Umugabo w’imyaka 43 wo mu Murenge wa Rwimbogo mu Karere ka Gatsibo, yasanzwe ku muhanda yapfuye, bikekwa ko yishwe n’abo yari yagiye kwiba.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gatsibo: Umugabo bikekwa ko yari yagiye kwiba yasanzwe yapfuye
28 May 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Urufunguzo rwo kugarura amahoro ruri kuri Congo-Min. Nduhungirehe
29 January 2025, by Pacifique NKURUNZIZAMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanaga n’Ubutwererane Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ari yo ifite urufunguzo rwo kugarura umutekano mu Karere.
-
M23 yigaruriye utundi duce tw’ingenzi itwomeka kuri Minova yahereyeho
21 January 2025, by Joseph IradukundaUmutwe wa M23 nyuma yo kwigarurira Umujyi wa Minova wo muri Teritwari ya Karehe muri Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa Mbere wigaruriye utundi duce tw’ingenzi.
-
Igisubizo gihabwa abavuga ko igiciro cyo kohererezanya amafaranga kuri Telefone kigihanitse mu Rwanda
29 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe hari abagitaka ko igiciciro cyo kohererezanya amafaranga hifashishijwe ikoranabuhanga rya telefone kikiri hejuru, Banki Nkuru y’u Rwanda iratangaza ko bidashobora gukorerwa ubuntu, ariko kuba kikiri hejuru byo bishobora gusuzumwa ku buryo mu gihe kiri imbere cyagabanywa.
Ni mu gihe bamwe mu bakoresha ubu buryo byumwihariko abacuruzi bavuga ko igiciro cyo kohererezanya no kwakira amafaranga kuri telefone kiri hejuru.
Uwitwa Dushime Theophile yagize ati “Ikiguzi cyo kohererezanya (…) -
Huye: Umusore w’imyaka 19 aravugwaho kwica umugabo yasanze mu buriri bwa nyina
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuwa Gatatu, itariki ya 06 Ugushyingo 2024, Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umuhungu w’imyaka 19 ukekwaho gukubita isuka umugabo w’imyaka 55 bikamuviramo gupfa.
-
Nyaruguru: Barashima ko kwandikisha abana mu bitabo by’irangamimerere byorohejwe
13 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbaturage bo mu Karere ka Nyaruguru bashima ko kuzuza neza ibijyanye n’irangamimerere, bandikisha abana byorohejwe kuko bisigaye bikorwa mu buryo bw’ikoranabuhanga, bikaba bitagitinda.
-
Impunzi z’abanya-Ukraine zirataka ihohoterwa muri Pologne
15 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuBurya koko nta heza nk’iwanyu, Abanya-Ukraine bahungiye muri Pologne barataka guhohoterwa ndetse no gufatwa nabi muri iki gihugu bazira gusa ko ari impunzi.
-
Perezida Paul Kagame yasubije wa mukobwa wakubitiwe mu ruhame n’umuherwe ufite na Televiziyo mu Rwanda ntahabwe ubutabera
11 September 2019, by NIYIGABA DC CLEMENTKuwa 5 Nzeri nibwo umukobwa witwa Diane Kamari yanditse ku rukuta rwe rwa Twitter ko yakubiswe n’umuherwe Dr.Francis ny’iri televiziyo ya GoodRich TV ,akavuga ko yanagejeje ikirego muri RIB ariko ntahabwe ubutabera.
-
Impuguke za Loni zigiye gusura AFC/M23
21 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImpuguke z’Umuryango w’Abibumbye ziteganya gusura ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku biro bikuru byaryo mu mujyi wa Goma.
-
ABC yahagaritse ikiganiro cya Jimmy Kimmel nyuma y’ibyo yavuze ku rupfu rwa Charlie Kirk
18 September 2025, by ISIMBI EstellaTeleviziyo yo muri Amerika, ABC, yatangaje ko ikiganiro cyayo kizwi nka Jimmy Kimmel Live, gikorwa na Jimmy Kimmel cyahagaritswe by’agateganyo, nyuma y’uko uyu mugabo yibasiwe n’abatari bake bitewe n’ibitekerezo yatanze ku rupfu rwa Charlie Kirk.
Umuryango.rw
Gatsibo: Umugabo bikekwa ko yari yagiye kwiba yasanzwe yapfuye
Urufunguzo rwo kugarura amahoro ruri kuri Congo-Min. Nduhungirehe
M23 yigaruriye utundi duce tw’ingenzi itwomeka kuri Minova yahereyeho
Igisubizo gihabwa abavuga ko igiciro cyo kohererezanya amafaranga kuri Telefone kigihanitse mu Rwanda
Huye: Umusore w’imyaka 19 aravugwaho kwica umugabo yasanze mu buriri bwa nyina
Nyaruguru: Barashima ko kwandikisha abana mu bitabo by’irangamimerere byorohejwe
Impunzi z’abanya-Ukraine zirataka ihohoterwa muri Pologne
Impuguke za Loni zigiye gusura AFC/M23
ABC yahagaritse ikiganiro cya Jimmy Kimmel nyuma y’ibyo yavuze ku rupfu rwa Charlie Kirk