Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Bizimana Djihad, yasabye Abanyarwanda kuzitabira ari benshi umukino uzahuza u Rwanda na Libya ku wa Kane mu gushaka itike ya CAN 2025, yizeza ko nk’abakinnyi biteguye kandi bazatanga byose kugira ngo babone intsinzi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amavubi yijeje gutanga byose ku mukino wa Libya
13 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Amerika: Umudepite yavuze ko ‘aliens’ zageze ku Isi
8 April, by ISIMBI EstellaUmudepite wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Tim Burchett, yatangaje ko ibivejuru bizwi nka ‘aliens’ byageze ku Isi binyuze mu byuma bidasanzwe kandi bikaba byaragiranye ibiganiro n’abantu.
-
Ingabo z’u Buhinde na Pakistan zakozanyijeho mu ijoro rya gatatu
28 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIngabo z’u Buhinde na Pakistan zarasanyeho n’imbunda nto ku mupaka wa Kashmir (LoC) mu ijoro rya gatatu mu gihe amakimbirane yiyongera nyuma y’igitero cy’abarwanyi cyahitanye ba mukerarugendo mu gace kayobowe n’u Buhinde mu karere katavugwaho rumwe.
-
Kenya: Umugabo yataye umugeni mu birori by’ubukwe bwabo ariruka
24 June 2025, by ISIMBI EstellaVidewo yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, yerekena uwo mugabo wari wambaye ikote ry’umukara n’ishati y’umweru n’inkweto z’umweru, ava imbere aho yari ari n’umugeni we, anyura mu bantu batashye ubukwe, agenda abigizayo ashaka inzira isohoka.
-
Umukino w’Amavubi na Libya wahawe Abasifuzi bo muri Mozambique na Angola
30 October 2024, by Joseph IradukundaAbasifuzi batatu baturuka muri Mozambique n’undi wo muri Angola bahawe gusifura umukino uzahuza u Rwanda na Libya mu kwezi gutaha.
-
Abagore b’i Rwamagana batangiye kuzibukira ka manyinya: Umusaruro w’irondo rya ba mutima w’urugo
8 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbagore bo mu Murenge wa Mwulire mu Karere ka Rwamagana, bishyiriyeho irondo rikorwa na bo gusa, rigamije gukangurira bagenzi babo batita ku miryango yabo, gutaha kare bakaganiriza abana aho kugorobereza mu tubari.
-
APR FC yabonye Chairman mushya
10 November 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya APR FC yamaze gutangaza ko Brig Gen Deo Rusanganwa ari we ugiye kuyobora iyi kipe by’agateganyo nyuma yo gusezerera uwari usanzwe kuri uyu mwanya Col (Rtd) Karasira Richard.
-
Ikibuga cy’indege cya Kigali cyaje ku mwanya wa gatatu mu byiza mu karere
24 March, by Angeline MUKANGENZIIkigo cy’Abongereza, SkyTrax cyashyize ku mwanya wa gatatu ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali mu byiza mu karere n’uwa munani ku mugabane wa Afurika mu mwaka wa 2026.
-
Kenya: Gukura mu butegetsi Visi Perezida byatangiriye ku kumwirukana mu itsinda rya WhatsApp
21 September 2024, by Joseph IradukundaVisi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yahishuye ko yakuwe mu itsinda ry’urubuga rwa WhatsApp rya Perezida William Samoei Ruto, agaragaza ko hashobora kuba hari umugambi mubisha uri inyuma y’iki gikorwa.
-
Gisagara: Hari babyeyi batumva icyitwa imirimo ivunanye ku bana
4 July 2025, by ISIMBI EstellaLeta ishishikariza ababyeyi n’abandi bareberera abana kubarinda imirimo ibavunanye, ariko hari bamwe mu babyeyi bo mu Karere ka Gisagara bavuga ko badasobanukiwe ibyitwa iby’imirimo ivunanye bivugwa ko ikoreshwa abana, kuko ubusanzwe ngo bazi ko umwana atarindwa gukora, ahubwo arindwa inzara.
Umuryango.rw
Amavubi yijeje gutanga byose ku mukino wa Libya
Amerika: Umudepite yavuze ko ‘aliens’ zageze ku Isi
Ingabo z’u Buhinde na Pakistan zakozanyijeho mu ijoro rya gatatu
Kenya: Umugabo yataye umugeni mu birori by’ubukwe bwabo ariruka
Umukino w’Amavubi na Libya wahawe Abasifuzi bo muri Mozambique na Angola
Abagore b’i Rwamagana batangiye kuzibukira ka manyinya: Umusaruro w’irondo rya ba mutima w’urugo
APR FC yabonye Chairman mushya
Ikibuga cy’indege cya Kigali cyaje ku mwanya wa gatatu mu byiza mu karere
Kenya: Gukura mu butegetsi Visi Perezida byatangiriye ku kumwirukana mu itsinda rya WhatsApp
Gisagara: Hari babyeyi batumva icyitwa imirimo ivunanye ku bana