Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe, Niyomwungeri Hildebrand, yavuze ko batatunguwe n’igipimo cy’ubukene buri mu karere ayoboye, kuko mu myaka yari yabanje hari ibarura bakoze babona ibipimo bijya gusa n’ibyo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Meya wa Nyamagabe ntiyatunguwe no kuba Akarere ayobora gakennye kurusha utundi
17 April 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Element EleéeH yerekeje muri Tanzania kurangiza umushinga w’indirimbo ye na Marioo
6 October 2025Kuva mu mpera z’icyumweru gishize, Element EleéeH ari kubarizwa muri Tanzania, aho yagiye kurangiriza umushinga w’indirimbo ‘Jozi’ yakoranye na Marioo, iri no kuri album uyu muhanzi wo muri Tanzania aherutse gusohora.
-
Trump agiye guhura n’abakuru b’ibihugu batanu bo muri Afurika
7 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, agiye kwakira abakuru b’ibihugu bitanu ba Afurika hagamijwe kuganira ku mahirwe y’ubucuruzi.
-
U Rwanda rushobora kwakira CHAN 2024
9 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuU Rwanda rushobora kwiyongera kuri Uganda na Tanzania mu kwakira irushanwa rya CHAN 2024 mu gihe Kenya itarangije ibikorwa byo gusana Ikibuga cya Moi International Sports Centre, Kasarani, mbere y’itariki ntarengwa yashyizweho na CAF.
-
Dore ibintu bikomeye byagiye bishwanisha Amerika n’ u Burusiya
1 August 2017, by Renzaho FerdinandUmubano w’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ni uwa kera, ariko wakomeje kugenda uzamba uko imyaka yahitaga indi igataha. Mu ntambara y’isi yose ibihugu byombi byari bifatanyije kuyirwana biri ku ruhande rurwanya Ubudage, nyamara ubwo iyi ntambara y’isi yose yarangiraga hadutse indi ntambara, ni intambara yarishingiye ku kwigaragaza, kwerekana ubuhangange ariko nta masasu ajemo, yitwa intambara y’ubutita.
Ibihugu byombi ntibyumvikanaga ku buryo bwo kugabana no kuyobora ahantu hose (…) -
Rusizi: Imvura yangije hegitari zirenga 80 zihinzeho umuceri
28 January, by ISIMBI EstellaAbayobozi ba Koperative z’abahinzi b’umuceri bakorera mu gishanga cya Bugarama mu Karere ka Rusizi, bavuga ko nubwo igikorwa cyo kubarura ubuso bwangijwe n’imvura idasanzwe kitararangira, bamaze kubarura hegitari zirenga 80 zangijwe n’imvura idasanzwe yaguye muri iki kibaya.
-
Zambia: Perezida Hichilema yahagaritse bitunguranye ikiriyo cya Lungu yasimbuye
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Hakainde Hichilema wa Zambia yahagaritse bitunguranye ikiriyo cya Dr. Edgar Lungu Chagwa wayoboye iki gihugu kuva mu 2015 kugeza mu 2021, nyuma y’aho Leta inaniwe kumvikana n’umuryango we ku bikorwa byo kumusezeraho mu cyubahiro
-
U Rwanda rugiye kongera kwakira Irushanwa rya Billie Jean King Cup rizahuza ibihugu 12
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuGuhera tariki ya 14 kugeza ku ya 19 Nyakanga 2025, mu Rwanda hazabera imikino ya Tennis yo mu Itsinda rya kane rya Billie Jean King Cup rigizwe n’ibihugu 12 mu bari n’abategarugori.
-
Indege z’intambara z’u Bufaransa zatangiye kuva muri Tchad
11 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIndege z’intambara z’u Bufaransa zatangiye kuva muri Tchad, nyuma yo gusesa amasezerano mu by’ubufatanye yari hagati y’ibihugu byombi.
-
Tshisekedi yanze ibyo gushyira AFC/M23 mu biganiro by’Abanye-Congo
31 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Félix Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yavuze ko Abanye-Congo badakeneye umuhuza kugira ngo bakemure amakimbirane bafitanye kandi ko kuyakemura bidasaba gufata intwaro.
Umuryango.rw
Meya wa Nyamagabe ntiyatunguwe no kuba Akarere ayobora gakennye kurusha utundi
Element EleéeH yerekeje muri Tanzania kurangiza umushinga w’indirimbo ye na Marioo
Trump agiye guhura n’abakuru b’ibihugu batanu bo muri Afurika
U Rwanda rushobora kwakira CHAN 2024
Rusizi: Imvura yangije hegitari zirenga 80 zihinzeho umuceri
Zambia: Perezida Hichilema yahagaritse bitunguranye ikiriyo cya Lungu yasimbuye
U Rwanda rugiye kongera kwakira Irushanwa rya Billie Jean King Cup rizahuza ibihugu 12
Indege z’intambara z’u Bufaransa zatangiye kuva muri Tchad
Tshisekedi yanze ibyo gushyira AFC/M23 mu biganiro by’Abanye-Congo