Umuhanzikazi w’Umunyamerika, Demi Lovato yarushinze n’umuririmbyi w’Umunya-Canada, Jutes, mu birori byabereye mu Mujyi wa California.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Demi Lovato yakoze ubukwe(Amafoto)
26 May 2025, by ISIMBI Estella -
Rutsiro: Umwana w’ imyaka 3 yaguye mu cyobo cy’ubwiherero arapfa
6 February, by Angeline MUKANGENZIMu Mudugudu wA Rukoko, Akagari ka Gihira, Umurenge wa Ruhango, Akarere ka Rutsiro, haravugwa urupfu rw’umwana w’imyaka 3 witwaga Niyibikora Samuel washizemo umwuka aguye mu cyobo cy’ubwiherero bw’iwabo bwari butagikoreshwa batari barasibye.
-
Ubu amanota azajya atangazwa ku ijana, si mu byiciro – NESA
26 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyatangaje ko hagiye kujya hatangazwa amanota y’ibizamini bya Leta ku ijana (%) kugira ngo hamenyekane impamvu ituma abana boherezwa mu mashuri atandukanye.
-
Ndahiro Natacha yakomoje ku mashusho ya filime ye asomana byimbitse n’umusore
29 April 2025, by ISIMBI EstellaNdahiro Natacha yavuze ko nta kintu na kimwe bimutwaye kuba yakina filime ari gusomana n’umusore mu gihe uwayanditse unayiyoboye we yaba abona ko ako gace ntacyo kangiza.
-
Impungenge z’u Rwanda ku masezerano y’amahoro rwagiranye na RDC
5 August 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yabwiye Abasenateri ko nubwo u Rwanda rwizeye ko amasezerano y’amahoro yashyizweho umukono azatanga umusaruro, rufite impungenge ko ashobora kudashyirwa mu bikorwa nk’uko yemeranyijweho n’impande zombi.
-
Rayon Sports yatangiye gukora imyitozo inshuro ebyiri ku munsi
23 July 2025, by Joseph IradukundaIkipe ya Rayon Sports imaze ibyumweru itangiye kwitegura umwaka mushya w’imikino wa 2025/26, yashyizeho uburyo bwo gukora imyitozo inshuro ebyiri ku munsi.
-
Ibyo wamenya kuri ba Minisitiri bashya, Dr Ngabitsinze w’Umukarateka na Eric Rwigamba
30 July 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika yashyizeho Abaminisitiri bashya uyu munsi, aho Dr. Jean Chrysostome Ngabitsinze yagizwe Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda naho Eric Rwigamba agirwa Minisitiri w’Ishoramari rya leta.
Dr. Ngabitsinze wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yasimbuye Habyarimana Béata wagizwe Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda mu mpinduka zakozwe ku wa 15 Werurwe 2021.
Mu 2020 nibwo Dr Ngabitsinze wari Umudepite yinjiye muri Guverinoma, aho yagizwe Umunyamabanga (…) -
Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite Politiki yo guteza imbere Afurika
29 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuU Rwanda rukomeje kwesa imihigo muri gahunda y’ubudasa bushingiye mu Iterambere no mu zindi nzego.
-
Minisitiri w’Intebe wungirije wa Lesotho yashimye imiyoborere y’u Rwanda
25 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbarimo Minisitiri w’Intebe wungirije wa Lesotho n’abandi bayobozi bo mu nzego z’ibanze bari mu rugendo shuri mu Karere ka Bugesera, aho bari kwiga uko inzego z’ibanze zikorana n’abafatanyabikorwa mu kuzamura imibereho myiza y’abaturage.
-
Air Force One yari itwaye Donald Trump yahagaritswe igitaraganya kubera amashanyarazi
21 January, by Angeline MUKANGENZIMu nzira yerekeza i Davos, Indege ya Air Force One yari itwaye Donald Trump yahuye n’ikibazo gitunguranye cyatumye ihagarika urugendo igitaraganya nyuma y’iminota mike igeze mu kirere.
Umuryango.rw
Demi Lovato yakoze ubukwe(Amafoto)
Rutsiro: Umwana w’ imyaka 3 yaguye mu cyobo cy’ubwiherero arapfa
Ubu amanota azajya atangazwa ku ijana, si mu byiciro – NESA
Ndahiro Natacha yakomoje ku mashusho ya filime ye asomana byimbitse n’umusore
Impungenge z’u Rwanda ku masezerano y’amahoro rwagiranye na RDC
Rayon Sports yatangiye gukora imyitozo inshuro ebyiri ku munsi
Ibyo wamenya kuri ba Minisitiri bashya, Dr Ngabitsinze w’Umukarateka na Eric Rwigamba
Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite Politiki yo guteza imbere Afurika
Minisitiri w’Intebe wungirije wa Lesotho yashimye imiyoborere y’u Rwanda
Air Force One yari itwaye Donald Trump yahagaritswe igitaraganya kubera amashanyarazi