Gufana hakoreshejwe Vuvuzela byahagaritswe mu Gikombe cya Afurika kizabera muri Maroc kuva tariki ya 21 Ukuboza kugeza ku ya 18 Mutarama 2026.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Vuvuzela zahagaritswe mu Gikombe cya Afurika cya 2025
16 December 2025, by ISIMBI Estella -
Imyigaragambyo y’aba-Gen Z yatangiriye muri Kenya yageze no muri Maroc
2 October 2025, by ISIMBI EstellaUrubyiruko muri Maroc rukomeje ibikorwa byo kwigaragamya, aho ku munsi wa kane w’imyigaragambyo habayeho guhangana n’inzego z’umutekano.
-
Nyamasheke : Babiri bafatanywe udupfunyika 122 tw’urumogi
23 February, by ISHIMWE Jean de DieuMu Mudugudu wa Nyenyeri, Akagari ka Kibogora, Umurenge wa Kanjongo, Akarere ka Nyamasheke haravugwa abagabo 2 batawe muri yombi, barimo Niyonkuru Elisé w’imyaka 34 uvugwaho n’abaturage gucuruza no kuranguza urumogi wafatanywe udupfunyika 111 na Ngirabakunzi Fred w’imyaka 44, wafatanywe udupfunyika 11 yari amaze kumurangurira.
-
Tanzania: Perezida Samia yemeye arena ya miliyoni 172 $ yo guhangana na BK Arena
7 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu ntambwe ishimishije yo kuzamura ibikorwa remezo bya siporo n’imyidagaduro muri Tanzania, Perezida Samia Suluhu Hassan yatangaje ishoramari rya miliyoni 172 z’amadolari yo kubaka ikibuga cya siporo n’imyidagaduro cy’imbere mu nzu.
-
Musanze: Gashaki umugabo yatoraguwe ku muhanda yapfuye, hakekwa ubusinzi
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu Karere Musanze, Umurenge wa Gashaki, Akagari ka Kigabiro, Umudugudu wa Buzoza mu Karere ka Musanze, haravugwa urupfu rutunguranye rw’umugabo witwa Rumbiya Eric, watoraguwe ku muhanda yapfuye, bikekwa ko yahanutse ku mukingo kubera inzoga yari yanyoye akahasiga ubuzima.
-
Yamal ni we mukinnyi uhenze kurusha abandi ku Isi
7 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmunya-Espagne, Lamine Yamal, ukinira FC Barcelone ni we mukinnyi uhenze ku Isi kugeza ubu, kuko ikipe yamwifuza yamutangaho nibura miliyoni 402,3€.
-
Nyuma y’imyaka ibiri Kagere Meddie yongeye guhamagarwa mu Amavubi
28 May 2025, by ISIMBI EstellaRutahizamu wa Namungo FC muri Tanzania, Meddie Kagere, yahamagawe mu Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ izahura na Algérie mu mikino ibiri ya gicuti iteganyijwe muri Kamena.
-
Chris Brown yitabye urukiko mu Bwongereza, atera utwatsi ibyo aregwa
20 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuChris Brown yongeye kwitaba urukiko i Londres, ahakana icyaha ashinjwa cyo gukomeretsa bikomeye umugabo witwa Abraham Diaw akoresheje icupa.
-
Startimes izerekana imikino ya Europa League igeze mu mahina
5 May 2021, by Dusingizimana RemyAmakipe yo mu Bwongereza no muri Espagne yakomeje kuyobora Europa League muri iyi myaka ishize kuko ikipe iheruka gutwara iki gikombe idaturuka muri ibyo bihugu ari FC Porto, yatsindiye Braga ku mukino wa nyuma wa 2011 wahuje aya makipe yombi yo muri Portugal.
-
RDC: Ikibuga mpuzamahanga cya N’Djili cyafashwe n’inkongi
19 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKu kibuga cy’indege mpuzamahanga cya N’Djili kiri mu Mujyi wa Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) cyafashwe n’inkongi y’umuriro ku wa Gatatu tariki 18 Kamena 2025.
Umuryango.rw
Vuvuzela zahagaritswe mu Gikombe cya Afurika cya 2025
Imyigaragambyo y’aba-Gen Z yatangiriye muri Kenya yageze no muri Maroc
Nyamasheke : Babiri bafatanywe udupfunyika 122 tw’urumogi
Tanzania: Perezida Samia yemeye arena ya miliyoni 172 $ yo guhangana na BK Arena
Musanze: Gashaki umugabo yatoraguwe ku muhanda yapfuye, hakekwa ubusinzi
Yamal ni we mukinnyi uhenze kurusha abandi ku Isi
Nyuma y’imyaka ibiri Kagere Meddie yongeye guhamagarwa mu Amavubi
Chris Brown yitabye urukiko mu Bwongereza, atera utwatsi ibyo aregwa
RDC: Ikibuga mpuzamahanga cya N’Djili cyafashwe n’inkongi