Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe umusore w’imyaka 18 afite ibilo bine by’urumogi yari avanye i Burera agiye kubigurisha mu Mujyi wa Kigali.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Nyarugenge: Umusore yafatanywe ibilo bine by’urumogi abivanye i Burera
27 July 2025, by ISIMBI Estella -
Sobanukirwa ikintu umubiri wawe ukeneye ngo uhagnane n’indwara zirimo n’ibyorezo
1 October 2024, by Joseph IradukundaUmubiri wa muntu ukora umunota ku munota, kandi hakenerwa bimwe biwufasha gukora inshingano zawo, nyamara bimwe by’ingenzi bibuze umubiri usigara mu kaga gakomeye, ukibasirwa na byinshi birimo indwara zidakira.
-
Cardinal Kambanda yanenze amahanga atabasha gukura isomo kuri Jenoside yakorewe abatutsi 1994
9 April 2025, by Angeline MUKANGENZIArkiyepiskopi wa Arikidiyosezi ya Kigali, Antoine Cardinal Kambanda yatangaje ko hakiri abantu bafite umutima unangiye wamunzwe n’ingengabitekerezo y’urwango hakaba n’amahanga yanze gukura isomo kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, ahubwo agakurikira inyungu aho kumva ukuri.
-
U Rwanda rwakiriye impunzi n’abimukira barenga 130 baturutse muri Libya
24 April 2025, by Angeline MUKANGENZIGuverinoma y’u Rwanda yakiriye icyiciro cya 21 cy’impunzi n’abimukira 137 baturutse muri Libya, basaba ubuhungiro.
-
Pastor Robert Kayanja ari mu Rwanda
29 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 29 Ugushyingo 2024, Pastor Robert Kayanja yageze i Kigali, yakirwa ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali n’itsinda rirangajwe imbere na Apostle Mignonne Kabera wamwakiriye nk’inshuti ndetse nk’umushyitsi w’imena mu giterane cya Thanksgiving.
-
M23 yashyizeho abayobozi bashya bashinzwe imari
20 March 2025, by Joseph IradukundaIhuriro AFC/M23 ryashyizeho abayobozi bashya bazafasha mu kugenzura imari rusange, imisoro, ishoramari no kugenzura ibijyanye n’inguzanyo.
-
Ingabo Z’Uburundi Zongejwe Amezi Atandatu Muri Somalia
9 July 2025, by Joseph IradukundaUbuyobozi bwa Afurika yunze ubumwe bwanzuye ko ingabo z’Uburundi zisanzwe zikorera muri Somalia mu rwego rwo kuhagarura amahoro zihaguma andi mezi atandatu.
-
Afurika y’Epfo: Chris Brown yacanye umucyo mu gitaramo cyabanjirijwe n’induru
16 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuChris Brown yashimishije abafana basaga ibihumbi 94 kuri Stade ya ‘FNB Stadium’ iri muri Johannesburg muri Afurika y’Epfo.
-
Ubuhamya bw’abimukira ba mbere birukanywe na America boherejwe muri Congo
23 April, by ISHIMWE Jean de DieuAbimukira birukanywe na Leta Zunze Ubumwe za America bakoherezwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, baravuga ko bamaze amasaha 27 bahambirijwe amapingu mbere yo kuhagera, kandi ko batifuza kuba iki Gihugu boherejwemo kuko kirutwa n’ibyo bavuyemo bahunga.
-
Addis-Abeba: Abakomando ba Afurika y’Epfo na FARDC bahushije Kabila
18 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAmakuru aturuka i Addis-Abeba mu murwa mukuru wa Ethiopia, aravuga ko hari umugambi wo kwisasira Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wari wahapangiwe; gusa birangira uburijwemo.
Umuryango.rw
Nyarugenge: Umusore yafatanywe ibilo bine by’urumogi abivanye i Burera
Sobanukirwa ikintu umubiri wawe ukeneye ngo uhagnane n’indwara zirimo n’ibyorezo
Cardinal Kambanda yanenze amahanga atabasha gukura isomo kuri Jenoside yakorewe abatutsi 1994
U Rwanda rwakiriye impunzi n’abimukira barenga 130 baturutse muri Libya
Pastor Robert Kayanja ari mu Rwanda
M23 yashyizeho abayobozi bashya bashinzwe imari
Ingabo Z’Uburundi Zongejwe Amezi Atandatu Muri Somalia
Afurika y’Epfo: Chris Brown yacanye umucyo mu gitaramo cyabanjirijwe n’induru
Ubuhamya bw’abimukira ba mbere birukanywe na America boherejwe muri Congo
Addis-Abeba: Abakomando ba Afurika y’Epfo na FARDC bahushije Kabila