Analyssa Munyana uzwi cyane nka Mama Sava, ari mu bahataniye ibihembo bikomeye bya Africa Movie Academy Awards (AMAA) 2025, bitangirwa muri Nigeria.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Mama Sava ahatanye mu bihembo bya filime byo muri Nigeria
13 October 2025, by ISIMBI Estella -
Jay-Z yajyanye mu nkiko umugore wamushinje kumusambanya
4 March 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Jay-Z yajyanye mu nkiko umugore wo muri Alabama wari wamushinje ko yamusambanyije afite imyaka 13, nyuma y’uko uwo mugore aheruka guhagarika ikirego cye.
-
Amakuru mashya:Umuyobozi wa Miss Rwanda Ishimwe Dieudonne yatawe muri yombi
26 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROIshimwe Dieudonné uyobora Rwanda Inspiration Backup itegura irushanwa rya Miss Rwanda , yatawe muri yombi ku byaha bifitanye isano n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakoreye abakobwa bitabiriye iri rushanwa mu bihe bitandukanye.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B Thierry, yavuze ko Price Kid afunze akekwaho icyaha cyo guhohotera bishingiye ku gitsina abana bajya muri Miss Rwanda. Ati "Ni byo koko Ishimwe Dieudonne usanzwe ategura Miss Rwanda arafunze". (…) -
Perezida Kagame yasezeye kuri Maj Gen Mwaisaka usoje inshingano zo guhagararira Tanzania mu Rwanda
2 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Kagame yakiriye Ambasaderi wa Tanzania, Maj Gen Ramson Godwin Mwaisaka, usoje inshingano zo guhagararira igihugu cye mu Rwanda.
-
TWIZEYIMANA Magadarena yasabye guhindura amazina akitwa TWIZERIMANA NAOMIE
7 October 2024, by UbwanditsiUwitwa TWIZEYIMANA Magadarena yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa TWIZERIMANA NAOMIE mu bitabo by’irangamimerere!
Impamvu asaba guhindura amazina n’izina yabatijwe……. -
Nsabimana Aimable wa Rayon Sports aravugwaho guta akazi
2 January 2025, by Joseph IradukundaNyuma y’uko yandikiye Rayon Sports ayisaba gusesa amasezerano kubera amafaranga yasigaye ku yo yaguzwe, Nsabimana Aimable arashinjwa guta akazi.
-
Guverinoma ya Ethiopia irashinjwa kwitegura indi ntambara muri Tigray
5 March, by Angeline MUKANGENZIMuri Tigray, mu majyaruguru ya Ethiopia, umwuka w’intambara ukomeje kwiyongera. Mu magambo atangaje, umuyobozi mukuru muri aka karere yashinje guverinoma kwitegura “gutangiza intambara nshya muri Tigray.”
-
MINEDUC yagize icyo ivuga ku barimu bakorera akazi kure y’imiryango basaba kuyegerezwa
13 July 2025, by Joseph IradukundaAbarimu bakorera akazi kure y’imiryango yabo n’abayobozi b’Ibigo by’amashuri, basaba ko imyaka 3 yagenwe ngo bemererwe kwimurwa yagabanywa kuko bikomeje kuba intandaro y’isenyuka ry’imwe mu miryango.
-
Imirwano yahinduye isura muri Congo: FARDC n’abayifasha barashinjwa gutangiza intambara yagutse
24 February, by ISHIMWE Jean de DieuIhuriro AFC/M23 riratangaza ko uruhande bahanganye rugizwe n’igisirikare cya DRC (FARDC) n’abagifasha, rwatangije ibitero by’urugamba rwagutse mu bice byose by’imirwano rukoresheje intwaro za rutura zirimo indege zitagira abapilote.
-
M23 yavuze ko iminsi yo gufata Uvira ibaze
27 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbarwanyi ba AFC-M23 batangaje ko abatuye umujyi wa Uvira no mu nkengero zawo bacurwa bufuni na buhoro na FARDC, Ingabo z’Abarundi, FDLR na Wazalendo bashonje bahishiwe, kuko iminsi yo kuwubohoza ibaze.
Umuryango.rw
Mama Sava ahatanye mu bihembo bya filime byo muri Nigeria
Jay-Z yajyanye mu nkiko umugore wamushinje kumusambanya
Amakuru mashya:Umuyobozi wa Miss Rwanda Ishimwe Dieudonne yatawe muri yombi
Perezida Kagame yasezeye kuri Maj Gen Mwaisaka usoje inshingano zo guhagararira Tanzania mu Rwanda
Nsabimana Aimable wa Rayon Sports aravugwaho guta akazi
Guverinoma ya Ethiopia irashinjwa kwitegura indi ntambara muri Tigray
MINEDUC yagize icyo ivuga ku barimu bakorera akazi kure y’imiryango basaba kuyegerezwa
Imirwano yahinduye isura muri Congo: FARDC n’abayifasha barashinjwa gutangiza intambara yagutse
M23 yavuze ko iminsi yo gufata Uvira ibaze