Umwe mu bari mu mukwabu wo kubafata yavuze ko abafashwe bari mu kigero cy’imyaka hagati ya 15 na 44, bashyikirizwa Sitasiyo ya Polisi ya Gisenyi. Ati: “Uyu mukwabu wo kubafata ukozwe mu gihe hamaze iminsi hakatwa intsinga z’amashanyarazi mu bice bimwe na bimwe by’uyu mujyi cyane cyane mu Murenge wa Gisenyi, bikavugwa ko abaziba bahita bazambukana i Goma muri Congo. Turizera ko ubwo bariya 11 bafashwe, bari buvuge n’abandi tukaruhuka guhora tubyuka dusanga hari ahari mu kizima bitewe n’aba (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Rubavu: Abantu 11 bafungiwe ubujura bw’insinga z’amashanyarazi
24 March, by ISIMBI Estella -
United Scholars Center yahuye n’abanyeshuri basaga 5000 bifuza ko yabafasha kujya kwiga hanze
31 August 2024, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Gatanu taliki ya 30 Kanama 2024 muri Kigali Marriot Hotel, ikigo kitwa United Scholars Center gifasha abanyeshuri kwiga ku mugabane w’u Burayi, Amerika na Asia, cyahuye n’abanyeshuri bifuza kujya kwiga kuri iyo migabane kibasobanurira uburyo bafatanya ngo babigereho bitabananije.
-
CAF yirukanye uwari ushinzwe imisifurire ku bw’amakosa yavuzwemo na Mukansanga Salima
1 August 2025, by ISIMBI EstellaImpuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), yirukanye uwari Umuyobozi Mukuru ushinzwe Imisifurire, Désiré Noumandiez Doué, kubera amakosa yakozwe mu Gikombe cya Afurika cy’Abagore.
-
Perezida Kagame yahuye n’Abanyarwanda batanu biga ‘AI’ muri Algérie
4 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yahuye n’abanyeshuri batanu b’Abanyarwanda biga ibijyanye n’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano (Artificial Intelligence) muri Algerie.
-
P. Diddy yahamwe n’ibyaha bibiri muri bitanu yaregwaga
2 July 2025, by ISIMBI EstellaP. Diddy uri mu Birabura batunze agatubutse ku Isi yahamwe n’ibyaha bibiri muri bitanu yaregwaga. Ibyamuhamye ni ibyo gutwara abantu hagamije kubakoresha ubusambanyi, yahamijwe ko yakoreye Casandra Ventura wahoze ari umukunzi we n’undi mugore wiswe Jane.
-
Rusizi: Iby’Umusore wafatanywe ibikoresho by’ikoranabuhanga yibye
18 January 2025, by Joseph IradukundaNsabimana Emmanuel w’imyaka 23, wo mu Mudugudu wa Gasayo, Akagari ka Ninzi, Umurenge wa Kagano, Akarere ka Nyamasheke, wari ufite mudasobwa na telefoni 3 yari yibye aho yakoraga mu Murenge wa Nyabitekeri mu Karere ka Nyamasheke.
-
Iran iri gushaka abasirikare miliyoni bahangana n’Amerika
27 March, by ISIMBI EstellaLeta Zunze Ubumwe z’Amerika zashyize hanze ingingo 15 zo gusaba Iran kwemera ko habaho imishyikirano yo kurangiza intambara. Iran ifite abasirikare 610,000 bari mu nshingano na 350,000 bari ku rugerero. Umutwe udasanzwe wa Basij’IRGC’ ubaribwa mu basirikare miliyoni eshanu (5). Minisiteri y’ingabo y’Amerika, Pentagon yatangaje ko iteganya kohereza ingabo 10,000 mu Burasirazuba bwo hagati mu kwitegura intambara yo ku butaka. Nubwo Amerika iteganya intambara yo ku butaka ariko abo muri Iran barahiriye gutanga isomo ku ngabo z’Amerika.
-
Trump aracyatsimbaraye ku kugira Canada Leta ya 51 ya Amerika
26 April 2025, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, aracyahagaze ku gitekerezo cye cyo kugira Canada Leta ya 51 y’igihugu cye.
-
Amakuru agezweho: Biravugwa ko iturika ry’ububiko bw’intwaro i Burundi ryahitanye benshi
1 April, by ISHIMWE Jean de DieuIturika ry’ububiko bw’intwaro bw’ikigo cya Gisirikare cya cya Musaga i Bujumbura mu Burundi, ryateye inkongi y’umuriro ikomeye, ryahitanye abantu benshi, abandi barakomereka.
-
Umuhuza w’Abanye-Congo washyizweho na EAC na SADC yifuza ko muri RDC hajyaho Guverinoma y’inzibacyuho
5 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuhuza w’Abanye-Congo washyizweho n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika y’Amajyepfo (SADC), Olusegun Obasanjo, yifuza ko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hajyaho Guverinoma y’inzibacyuho mu gihe ibiganiro by’amahoro byatangira.
Umuryango.rw
Rubavu: Abantu 11 bafungiwe ubujura bw’insinga z’amashanyarazi
United Scholars Center yahuye n’abanyeshuri basaga 5000 bifuza ko yabafasha kujya kwiga hanze
CAF yirukanye uwari ushinzwe imisifurire ku bw’amakosa yavuzwemo na Mukansanga Salima
Perezida Kagame yahuye n’Abanyarwanda batanu biga ‘AI’ muri Algérie
P. Diddy yahamwe n’ibyaha bibiri muri bitanu yaregwaga
Rusizi: Iby’Umusore wafatanywe ibikoresho by’ikoranabuhanga yibye
Trump aracyatsimbaraye ku kugira Canada Leta ya 51 ya Amerika
Amakuru agezweho: Biravugwa ko iturika ry’ububiko bw’intwaro i Burundi ryahitanye benshi
Umuhuza w’Abanye-Congo washyizweho na EAC na SADC yifuza ko muri RDC hajyaho Guverinoma y’inzibacyuho