakururaga bamukerarugendo, bijyanye n’ubuhanga byakoranwaga.
-
U Rwanda rwazamutseho imyanya itatu ku rutonde rwa FIFA
10 July 2025, by Joseph IradukundaIkipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ yazamutseho imyanya itatu iva ku mwanya wa 130 ijya ku mwanya wa 127 ku rutonde rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), rwasohotse kuri uyu wa Kane tariki ya 10 Nyakanga 2025.
-
Police FC yatandukanye n’umutoza Mashami Vincent
9 June 2025, by Joseph IradukundaIkipe ya Police FC yatangaje ko itazakomezanya n’umutoza Mashimi Vincent n’abungiriza be mu mwaka utaha w’imikino 2025/26, ibashimira iterambere bazanye muri iyi kipe.
-
Umugore wambaye ubusa yateje akavuyo ku kibuga cy’indege
27 March 2025, by Joseph IradukundaKu wa 14 Werurwe 2025, ku kibuga cy’indege cya Dallas Fort Worth, umugore witwa Samantha Palma yagize imyitwarire idasanzwe, akuramo imyenda yose maze agatangira guterana ibipfunsi no gukomeretsa abantu.
-
U Rwanda rwashyizeho ibiciro bishya by’ibikimoka kuri peteroli
4 March, by Angeline MUKANGENZIU Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli bizakurikizwa mu mezi abiri ari imbere ahi litiro ya lisansi yagumye kuri 1.989 Frw mu gihe iya mazutu yageze yageze kuri 1.948 Frw.
-
Amerika Irashakisha Uko Agahenge Kaboneka mu Ntambara yo muri Gaza
19 September 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Antony Blinken, ejo na none yari i Kayiro mu rwego rwo gushakisha agahenge mu ntambara yo muri Gaza.
Umuryango.rw
Perezida wa Ukraine yigambye igitero cy’amateka ku butaka bw’u Burusiya
Trump wemereye Zelensky intwaro yamubujije kurasa ku Burusiya
Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya Diddy
Zanzibar yahagaritse imyiyereko ya ’Makachu’ yakururaga ba mukerarugendo
U Rwanda rwazamutseho imyanya itatu ku rutonde rwa FIFA
Police FC yatandukanye n’umutoza Mashami Vincent
Umugore wambaye ubusa yateje akavuyo ku kibuga cy’indege
U Rwanda rwashyizeho ibiciro bishya by’ibikimoka kuri peteroli
Amerika Irashakisha Uko Agahenge Kaboneka mu Ntambara yo muri Gaza