Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Ambasaderi Christine Nkulikiyinka yibukije abakoresha badaha abakozi ibiteganywa n’amategeko, guhindura imyumvire kuko iyo umukozi adafashwe neza n’umukoresha na we ubwe aba yihemukira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo yakebuye abakoresha badaha abakozi ibiteganwa n’itegeko
5 May 2025, by Angeline MUKANGENZI -
Trump ari gutekereza kwirukana Elon Musk muri Amerika
2 July 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ubutegetsi bwe buzareba niba bwakwirukana umuherwe Elon Musk ufite ibigo bikomeye birimo Tesla, Space X na X nyuma y’aho bagiranye amakimbirane.
-
Hahishuwe uko Kabuga Felicien yafashwe bitewe n’umuhungu we wahoraga ajya kumusura
25 May 2020, by Dusingizimana RemyHari byinshi bigitangazwa ku buryo Félicien Kabuga yafashwe, Koloneri Eric Emeraux ukuriye ishami rya jenoside n’ibindi byaha muri polisi y’Ubufaransa avuga ko Kabuga yari uwa kabiri inyuma ya Osama Bin Laden mu bantu bashakishwaga ku isi, anavuga uko bamugezeho.
-
Rayon Sports idafite Nsabimana Amiable izakina ite imbere ya AS Kigali?
14 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkipe ya Rayon Sports irakina na AS Kigali idafite myugariro wayo ukomeye ubanza mu kibuga, Nsabimana Amiable.
-
Leta yashyizeho Amabwiriza ibigo by’amashuri bizitwararika mu gukumira MPOX
2 September 2024, by Joseph IradukundaLeta y’ u Rwanda yashyizeho amabwiriza yo kwirinda icyorezo cy’ ubushita bw’ inkende buzwi nka MPOX mu gihe abanyeshuri barimo gusubira ku ishuri.
Ni amabwiriza ajyanye no kugenzura abanyeshuri uko bahagaze mbere y’uko burira imodoka basubira ku ishuri cyangwa binjira mu kigo. -
Umukino wahuje Abahutu n’Abatutsi i Burundi ukomeje kurikoroza
8 February, by Angeline MUKANGENZIKu mbuga nkoranyambaga zitandukanye abantu bacitse ururondogoroa kubera umukino wahuje Abahutu n’Abatutsi i Burundi.
-
Nyuma yo kwakira ubutumwa ba bwirwa ko bazicwa Abakinnyi ba Israel bari mu mikino ya Olempike bafite umutima uhagaze.
30 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuAbakinnyi batatu mu bahagarariye Israel mu mikino ya Olempike, baherutse kwakira ubutumwa bubabwira ko bashobora kwicirwa mu Bufaransa, kuri ubu hakaba hatangijwe iperereza. Umukino wa mbere Ikipe y’Igihugu ya Israel yahuriyemo na Mali, ntago yakiriwe neza kuko yavugirijwe induru n’abafana baririmbaga indirimbo zishinja igihugu cyabo kwica abantu muri Palestine. Undi mukino wakurikiyeho abarenga 50 baje bitwaje ibyapa byanditseho ko Israel “iri gukora jenoside”. Bamwe mu bakinnyi ba (…)
-
Umugore w’ umwirabura yahaye isomo Abanyaburayi
4 January 2018, by Nsanzimana ErnestUko umugore abana n’ umugabo we n’ uburyo amugaragariza urukundo bigenda bitandukana bitewe n’ umuco w’ agace aka n’ aka. ‘Uko umugore w’ Umunyafurika yita ku mugabo we bitandukanye n’ uko Iburayi bikorwa’ Aya ni amagambo ya Grace, umugore w’umwirabura ukiri muto.
Grace yabitangaje ubwo yari mu kiganiro ‘It my choise’ gitambuka kuri televiziyo TF1 yo mu Bufaransa.
Grace yagize ati "Iyo umugabo wanjye avuye ku kazi, mukuramo ikote, nkamuha ikaze, nkamukandakanda ibirenge, nkamucira (…) -
Ben Affleck yavuze kuri gatanya ye na Jennifer Lopez
26 March 2025, by ISIMBI EstellaBen Affleck yanyomoje amakuru avuga ko amaze iminsi arebana ay’ingwe na Jennifer Lopez baheruka gutandukana, ndetse ahishura ko nubwo atakibana n’uyu muhanzikazi amwubaha kandi ko nta kibi amwifuriza.
-
Umukobwa wiyemeje kuzengeruka isi na moto ari mu Rwanda [amafoto]
6 September 2017, by Nsanzimana ErnestUmukobwa w’ imyaka 38 ukomoka mu gihugu cya Ukraine wiyemeje kuzengeruka ibihugu byose byo ku Isi agenda kuri moto yageze mu Rwanda anyurwa n’ isuku yahasanze.
Uyu mukobwa witwa Grechishkina Anna yageze mu Rwanda tariki 4 Nzeli, kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Nzeli yagaragaye mu karere ka Musanze aho yageze atwaye moto iriho imizigo n’ ibikoresho bimufasha muri uru rugendo.
Avuga ko urugendo rwo kuzenguruka isi yarutangiye iwabo mu mujyi wa Kiev muri Ukraine tariki 27 Nyakanga 2013. Ngo (…)
Umuryango.rw
Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo yakebuye abakoresha badaha abakozi ibiteganwa n’itegeko
Trump ari gutekereza kwirukana Elon Musk muri Amerika
Rayon Sports idafite Nsabimana Amiable izakina ite imbere ya AS Kigali?
Leta yashyizeho Amabwiriza ibigo by’amashuri bizitwararika mu gukumira MPOX
Umukino wahuje Abahutu n’Abatutsi i Burundi ukomeje kurikoroza
Nyuma yo kwakira ubutumwa ba bwirwa ko bazicwa Abakinnyi ba Israel bari mu mikino ya Olempike bafite umutima uhagaze.
Ben Affleck yavuze kuri gatanya ye na Jennifer Lopez