Hari umusore wifuza ko yagirwa inama mu bijyanye n’urukundo arimo kurubu gusa yifuje ko amazina ye atamenyekana.
Muraho neza mwese , Ndi umusore wimyaka 27 nkaba nkora akazi ko murugo.
Ikinteye kubandikira mfite umukobwa dukundana ariko ntazi akazi nkora , twamenyaniye Kuri Facebook Mubwira ko nkora muri bank namwe abasore baba bari gutereta murabizi ukuntu twirarira, twaje kugera aho dukundana mbona nimubwira ko nkora akazi ko murugo azahita anyanga ndamwihorera.
Mu bigaragara (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Ese byigenze gute ko mfite impungenge? Mungire inama ndabasabye
20 October 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Umwana akina n’ibere rya Nyina- Tricia abwira uwavuze ko umugabo we Tom Close yakabirijwe mu muziki
19 June 2025, by ISIMBI Estellaiyonshuti Ange Tricia, yagaragaje ko yababajwe bikomeye n’umunyamakuru Ngabo Roben wavuze ko Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close ari we muhanzi wakabirijwe kurusha abandi mu mateka y’umuziki nyarwanda, kuva mu myaka 30 ishize.
-
Bangladesh yasabye u Buhinde kuyoherereza uwari Minisitiri w’Intebe wayo akajyanwa mu nkiko
26 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuBangladesh yasabye u Buhinde kuyoherereza uwari Minisitiri w’Intebe, Sheikh Hasina, wahungiye muri iki gihugu ku wa 05 Kanama 2024 nyuma y’imyigaragambyo yasize ahiritswe ku butegetsi.
-
Burna Boy yigaramye ibyo kugira ifaranga rya Chrypto Currency
15 July 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi uri mu bamaze kwigwizaho ibihembo bya Grammy Awards, Burna Boy, yihakanye ifaranga ry’ikoranabuhanga rizwi nka meme ryitiriwe izina rye, ryari rimaze iminsi rizenguruka ku rubuga rwa X.
-
Icyaha cya Meya Ntazinda ni uguta urugo cyangwa ni “Visa” zabyukije ibindi
7 May 2025, by Joseph IradukundaNtazinda Erasme yagejejwe ku rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro, ku isaha ya saa saba hafi n’iminota 40 azanwe n’imodoka ya RIB
-
FC Barcelone yegukanye La Liga ya 28
16 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuFC Barcelone yatsinze Espanyol ibitego 2-0 yegukana Igikombe cya Shampiyona ya Espagne (La Liga), ku nshuro ya 28.
-
Menya impamvu Ihererekanyabubasha rya Munyantwali na Shema ryihuse
8 September 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’uko hatowe Komite Nyobozi nshya igomba kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, mu myaka ine iri imbere, benshi bibajije impamvu hahise hahitishwa Ihererekanyabubasha ryihuse nk’urumuri.
-
Lt. Col Willy Ngoma yahawe akabyiniriro n’abasirikare ba SADC
29 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuvugizi w’Igisirikare cya M23, Lt. Col Willy Ngoma, yahawe izina ry’akabyiniriro n’abasirikare ba SADC bari muri RDC ubwo bahuraga na we.
-
CNN yashinjwe guhindura amashusho ya Diddy akubita Cassie bahoze bakundana
14 March 2025, by ISIMBI EstellaItsinda ry’ubwunganizi bwa P Diddy rirashinja CNN guhindura amashusho iki kinyamakuru cyashyize hanze, yerekana uyu muhanzi akubita Cassie Ventura bahoze bakundana, bukavuga ko atari ay’umwimerere ahubwo yahinduwe kugira ngo ibintu bigaragare ukundi bitandukanye n’ukuri kwabayeho.
-
Sonia Rolland ashobora kwisanga mu nkiko kubera inzu yahawe n’umuryango wa Omar bongo wayoboye Gabon
5 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’iperereza ryagaragaje ko Sonia Rolland hari inyubako nini yo guturamo (apartment) iherereye mu Bufaransa, yahawe nk’impano mu 2003 n’umuryango wa Omar Bongo wahoze ari Perezida wa Gabon; uyu mugore ashobora gukurikiranwa n’ubutabera.
Umuryango.rw
Ese byigenze gute ko mfite impungenge? Mungire inama ndabasabye
Umwana akina n’ibere rya Nyina- Tricia abwira uwavuze ko umugabo we Tom Close yakabirijwe mu muziki
Bangladesh yasabye u Buhinde kuyoherereza uwari Minisitiri w’Intebe wayo akajyanwa mu nkiko
Burna Boy yigaramye ibyo kugira ifaranga rya Chrypto Currency
Icyaha cya Meya Ntazinda ni uguta urugo cyangwa ni “Visa” zabyukije ibindi
FC Barcelone yegukanye La Liga ya 28
Menya impamvu Ihererekanyabubasha rya Munyantwali na Shema ryihuse
Lt. Col Willy Ngoma yahawe akabyiniriro n’abasirikare ba SADC
CNN yashinjwe guhindura amashusho ya Diddy akubita Cassie bahoze bakundana
Sonia Rolland ashobora kwisanga mu nkiko kubera inzu yahawe n’umuryango wa Omar bongo wayoboye Gabon