Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu za Atomike mu Rwanda, RAEB, cyatangaje ko bitarenze mu 2030, u Rwanda ruzaba ruri mu bihugu bike muri Afurika bifite uruganda rutunganya amashanyarazi akomoka ku ngufu za nucléaire.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amashanyarazi akomoka ku ngufu za nucléaire azatangira gukoreshwa mu Rwanda mu myaka itanu
26 June 2025, by ISIMBI Estella -
DRC: I Kisangani Batewe Ubwoba N’Uko M23 Iri Hafi Kuhasesekara
2 April 2025, by Joseph IradukundaMu rwego rwo kurema agatima abaturage, ubuyobozi bw’Intara ya Tshopo ari naho umujyi wa Kisangani uherereye bwateranyye bubasaba kudakurwa umutima n’amakuru y’uko M23 iri kubasatira.
-
Loni yemeje ko Abapolisi ba Kenya bari muri Haïti basambanyije abana
3 April, by ISIMBI EstellaRaporo yakozwe na Loni ku ngamba zihariye zo kurinda abantu ihoreterwa rishingiye ku gitsina, yerekanye ko bamwe mu bapolisi ba Kenya bari mu butumwa bwo kugarura umutekano muri Haïti bafashe abakobwa bane ku ngufu biganjemo abatagira imyaka y’ubukure.
-
Umurinzi wa Perezida Ibrahim Traoré yahishuye uko bamuhaye miliyoni 5$ ngo amurase
4 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmwe mu basirikare bashinzwe kurinda Pereizida wa Burkina Faso, Ibrahim Traoré, yatangaje ko hari abo mu bihugu bikomeye bamuhaye miliyoni 5$ ngo amurase amuturutse inyuma ariko arayanga.
-
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#24:Urugendo rwa Gen Patrick NYAMVUMBA wabaye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda
15 July 2021, by Dusingizimana RemyIkiganiro IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#24 kiribanda ku rugendo rwa Gen Patrick NYAMVUMBA wabaye Umugaba Mukuru w’Ingabo ariko umwanya wa Politiki aheruka akaba yarahawe Minisiteri y’Umutekano mu gihugu, itari ikiriho ndetse yahise yongera ikazima nawe avuyeho! Ese byagenze gute ngo ahabwe Minisiteri itari ikiriho? Tubane muri iki kiganiro umenye byinshi mu rugendo rwe rwa Gisilikali na Politiki, ibyavuzwe n’ibitaravuzwe!
Amateka ya Gen.Nyamvumba
Gen.Nyamvumba yavutse tariki 11 Kamena 1967. (…) -
Abantu 1500 bamaze guhabwa ubwenegihugu Nyarwanda
11 February, by ISIMBI EstellaUrwego rw’Igihugu Rushinzwe Abinjira n’Abasohoka rwatangaje ko kuva gahunda yo gutanga ubwenegihigu Nyarwanda yatangira, u Rwanda rumaze kubuha abantu 1500 baturutse mu bice bitandukanye by’Isi
-
Perezida Macron yasabye u Bushinwa kwitambika Koreya ya Ruguru
1 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yatangaje ko u Bushinwa nibutabuza Koreya ya Ruguru gukomeza kugira uruhare mu ntambara y’u Burusiya na Ukraine bizatuma Umuryango w’Ubutabarane (OTAN) ukomeza kwagurira ibikorwa byawo muri Aziya y’Amajyepfo.
-
Pio Mugabo wahoze ari Minisitiri yasezeweho bwa nyuma[AMAFOTO]
18 January 2020, by Martin MunezeroUrukiko Rukuru, abagize Urwego rw’Ubucamanza n’Urwego rw’Ubutabera, abayobozi mu nzego za Leta n’abo mu muryango, basezeye bwa nyuma kuri Pio Mugabo witabye Imana ku cyumweru azize uburwayi.
-
Trump yagabanyije imisoro ku bicuruzwa by’u Buhinde
3 February, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) Donald Trump, yemeye kugabanya imisoro isoresha ibicuruzwa bituruka mu Buhinde akayigeza kuri 18% ivuye kuri 50%, kubera bwahagaritse kugura Peteroli y’u Burusiya.
-
Davido yatangaje ko Perezida wa Nigeria ariwe watumye akomeza umuziki
16 April 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi Davido yatangaje ko kuba Perezida wa Nigeria yarakunze indirimbo ye yise ‘Dami Duro,’ aribyo byatumye abasha gukomeza gukora umuziki nyuma y’igihe Se amufungira amayira.
Umuryango.rw
Amashanyarazi akomoka ku ngufu za nucléaire azatangira gukoreshwa mu Rwanda mu myaka itanu
DRC: I Kisangani Batewe Ubwoba N’Uko M23 Iri Hafi Kuhasesekara
Loni yemeje ko Abapolisi ba Kenya bari muri Haïti basambanyije abana
Umurinzi wa Perezida Ibrahim Traoré yahishuye uko bamuhaye miliyoni 5$ ngo amurase
IBYAKOZWE N’INTUMWA EP#24:Urugendo rwa Gen Patrick NYAMVUMBA wabaye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda
Abantu 1500 bamaze guhabwa ubwenegihugu Nyarwanda
Perezida Macron yasabye u Bushinwa kwitambika Koreya ya Ruguru
Trump yagabanyije imisoro ku bicuruzwa by’u Buhinde
Davido yatangaje ko Perezida wa Nigeria ariwe watumye akomeza umuziki