Mu gihe Yago ari mu mwaka wa gatatu atangiye gukora umuziki nk’uwabigize uwuga, uyu muhanzi w’umunyarwanda utuye mu gihugu cya Uganda yavuze ko yasoje ibikorwa byo gukora album ye ya gatatu izajya hanze muri uyu mwaka ikazazana imigisha myinshi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Yago yasoje album ya gatatu mu mwaka we wa gatatu w’umuziki
7 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
30 January, by ISIMBI EstellaUMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
-
Sri Lanka yarokoye abaturage ba Iran 30 impanuka y’ubwato
4 March, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 04 Werurwe 2026, Leta ya Leta ya Sri Lanka yatangaje ko yarokoye abanya-Iran 30 bari bagiye kugwa mu mpanuka y’ubwato bwa Iran mu nyanja y’u Buhinde
-
Amakuru mashya: AFC/M23 itangaje ko abarwanyi bayo baryamiye amajanja mu gihe ibitero byakajije umurego
3 March, by Angeline MUKANGENZIIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko mu gihe uruhande bahanganye rugizwe n’abarimo FARDC, Ingabo z’u Burundi n’abacancuro rwakajije ibitero, abarwanyi b’iri huriro na bo bambariye urugamba rwo kwirwanaho no kurinda abaturage.
-
Uwari umutoni wa Perezida W’U Burundi yahunze
25 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi wa Komisiyo yigenga ishinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu (CNIDH), Dr. Sixte-Vigny Nimuraba, yahunze u Burundi nyuma y’igihe kinini ari umutoni wa Perezida Evariste Ndayishimiye
-
Safari Christine wayoboraga Ibuka-Hollande yitabye Imana
2 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Safari Christine wayoboraga Ibuka mu Buholandi (Ibuka-Hollande) yitabye Imana, anihanganisha umuryango we.
-
Kinshasa: Abaharanira uburenganzira bwa muntu bamaganye urubanza rwa Kabila
2 October 2025, by ISIMBI EstellaUmuryango CCDH w’abaharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wamaganye urubanza rwa Joseph Kabila, ugaragaza ko rwifashishijwe nk’uburyo bwo kwihorera.
-
Tete Loeper yahishuye icyamuteye kuva mu muziki no kureka kwandika ’Urunana’
5 June 2025, by ISIMBI EstellaDivine Gashugi wamamaye nka Tete Loeper wamamaye mu ndirimbo ‘Ndabaza’, yahishuye impamvu yatumye asezera burundu umuziki ndetse no kwandika inkuru z’ikinamico ‘Urunana’, avuga ko yari ageze aho yumva agomba guhindura zimwe mu mpapuro z’ubuzima bwe.
-
Israel yongeye kugaba ibitero kuri Iran
2 March, by Angeline MUKANGENZIMu itangazo rishya, ingabo za Isiraheli (IDF) zivuga ko "zagabye igitero gikomeye" mu murwa mukuru wa Iran, Tehran.
-
Kenya: Visi Perezida Gachagua yafashwe n’uburwayi hakekwa gutinya kweguzwa
17 October 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Kane, itariki 17 Ukwakira 2024, impaka ku kweguza Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, zahagaritswe mu buryo butunguranye nyuma y’uko Gachagua ananiwe kwigaragaza mu nama ya nyuma ya saa sita.
Umuryango.rw
Yago yasoje album ya gatatu mu mwaka we wa gatatu w’umuziki
ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA
Sri Lanka yarokoye abaturage ba Iran 30 impanuka y’ubwato
Uwari umutoni wa Perezida W’U Burundi yahunze
Safari Christine wayoboraga Ibuka-Hollande yitabye Imana
Kinshasa: Abaharanira uburenganzira bwa muntu bamaganye urubanza rwa Kabila
Tete Loeper yahishuye icyamuteye kuva mu muziki no kureka kwandika ’Urunana’
Kenya: Visi Perezida Gachagua yafashwe n’uburwayi hakekwa gutinya kweguzwa