Polisi ya Uganda yafunze Umunyarwandakazi Gloria Busingye wamamaye nka Gloria Bugie ukorera umuziki muri iki gihugu; biturutse ku mashusho ye aheruka kujya hanze, ariko ahita arekurwa atanze ingwate.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Uganda: Umunyarwandakazi Gloria Bugie yafunzwe azira amashusho ye y’urukozasoni
8 November 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
U Bushinwa bwongeye kugotesha Taiwan amato 19 mu myitozo
1 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’ingabo y’igihugu ya Taiwan yavuze ko yakurikiranye amato 19 y’Ingabo z’u Bushinwa zirwanira mu mazi akikije icyo kirwa mu gihe cy’amasaha 24 guhera saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kuwa Mbere kugeza saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kuri uyu wa Kabiri.
-
Umunyamakuru wa BTN TV Célestin Ntawuyirushamaboko yitabye Imana
15 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROCélestin Ntawuyirushamaboko wakoreye BTN TV yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa 14 Mata 2022 aguye mu Bitaro bya Kibagabaga.
-
Menya zimwe mu mpamvu zatumye BDF na BRD bihuzwa
1 August 2025, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda yemeje ko Ikigega cy’Iterambere gishinzwe guteza imbere imishinga (BDF) na Banki y’u Rwanda Itsura Amajyambere (BRD), bihuzwa hagamijwe gushyiraho urwego rukomeye ruzafasha guha agaciro abashoramari n’abacuruzi bo mu gihugu hose.
-
AFC/M23 yashyizeho abayobozi b’Intara ya Kivu y’Epfo
1 March 2025, by Joseph IradukundaIhuriro AFC/M23 yatangaje ko yashyizeho Guverineri na n’abungirije guverineri w’Intara ya Kivu y’Epfo nyuma y’inama yabereye mu Mujyi wa Bukavu ikaza gusozwa inaturikijwemo ibisasu.
-
Zelensky yemeye gufasha abafatanyabikorwa bo mu Burasirazuba bwo Hagati guhangana n’ibitero bya ’drone’
5 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko Ukraine irimo gutegura gahunda yo kohereza inzobere mu Kigobe cy’Abarabu kugira ngo zifashe ibihugu by’abafatanyabikorwa mu kurinda ibihugu ibitero by’indege zitajyamo abapilote (drones) na misile bya Iran.
-
Dore umusaruro w’ikoreshwa rya ‘drones’ mu Rwanda kuva mu 2016
12 July 2025, by ISIMBI EstellaHashize imyaka icyenda (9) u Rwanda rutangiye gukoresha utudege tutagira abapilote tuzwi nka drones, mu kugeza byihuse amaraso n’inkingo ku bitaro n’ibigo nderabuzima hirya no hino mu turere, ariko zikanakoreshwa mu guteza imbere ubuhinzi, kandi umusaruro wazo mu nzego zombi ukaba ugaragara mu buryo bufatika.
-
Umuherwe wanyereje arenga tiriyoni 30 Frw yahawe igihano cy’urupfu
3 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rwo muri Vietnam rwemeje igihano cy’urupfu kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 3 Ukuboza 2024, ku munyemari Truong My Lan mu rubanza rw’ubuhemu rwari rukomeye aho yashinjwaga kwiba miliyari nyinshi z’amadolari. Gusa urukiko rwavuze ko ubuzima bwe bushobora gukira aramutse yishyuye abahombejwe ¾ by’umutungo yanyereje.
-
Zirikana izi nama z’ingenzi igihe ukora urukundo n’uwo mwashakanye
3 October 2024, by Joseph IradukundaHari ingingo z’ingenzi abashakanye bakwiriye kuba bazi by’umwihariko mu gihe bari mu gikorwa cyubashywe cyo gutera akabariro. Muri iyi nkuru turarebera hamwe ibyo wakwitaho cyane mu gihe muri muri uwo mwanya.
-
Perezida Putin yashimye Koreya ya Ruguru yamufashije kubohora ‘Kursk’
13 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Burusiya Vladimir Putin yashimye ubutwari bwa mugenzi we wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un wamuhaye ingabo zamufashije kubohora akarere ka Kursk kari mu maboko ya Ukraine.
Umuryango.rw
Uganda: Umunyarwandakazi Gloria Bugie yafunzwe azira amashusho ye y’urukozasoni
U Bushinwa bwongeye kugotesha Taiwan amato 19 mu myitozo
Umunyamakuru wa BTN TV Célestin Ntawuyirushamaboko yitabye Imana
Menya zimwe mu mpamvu zatumye BDF na BRD bihuzwa
AFC/M23 yashyizeho abayobozi b’Intara ya Kivu y’Epfo
Dore umusaruro w’ikoreshwa rya ‘drones’ mu Rwanda kuva mu 2016
Umuherwe wanyereje arenga tiriyoni 30 Frw yahawe igihano cy’urupfu
Zirikana izi nama z’ingenzi igihe ukora urukundo n’uwo mwashakanye
Perezida Putin yashimye Koreya ya Ruguru yamufashije kubohora ‘Kursk’