Umuryango TV wasuye Twasuye umuturage ku Kabaya wari uhari ubwo Mugesera yavugaga ko abatutsi barohwa muri Nyabarongo.
Mugesera ubu ufungiye ibyaha bya jenoside ahanini bituruka ku ijambo yavugiye ku Kabaya muri mitingi ya MRND aho yavuze ko abatutsi bakwiriye kurohwa muri Nyabarongo bagasubira Abisiniya muri Etiyopia aho baturutse.
Uyu muturage wari uri muri iyo mitingi avuga ko nyuma y’iryo jambo abatutsi bahise batangira kwibasirwa cyane bikomeye. Ikibuga cyabereyemo iyo mitingi ubu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Twasuye umuturage ku Kabaya wari uhari ubwo Mugesera yavugaga ko abatutsi barohwa muri Nyabarongo(Video)
26 February 2021, by Ubwanditsi -
Joseph Kabila yakomereje ibiganiro i Bukavu
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuJoseph Kabila wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, yakomereje gahunda y’ibiganiro mu mujyi wa Bukavu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
-
Uwahoze ari Umupolisi mu bo hejuru muri Polisi y’u Rwanda yitabye Imana azize ibiza
23 February, by ISHIMWE Jean de DieuRichard Kamanzi, wahoze afite ipeti rya CSP (Chief Superintendent of Police) muri Polisi y’u Rwanda wari mu kiruhuko, yitabye Imana azize ibiza byaturutse ku mvura nyinshi yaguye mu Mujyi wa Kigali.
-
RDC: FDLR iravugwaho kwica abaturage bagera kuri 600 muri Kalehe
24 September 2024, by Joseph IradukundaUmutwe w’iterabwoba wa FDLR urashinjwa kwica abaturage 582 bo muri teritwari ya Kalehe, Intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Polisi yasabye abanyeshuri bitegura kujya mu biruhuko kwirinda ingeso mbi n’ibyaha
26 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi y’u Rwanda yashishikarije abanyeshuri bagiye kujya mu biruhuko bisoza umwaka w’amashuri, kurangwa n’indangagaciro birinda kwishora mu ngeso zitari nziza n’ibyaha bihungabanya umutekano, byatuma batagera ku nzozi zabo.
-
RDC:Uko byagenze ngo Constant MUTAMBA wari Minisitiri yisange mu nkiko
10 July 2025, by Joseph IradukundaUrubanza rwa Constant MUTAMBA,rwabaye kuri uyu wa 9 Nyakanga 2025 i Kinshasa!
Ashinjwa kunyereza hafi Miliyoni 19 z’Amadorali mu kigega Uganda ishyiramo indishyi n’impozamarira ku bantu n’ibyabo bagizweho ingaruka n’intambara ya Kisangani! -
U Bwongereza: Abarenga 400 barimo n’abasaza rukukuri batawe muri yombi bazira kwigaragambya
7 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPolisi yo mu Bwongereza yatangaje ko yataye muri yombi abarenga 400 bakoreye imyigaragambyo hanze y’Inteko Ishinga Amategeko mu Murwa Mukuru w’iki gihugu
-
Prince Harry yatsinze urubanza yaregagamo ibinyamakuru birimo The Sun
24 January 2025, by Joseph IradukundaKu wa Gatatu, Igikomangoma Harry yatangaje ko yatsinze bidasanzwe mu gihe ibinyamakuru bya Rupert Murdoch mu Bwongereza byasabye imbabazi zitigeze zibaho kubera kwinjira mu buzima bwite bwe mu myaka ibarirwa muri cumi n’indi kandi byemera kwishyura indishyi zikomeye kugira ngo bikemure ikirego cye.
-
Iran yahize guhana Israel, Amerika ishinjwa gusubiramo amakosa yakoze muri Iraq
23 June 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi w’u Burusiya mu Muryango w’Abibumbye, Vassily Nebenzia, yamaganye ibitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziherutse kugaba kuri Iran, ndetse ashimangira ko iki gihugu gishaka gusubiramo amakosa cyakoze muri Iraq ubwo cyayiteraga mu 2003.
-
"Imana izabimfashemo"-Musabyimana wasimbuye Gatabazi muri MINALOC yabanje kwiragiza Imana
10 November 2022, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 10 Ugushyingo 2022,Perezida Paul Kagame yakuye Gatabazi Jean Marie Vianney ku mwanya wa Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, amusimbuza Musabyimana Jean Claude.
Minisitiri Musabyimana akimara kugirirwa iki cyizere yashimiye byimazeyo Perezida Kagame ku bw’iki cyizere yamugiriye ndetse amwizeza kwitanga atizigamye.
Yagize ati "Murakoze nyakubahwa Perezida Paul Kagame ku bw’icyizere!
Nshimishijwe cyane no guhabwa amahirwe yo gukora, kandi nzitanga byimazeyo muri izi nshingano (…)
Umuryango.rw
Joseph Kabila yakomereje ibiganiro i Bukavu
Uwahoze ari Umupolisi mu bo hejuru muri Polisi y’u Rwanda yitabye Imana azize ibiza
RDC: FDLR iravugwaho kwica abaturage bagera kuri 600 muri Kalehe
Polisi yasabye abanyeshuri bitegura kujya mu biruhuko kwirinda ingeso mbi n’ibyaha
RDC:Uko byagenze ngo Constant MUTAMBA wari Minisitiri yisange mu nkiko
U Bwongereza: Abarenga 400 barimo n’abasaza rukukuri batawe muri yombi bazira kwigaragambya
Prince Harry yatsinze urubanza yaregagamo ibinyamakuru birimo The Sun
Iran yahize guhana Israel, Amerika ishinjwa gusubiramo amakosa yakoze muri Iraq
"Imana izabimfashemo"-Musabyimana wasimbuye Gatabazi muri MINALOC yabanje kwiragiza Imana