Tariki 21 Mata 1994 ni umunsi wa 15 mu minsi 100 Jenoside yakorewe Abatutsi yamaze. Kuri uyu munsi leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi mu bice bitandukanye hirya no hino mu gihugu.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Tariki 21 Mata 1994: Ni wo munsi hishwe Abatutsi benshi mu gihugu basaga ibihumbi 250
21 April, by ISIMBI Estella -
Ese ni ibiki byari byanditse ku gapapuro Muhire Kevin yahawe ku mukino ikipe ya Rayon sports yanganyijemo na APR FC.
11 March 2025, by ISIMBI EstellaMu mukino ukomeye wahuje APR FC na Rayon Sports ku Cyumweru, habaye igikorwa cyatumye benshi bibaza byinshi. Kapiteni wa Rayon Sports ariwe Muhire Kevin, yahawe agapapuro maze ahita agasoma bwangu, arangije aragaca, bituma abafana n’abakurikiranira hafi umupira w’amaguru batangira kwibaza ibyarimo cyangwa se ibyari byanditsemo. Uyu mukino wari utegerejwe cyane mu Rwanda warangiye nta kipe ibashije gutsinda, kuko amakipe yombi yanganyije 0-0. Icyakomeje kuvugwa ni ubutumwa bwari kuri ka (…)
-
Sobanukirwa byinshi ku mukobwa wabenze Papa Francis bakiri bato bigatuma yiyemeza kuzaba ingaragu ubuzima bwose.
25 April 2025, by Gladiator OGPapa Francis ni umwe mu bantu bafite inkuru nyinshi z’ubuzima bwabo, ni umugabo wavukiye ndetse akurira I Bueno aires mu murwa mukuru w’igihugu cya Agentina. Aho niho Papa yakuriye ndetse mu bihe bye by’ubusore yakoze imirimo myinshi itandukanye irimo : Gukora amasuku, gukora muri laboratwari zitunganya imiti , n’indi mirimo myinshi itandukanye irimo kuba Bouncer ku kabari
-
Abasirikare ba DRC basabwe kwitegura intambara yo kwirukana M23
22 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuyobozi w’Intara ya Gatatu y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lt Gen Pacifique Masunzu, yasabye abasirikare ayoboye kwitegura intambara yo kwirukana abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 mu bice byose bagenzura mu burasirazuba bw’igihugu.
-
Abanyamigabane ba Tesla barinubira ko itagira umuyobozi uhoraho
15 July 2025, by ISIMBI EstellaAbanyamigabane batandukanye b’ikigo gikora imodoka cya Elon Musk, Tesla, batangiye kwijujutira uburyo gisa n’ikitagira umuyobozi uhoraho kandi kiri mu bibazo.
-
Baltasar Engonga washinjwe kuryamana n’abagore 400 yasabiwe gufungwa imyaka 18
3 July 2025, by ISIMBI EstellaUmushinjacyaha muri Guinée Equatoriale yasabiye Baltasar Ebang Engonga gufungwa imyaka 18 kubera ibyaha byo kunyereza umutungo no gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze bwite.
-
Amerika yatangaje ko igitero cya drones za Ukraine cyashwanyaguje indege nke z’u Burusiya
5 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmerika yatangaje ko igitero cya ‘drones’ ingabo za Ukraine ziheruka kugaba ku bigo by’ingabo z’u Burusiya cyashwanyaguje indege 10 muri 20 zarashweho, bivuze ko izagizweho ingaruka ari umubare muto ugereranyije n’uwo Perezida Volodymyr Zelensky.
-
Diamond Platnumz yakiriye Bruce Melodie
3 February, by ISIMBI EstellaBruce Melodie afite indirimbo igezweho yitwa Pom Pom ari kwamamaza hirya no hino muri Afurika y’iburasirazuba.
-
Kim Jong Un yongeye gutorerwa kuyobora Korea ya Ruguru
23 March, by Angeline MUKANGENZIInteko Ishinga Amategeko ya Koreya ya Ruguru yongeye gutora Kim Jong Un nka Perezida w’icyo gihugu nkuko byemejwe n’igitangazamakuru cya Leta ya Koreya ya Ruguru, KCNA kuri uyu wa 23 Wererwe 2026
-
Abayobozi b’amakoperative mu Rwanda bagiye kujya bamenyekanisha imitungo yabo
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHashize iminsi havugwa ikibazo cy’imicungire y’amakoperative n’imiyoborere yayo mu makoperative yo mu Rwanda kuburyo n’abanyamuryango bagiye bashinja bamwe mu bayayobora gucunga nabi no kunyereza umutungo wayo.
Umuryango.rw
Tariki 21 Mata 1994: Ni wo munsi hishwe Abatutsi benshi mu gihugu basaga ibihumbi 250
Ese ni ibiki byari byanditse ku gapapuro Muhire Kevin yahawe ku mukino ikipe ya Rayon sports yanganyijemo na APR FC.
Sobanukirwa byinshi ku mukobwa wabenze Papa Francis bakiri bato bigatuma yiyemeza kuzaba ingaragu ubuzima bwose.
Abasirikare ba DRC basabwe kwitegura intambara yo kwirukana M23
Abanyamigabane ba Tesla barinubira ko itagira umuyobozi uhoraho
Baltasar Engonga washinjwe kuryamana n’abagore 400 yasabiwe gufungwa imyaka 18
Amerika yatangaje ko igitero cya drones za Ukraine cyashwanyaguje indege nke z’u Burusiya
Diamond Platnumz yakiriye Bruce Melodie
Kim Jong Un yongeye gutorerwa kuyobora Korea ya Ruguru
Abayobozi b’amakoperative mu Rwanda bagiye kujya bamenyekanisha imitungo yabo