Umwe mu ntumwa zidasanzwe za Leta Zunze Ubumwe za Amerika woherejwe na Donald Trump yasabye Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umupira w’Amaguru FIFA ko ikipe y’igihugu y’Ubutaliyani yasimbura iya Iran mu mikino y’igikombe cy’Isi 2026.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Trump yasabye FIFA gukura Iran mu gikombe cy’Isi igasimbuzwa Ubutaliyani
23 April, by Angeline MUKANGENZI -
Nyamasheke: Inzu yafashwe n’inkongi y’umuriro hakekwa amashanyarazi
25 February, by ISIMBI EstellaInzu y’umuryango w’abantu 5 ya Abizeye Pascaline w’imyaka 40, iri mu Mudugudu w’imiturire w’icyitegererezo wa Bushekeri, mu Kagari ka Buvungira, Umurenge wa Bushekeri, Akarere ka Nyamasheke,yafashwe n’inkongi y’umuriro, mu cyumba aryamamo ibyarimo birashya birakongoka.
-
Perezida Trump yashenguwe n’urupfu rw’inshuti ye yishwe irashwe
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yagaragaje akababaro atewe n’urupfu rw’inshuti ye Charlie Kirk, uzwiho gukoresha imbuga nkoranyambaga no kumushyigikira mu bikorwa bya politiki wishwe arasiwe imbere y’imbaga y’abanyeshuri muri kaminuza yo muri Leta ya Utah.
-
Trump yatumiye mu biro bye Perezida wa Colombia nyuma yo kumutuka
8 January, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatumiye mu biro bye Perezida wa Colombia, Gustavo Petro nyuma y’intambara y’amagambo aho Trump yavuze ko yanyurwa no guta muri yombi Petro, anamwita umurwayi ucuruza cocaine.
-
U Bwongereza bwafunze uwabaye umudepite akekwaho iterabwoba nyuma yo kuva mu Burusiya
28 September 2025, by ISIMBI EstellaPolisi y’u Bwongereza, ishami rishinzwe guhangana n’ibikorwa by’iterabwoba yataye muri yombi George Galloway wabaye umudepite n’umugore we ubwo bari bageze ku kibuga cy’indege bavuye mu Burusiya.
-
ICRC yashyikirijwe inyandiko y’ubwumvikane bwa Leta ya RDC na AFC/M23 bwo kurekura imfungwa
15 September 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma ya Qatar yashyikirije Komite mpuzamahanga y’umuryango Croix Rouge (ICRC) kopi y’inyandiko igaragaza uburyo bwo kurekura imfungwa bwumvikanyweho n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 riburwanya.
-
Hatangajwe amakuru ku Banyafurika y’Epfo bisanze mu ntambara y’u Burusiya nyuma yo kwizezwa ibitangaza
25 February, by Angeline MUKANGENZIAbantu 11 mu itsinda rya 17 bo muri Afurika y’Epfo bisanze barwanira u Burusiya mu ntambara yo muri Ukraine nyuma yo kujyanwa bizezwa akazi, bagiye kugarurwa mu Gihugu cyabo.
-
Umubare w’imanza ziregwamo abana batagejeje ku myaka 18 wikubye kabiri
2 June 2025, by Angeline MUKANGENZIUrugaga rw’Abavoka mu Rwanda rwatangaje ko umubare w’ibirego by’abana batarengeje imyaka 18 byaburanishijwe mu myaka ine ishize wikubye inshuro zirenga ebyiri kuva mu 2020 kugeza mu 2024.
-
Rubavu: Umusore w’imyaka 20 yarashwe arapfa abandi barafatwa kubera kurwanya Abapolisi
12 March, by ISIMBI EstellaUmusore w’imyaka 20 witwaga Kadogo wo mu Karere ka Rubavu yarashwe arapfa, abandi barafatwa ubwo bageragezaga kurwanya Abapolisi bari mu kazi ko kurwanya ubucuruzi butemewe buzwi nka magendu.
-
Zari yahishuye ko atigeze aca inyuma Diamond Platnumz
20 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUmunyamafaranga Zari Hassan yasobanuye ko atigeze aca inyuma Zari Hassan ubwo babanaga nk’umugore n’umugabo.
Umuryango.rw
Trump yasabye FIFA gukura Iran mu gikombe cy’Isi igasimbuzwa Ubutaliyani
Nyamasheke: Inzu yafashwe n’inkongi y’umuriro hakekwa amashanyarazi
Perezida Trump yashenguwe n’urupfu rw’inshuti ye yishwe irashwe
Trump yatumiye mu biro bye Perezida wa Colombia nyuma yo kumutuka
U Bwongereza bwafunze uwabaye umudepite akekwaho iterabwoba nyuma yo kuva mu Burusiya
ICRC yashyikirijwe inyandiko y’ubwumvikane bwa Leta ya RDC na AFC/M23 bwo kurekura imfungwa
Umubare w’imanza ziregwamo abana batagejeje ku myaka 18 wikubye kabiri
Rubavu: Umusore w’imyaka 20 yarashwe arapfa abandi barafatwa kubera kurwanya Abapolisi
Zari yahishuye ko atigeze aca inyuma Diamond Platnumz