Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangaje ko abantu 500 baketsweho uruhare mu bujura bwakozwe mu Mirenge SACCO irenga 238, abishyuye ibihombo bateje bakaba bake kuko babarirwa mu 150 gusa mu gihe harimo n’ababuriwe irengero.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Abantu 500 baketsweho kwiba amafaranga y’Imirenge SACCO, hagaruzwa miliyari 2,2 Frw
8 July 2025, by ISIMBI Estella -
Karongi: Yapfanye n’ihene 30 mu mpanuka yabereye kuri Dawe Uri Mu Ijuru
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuImodoka yari itwaye abantu batatu n’ihene 200 yakoreye impanuka kuri ‘Dawe Uri mu Ijuru’, hapfa umuntu umwe n’ihene zigera kuri 30 muri izo zari zijyanywe mu Isoko rya Rugali mu Karere ka Nyamasheke.
-
U Rwanda n’u Burundi bari hafi gukemura ikibazo cy’abagerageje ’Coup d’État’ muri 2015
19 May 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe, Dr Ngirente, yabwiye abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu ko ibiganiro ku guhererekanya abagerageje gushaka gukorera ’Coup d’État’uwari Perezida w’u Burundi muri 2015 gikomeje kuganirwaho.
Ubwo yari mu kiganiro n’Abanyamakuru,Minisitiri Ngirente yavuze ko iki kibazo kiri hafi kurangira cyane ko aricyo cyabaye imbarutso yo kutumvikana ku ibihugu byombi.
Yagize ati "Iki kibazo ndagira ngo mvuge ko kirimo kuganirwaho kandi ibiganiro bigeze kure, ntabwo ndajya kubabwira ngo (…) -
Fireboy: “Abakobwa biyi minsi icyo bafite ni Nyash”
22 April 2025, by Gladiator OGUmuhanzi ukomoka mu gihugu cya Nigeria Fireboy DML yatangajeko abakobwa benshi bo muri ibi bihe baba bashishikajwe no kugira Nyash (Ikibuno giteye neza) nyamara mu mitwe yabo ntakibereyemo ari zero gusa, ibi uyu muhanzi yabitangaje mu kiganiro aheruka gukorana na Televiziyo yitwa Famous Tv.
-
Ubwiru n’amayeri abagore bakoresha baryarya abagabo
4 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbagabo benshi ntibamenya uburyo bamwe mu bagore babakoresha nk’ibikoresho kugeza igihe bamenyeye ukuri byamaze kubagiraho ingaruka. Dore amwe mu mayeri akoreshwa cyane:
-
Perezida Kagame yasuye abadepite 3 bo muri Sierra Leone bakoreye impanuka mu Rwanda
31 March 2019, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuwa Gatandatu,Taliki ya 30 Werurwe 2019, nibwo Umukuru w’Igihugu,Paul Kagame aherekejwe n’abagize Guverinoma barimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Sezibera Richard yasuye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal abadepite bakomoka muri Sierra Leone,baherutse gukora impanuka mu ruzinduko barimo mu Rwanda.
-
Ntabwo ninjira iwanjye nka Minisitiri, ninjira nk’umugore, nka mama w’abana- Uwimana Consolée
6 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée, yatangaje ko guhuza inshingano z’akazi n’iz’urugo ari ibintu byoroshye mu gihe uzikora yahaye umwanya ikigezweho kandi akacyubahiriza neza.
-
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zaguriye amagare abayobozi b’Imidugudu
4 September 2025, by ISIMBI EstellaInzego z’Umutekano z’u Rwanda (RSF) zoherejwe kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, zashyikirije Abayobozi b’Imidugudu mu Karere ka Mocimboa da Pria amagare baguriwe.
-
Rutsiro: Barinubira gusubira mu icuraburindi ryo kutagira umuriro w’amashanyarazi
17 January, by ISIMBI EstellaAbaturage batuye mu kagari ka Sure mu Karere ka Rutsiro bavuga ko umuriro w’amashanyarazi bari wahawe batakiwukoresha biturutse ku nkuba yakubise mubazi zabo ntibahabwe izindi zizisimbura .
-
Top10. Ibyamamare byize ku ishuri rya Lycee de Kigali
10 March 2025, by ISIMBI EstellaMu Kinyarwanda baravuga ngo iyimirijwe ikaramu ntirambururwa bishatse kuvuga ko kwiga ukamenya ari kimwe mu byiza umuntu yakabaye yishimira muri ubu buzima, ntawacyerensa umumaro w’ishuri ku buzima bwa muntu kwiga ni byiza ndetse bigira umumaro munini mu mibereho yacu. Muriyi nkuru ntabwo tugiye kurebera hamwe ibyiza bitarondoreka by’ishuri ahubwo munyemerere uyu munsi tuze kwitsa cyane ku ngingo igaruka kuri bamwe mu byamamare bya hano mu Rwanda ushobora kuba utaruziko burya bwose bize ku (…)
Umuryango.rw
Abantu 500 baketsweho kwiba amafaranga y’Imirenge SACCO, hagaruzwa miliyari 2,2 Frw
Karongi: Yapfanye n’ihene 30 mu mpanuka yabereye kuri Dawe Uri Mu Ijuru
U Rwanda n’u Burundi bari hafi gukemura ikibazo cy’abagerageje ’Coup d’État’ muri 2015
Fireboy: “Abakobwa biyi minsi icyo bafite ni Nyash”
Ubwiru n’amayeri abagore bakoresha baryarya abagabo
Ntabwo ninjira iwanjye nka Minisitiri, ninjira nk’umugore, nka mama w’abana- Uwimana Consolée
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zaguriye amagare abayobozi b’Imidugudu
Rutsiro: Barinubira gusubira mu icuraburindi ryo kutagira umuriro w’amashanyarazi
Top10. Ibyamamare byize ku ishuri rya Lycee de Kigali