Mufti w’u Rwanda, Sheikh Musa Sindayigaya yagaragaje ko intambara z’Isi ntaho zihuriye n’amadini n’imyemerere, bityo abantu bakwiye kwirinda kubyitiranya no kugwa mu mutego w’intambara ya Isiraheli na Iran.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Mufti w’u Rwanda yasabye abantu kutitiranya intambara z’Isi n’amadini
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
FARDC n’Ingabo z’u Burundi batangiye imyiteguro yo kugaba ibitero karahabutaka kuri M23
12 February 2025, by Joseph IradukundaUmutwe wa M23 watangaje ko wamenye amakuru y’uko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’iz’u Burundi ziri mu myiteguro yo kuwugabaho ibitero bikomeye.
-
Tanzania yafunguye abapolisi ba Kenya yafashe barenze umupaka
8 January, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bwa Tanzania bwafunguye Abanya-Kenya batanu barimo n’abapolisi b’iki gihugu babiri bari batawe muri yombi, nyuma yo gufatwa barenze umupaka.
-
Polisi yibukije ibigo bitwara abagenzi gufasha byihariye abanyeshuri basubira ku ishuri
21 April 2025, by Angeline MUKANGENZIKuva kuri uyu wa Mbere, tariki ya 21 Mata, nibwo abanyeshuri batangira gusubira ku bigo by’amashuri gutangira igihembwe cya gatatu cy’umwaka w’amashuri wa 2024/2025 mu turere dutandukanye tw’igihugu.
-
Giants of Africa yatashye ku mugaragaro ikibuga cya 10 yubatse mu Rwanda
3 August 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri wa Siporo, Nelly Mukaziyire ari kumwe na Masai Ujiri uyobora Umuryango Giants of Africa na Kawhi Leonard ukinira La Clippers muri NBA, batashye ku mugaragaro ibibuga bitatu bya Basketball byubatswe ku ishuri rya Saint Ignatius Kibagabaga.
-
Obed Uwumukiza ni umukinnyi wa Rayon Sports
28 January, by ISHIMWE Jean de DieuMu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije myugariro Uwumukiza Obed wari umaze umwaka n’igice muri Mukura VS.
-
Miss Naomi yikomye abavuga ko umugabo we akennye
17 July 2025, by ISIMBI EstellaMiss Nishimwe Naomie ubitse ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yikomye abantu bamaze iminsi bavuga ko umugabo we yakennye, abasaba kumurekera umugabo kandi ko ntawe yamushinze.
-
Madamu Jeanette Kagame yitabiriye marathon mpuzamahanga ya Kigali yitabiriwe n’ingeri zose z’abantu baturutse mu bihugu 55 byo hirya no hino ku isi[AMAFOTO]
16 June 2019, by Martin MunezeroKuri iki cyumweru, Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeanette Kagame, yifatanyije n’abagera ku bihumbi bine muri marathon mpuzamahanga ya Kigali igamije kwimakaza amahoro.
-
Bite by’urusaku rw’amasasu rwumvikanye ku ngoro ya Perezida Maréchal Déby?
9 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbantu 19 biciwe muri Tchad mu ijoro ryacyeye, ubwo ingabo z’iki gihugu zarimo zihangana n’abitwaje intwaro bageragezaga kwinjira mu ngoro ya Perezida, Maréchal Mahamat Idriss Déby Itno i Ndjamena.
-
USA yashimye intambwe yatewe mu biganiro bihuza RDC na AFC/M23
20 April, by ISIMBI EstellaUmujyanama wihariye wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubufatanye na Afurika, Massad Boulos, yashimye intambwe imaze guterwa mu rugendo rwo gushaka umuti urambye w’intambara mu Burasirazuba bwa RDC.
Umuryango.rw
Mufti w’u Rwanda yasabye abantu kutitiranya intambara z’Isi n’amadini
FARDC n’Ingabo z’u Burundi batangiye imyiteguro yo kugaba ibitero karahabutaka kuri M23
Tanzania yafunguye abapolisi ba Kenya yafashe barenze umupaka
Polisi yibukije ibigo bitwara abagenzi gufasha byihariye abanyeshuri basubira ku ishuri
Giants of Africa yatashye ku mugaragaro ikibuga cya 10 yubatse mu Rwanda
Obed Uwumukiza ni umukinnyi wa Rayon Sports
Miss Naomi yikomye abavuga ko umugabo we akennye
Bite by’urusaku rw’amasasu rwumvikanye ku ngoro ya Perezida Maréchal Déby?
USA yashimye intambwe yatewe mu biganiro bihuza RDC na AFC/M23