Somaliland yatangaje ko yiteguye kwakira Depite Ilhan Omar mu gihe yaba yirukanywe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump, kubera ibyaha ashinjwa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Somaliland yiteguye kwakira Depite Ilhan Omar, Trump namwirukana
31 March, by Angeline MUKANGENZI -
Iby’ umubyeyi wabwiwe ngo ajye konkereza mu musarane byafashe indi ntera
15 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihugu cya Kenya mu mugi wa Nairobi habaye imyigaragambyo mu mahoro yo kwamagana resitora yabwiye umubyeyi wari urimo konsa umwana ategereje amafunguro ngo nage konkereza mu musarane.
-
Habonetse abarwayi 31 ba Coronavirus mu Rwanda hakira abantu 11
13 June 2020, by Dusingizimana RemyKuva umurwayi wa Mbere wa Coronavirus yagaragara mu Rwanda kuwa 14 Werurwe 2020, nibwo haboneka abarwayi benshi kurusha abandi bose mu gihugu aho kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13 Kamena 2020 habonetse abarwayi 31 ariko hakira abandi bantu 11.
-
Tshisekedi yaciye amarenga ko iby’abahuza atazabyemera
1 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Félix Tshisekedi yeruye ko nta buhuza bw’amahanga Abanye-Congo bakeneye, ahamya ko atiteguye kwicarana n’abeguye intwaro, ko ari we ufite urufunguzo rwo kurangiza amakimbirane nk’umugenga wa byose muri RDC.
-
Kwibuka25: Ijambo ry’Imana rivuga iki ku bikorwa byo “Kwibuka”?
6 April 2019, by UbwanditsiMu rwandiko Pawulo yandikiye itorero ry’ abafilipi 1:3 haravuga hati” "Ndashima Imana igihe cyose “ iyo MBIBUTSE”. Imyaka 25 irashize mu gihugu cyacu habaye jenoside yakorewe abatutsi. Abantu bacu twabuze bari abantu badusigiye byinshi bijyanye n’ imibereho yabo, tukaba twarabibutse kubera ko ari ingirakamaro kuri twe, maze tubigira urwibutso kugira ngo bijye bituma dukomeza kumva ko turi kumwe na bo.
-
Musanze FC yasezereye abakinnyi batandatu
7 August 2025, by Joseph IradukundaMusanze FC yasezereye abakinnyi batandatu barimo umunyezamu Ntaribi Steven na Nduwayo Valeur ukina hagati mu kibuga, mu rwego rwo kugabanya umubare w’abo izakoresha mu mwaka utaha w’imikino.
-
Perezida Kagame na Tshisekedi bahuriye mu biganiro na Macron
22 September 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yahuye na bagenzi be Felix Tshisekedi wa RDC na Emmanuel mu biganiro bigamije gushakira hamwe umuti w’ikibazo cy’Umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC.
Village Urugwiro yatangaje ko ibi biganiro, Perezida Kagame, Tshisekedi na Emmanuel Macron bagiranye bigamije kurebera hamwe inzira zo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Ibi biganiro bibaye kandi mu gihe u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bimaze iminsi (…) -
MINEDUC yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta
12 September 2023, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yatangaje amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye umwaka w’amashuri 2022/2023.
-
Umujenerali muri Mali wari n’umwe mu bagize Guverinoma byemejwe ko yishwe
27 April, by ISHIMWE Jean de DieuGuverinoma ya Mali yemeje ko Minisitiri w’Ingabo wa Mali, General Sadio Camara yishwe mu bitero by’imitwe yitwaje intwaro byibasiye iki Gihugu, byagabwe mu bice binyuranye.
-
Abafaransa bakoze imyigaragambyo basaba Macron kwegura
7 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbafaransa babarirwa mu bihumbi bigabye mu mihanda yo mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa, basaba Perezida Emmanuel Macron kwegura, ndetse ko n’u Bufaransa bwava mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU).
Umuryango.rw
Somaliland yiteguye kwakira Depite Ilhan Omar, Trump namwirukana
Habonetse abarwayi 31 ba Coronavirus mu Rwanda hakira abantu 11
Tshisekedi yaciye amarenga ko iby’abahuza atazabyemera
Musanze FC yasezereye abakinnyi batandatu
Perezida Kagame na Tshisekedi bahuriye mu biganiro na Macron
MINEDUC yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta
Umujenerali muri Mali wari n’umwe mu bagize Guverinoma byemejwe ko yishwe
Abafaransa bakoze imyigaragambyo basaba Macron kwegura