Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB), rwatangaje amavugurura mashya mu cyiciro cya Kabiri cy’Amashuri yisumbuye azatangira kubahirizwa umwaka utaha w’amashuri 2025-2026, harimo ko abanyeshuri bazajya batangira amasomo saa mbiri zuzuye za mu gitondo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Gutangira saa mbiri, guhuza amasomo, kwiga ingunga ebyiri, mu mpinduka REB yatangaje
15 July 2025, by ISIMBI Estella -
Bite by’umubano wa Titi Brown na Nyambo?
26 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHashize iminsi humvikana inkuru z’itandukana rya Nyambo na Titi Brown bari bamaze imyaka ibiri bavugwa mu rukundo, uretse ko aba bombi batigeze bifuza kuvuga byinshi kuri iyi ngingo.
-
Perezida Kagame yakiniye ikipe y’u Rwanda mu mukino yatsinzemo iya Infantino [AMAFOTO]
15 March 2023, by Dusingizimana RemyIkipe y’u Rwanda yarimo Perezida Kagame yatsinze iya Gianni Infantino uyobora Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi, FIFA, yari igizwe n’abarimo Umunya-Brazil Cafu mu irushanwa rihuza amakipe umunani, y’abitabiriye Inteko Rusange ya FIFA.
Mu mukino ufungura wahuje Ikipe y’u Rwanda irimo Perezida Paul Kagame n’iya FIFA irimo Gianni Infantino.
U Rwanda rwatsinze uyu mukino ku bitego 3-2 rukomeza mu kindi cyiciro.
Umunya-Nigeria Augustine Azuka Okocha wamamaye nka Jay-Jay Okocha, ni we (…) -
Abenshi baziko ari umwana w’imyaka 10 ariko ni umugabo w’imyaka 43, Amateka ya Osita Iheme icyamamare muri filime nyafurika.
21 April 2025, by Gladiator OGUyu munsi munyemerere dufungure indi paji turebere hamwe amateka ndetse n’urugendo rwa Osita Iheme umukinnyi rurangiranwa wa filime ukomoka mu gihugu cya Nigeria. Murakaza neza muriyi nkuru
-
Amerika yahaye Gen Muhoozi gasopo uherutse kuyihangara
7 October 2024, by Joseph IradukundaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zahaye Gen Muhoozi Kainerugaba usanzwe ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda gasopo, nyuma yo kotsa igitutu Ambasaderi wazo i Kampala.
-
Zimbabwean President Emmerson Mnangagwa survives bomb attack
24 June 2018, by Nsanzimana ErnestZimbabwe’s President Emmerson Mnangagwa said he survived an attempt on his life after a blast at a party rally Saturday, while one of his vice-presidents and several other party officials were wounded.
-
MISIGARO Gaspard yabye guhindurirwa amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUGISHA Kevin Lewis mu bitabo by’irangamimerere!
3 October 2025, by ISIMBI EstellaUwitwa MISIGARO Gaspard yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUGISHA Kevin Lewis mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina murayisanga mu itangazo riri hano hasi. -
Ibidasanzwe ku magare ya Mercedes-AMG arimo irigura hafi miliyoni 11 Frw
28 August 2025, by ISIMBI EstellaIshami rya Mercedes-AMG rizwi nka Petronas F1 risanzwe rikora imodoka za Formula 1, ryakoze igare ridasanzwe rikoresha amashanyarazi, riboneka mu byiciro bitatu bya City Edition 750, Track Edition 750 na Rallye Edition 750.
-
Abaganga umunani baguye mu bitero Ukraine yagabye ku bitaro mu Burusiya
12 March, by Angeline MUKANGENZIMinisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yatangaje ko igitero Ukraine yagabye ku bitaro byo mu Ntara ya Donetsk, cyahitanye abaganga umunani, gikomeretsa abandi bantu 10.
-
Toronto yemeye tariki ya 7 Mata nk’umunsi wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
10 April, by ISIMBI EstellaUmujyi wa Toronto wo mu gihugu cya Canada, watangaje ku mugaragaro ko tariki ya 7 Mata 2026 uzajya wizihizwa nk’umunsi wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, mu rwego rwo kuzirikana inzirakarengane zahitanywe nayo no gufata mu mugongo abayirokotse.
Umuryango.rw
Gutangira saa mbiri, guhuza amasomo, kwiga ingunga ebyiri, mu mpinduka REB yatangaje
Bite by’umubano wa Titi Brown na Nyambo?
Perezida Kagame yakiniye ikipe y’u Rwanda mu mukino yatsinzemo iya Infantino [AMAFOTO]
Abenshi baziko ari umwana w’imyaka 10 ariko ni umugabo w’imyaka 43, Amateka ya Osita Iheme icyamamare muri filime nyafurika.
Amerika yahaye Gen Muhoozi gasopo uherutse kuyihangara
MISIGARO Gaspard yabye guhindurirwa amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUGISHA Kevin Lewis mu bitabo by’irangamimerere!
Ibidasanzwe ku magare ya Mercedes-AMG arimo irigura hafi miliyoni 11 Frw
Toronto yemeye tariki ya 7 Mata nk’umunsi wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi