Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, JD Vance, yaciye amarenga ko intambara iri guhuza u Burusiya na Ukraine itari hafi kurangira, avuga ko igikenewe ari uko Ukraine n’u Burusiya byashaka igisubizo, nubwo ari urugendo rutazoroha.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Visi perezida wa Amerika yavuze ko intambara y’Uburusiya na Ukraine itazarangira vuba
2 May 2025, by Angeline MUKANGENZI -
FARDC na Wazalendo byarasaniye muri Uvira
6 September 2025, by ISIMBI EstellaIngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abarwanyi b’Ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo baraye barasaniye mu Mujyi wa Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo kubera kutumvikana.
-
Nitabye miliyoni z’Abanya-Uganda - Museveni avuga impamvu yemeye kongera kwiyamamaza
7 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko yahisemo kongera kwiyamamariza kuyobora iki gihugu kubera kwanga gutenguha abaturage babimusabye.
-
Twirinde ko irari rigoreka ukuri- Madamu Jeannette Kagame
1 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMadamu Jeannette Kagame yasabye abasore n’inkumi kwirinda ibishashagirana mu gihe bitegura gushinga ingo, bakamenya ko kubaka urugo ari ingenzi aho gushyira ubushobozi bwose mu gutegura ubukwe, mbere yo gushinga urugo bakabanza bakibaza niba ari urukundo cyangwa ari igitutu cy’urungano n’imiryango.
-
U Burusiya na Iran byasubukuye ingendo zo mu kirere
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuU Burusiya na Iran byongeye gusubukura ingendo z’indege nyuma y’igihe gito zari zahagaritswe na Moscow kubera intambara yari hagati ya Israel na Iran.
-
Kinshasa: Inteko yemeje amasezerano ya RDC n’u Rwanda
28 April, by ISIMBI EstellaUmutwe w’abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wemeje amasezerano y’amahoro n’ubufatanye mu iterambere ry’ubukungu iki gihugu cyagiranye n’u Rwanda tariki ya 4 Ukuboza 2025.
-
Uganda: Bazindukiye mu myigaragambyo isaba irekurwa rya Dr Kizza Besigye
17 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Mbere, itariki 17 Gashyantare 2025, abayoboke b’ishyaka riharanira impinduka muri Demokarasi (FDC) i Ishaka, mu Karere ka Bushenyi, bagiye mu mihanda muri iki gitondo basaba irekurwa ry’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi, Dr Kizza Besigye ukurikiranweho ibyaha birimo gushaka guhirika ubutegetsi akoresheje intwaro.
Abigaragambya bahamagariye Guverinoma ya Uganda kurekura byihuse uwashinze ishyaka ryabo, Dr Kizza Besigye. Barahamagarira kandi abayobozi b’amadini kwitabira (…) -
Hari ibimenyetso bigaragaza uruhare rwa Kanziga muri Jenoside: Duclert yatengushywe n’ubutabera bw’u Bufaransa
25 August 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanga mu mateka Prof Vincent Duclert yagaragaje ko hari ibimenyetso bari gukusanya bigaragaza uruhare rwuzuye Agathe Kanziga Habyarimana yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Isoko nyambukiranyamipaka rya Rusizi I ryatangiye kwangirika
21 September 2025, by ISIMBI EstellaIsoko nyambukiranyamipaka rya Rusizi I rimaze imyaka 6 ryarabuze abarikoreramo ryatangiye kugaragaza ibimenyetso byo kwangirika haba urirebeye inyuma ndetse n’imbere mu byumba.
-
DR Congo: Imirwano ’yubuye’ hagati ya M23 n’ingabo za leta
6 June 2022, by Dusingizimana RemyInyeshyamba za M23 ziravuga ko ibirindiro byazo mu gace ka Jomba muri teritwari ya Rutshuru birimo kuraswaho n’ingabo za leta kuva mu gitondo kare kuwa mbere.
Hari hashize icyumweru imirwano ihagaze nyuma y’uko izi nyeshyamba zitangaje ko zivuye mu duce zari zarafashe muri teritwari za Rutshuru na Nyiragongo z’intara ya Kivu ya ruguru.
Umuvigizi wa M23, Willy Ngoma,yabwiye BBC ati: “Barimo kuturasaho kuva saa 5h30”.
Ingabo za leta ntacyo ziravuga ku byatangajwe na M23 kuri iyo mirwano, (…)
Umuryango.rw
Visi perezida wa Amerika yavuze ko intambara y’Uburusiya na Ukraine itazarangira vuba
FARDC na Wazalendo byarasaniye muri Uvira
Nitabye miliyoni z’Abanya-Uganda - Museveni avuga impamvu yemeye kongera kwiyamamaza
Twirinde ko irari rigoreka ukuri- Madamu Jeannette Kagame
U Burusiya na Iran byasubukuye ingendo zo mu kirere
Kinshasa: Inteko yemeje amasezerano ya RDC n’u Rwanda
Uganda: Bazindukiye mu myigaragambyo isaba irekurwa rya Dr Kizza Besigye
Hari ibimenyetso bigaragaza uruhare rwa Kanziga muri Jenoside: Duclert yatengushywe n’ubutabera bw’u Bufaransa
Isoko nyambukiranyamipaka rya Rusizi I ryatangiye kwangirika
DR Congo: Imirwano ’yubuye’ hagati ya M23 n’ingabo za leta