Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 11 Nyakanga, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yerekeje muri Texas rwagati, nyuma y’icyumweru hibasiwe n’umwuzure ukabije wihayogoje. Hapfuye abantu barenga 120 naho 170 baburirwa irengero.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Amerika: Donald Trump yasuye Texas nyuma y’icyumweru yibasiwe n’umwuzure
11 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Tshisekedi yakiriye intumwa idasanzwe ya Perezida Trump
17 March 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, kuri iki Cyumweru, itariki 16 Werurwe, yahuye n’umudepite wo muri Amerika, Ronny Jackson, kugira ngo baganire ku mirwano ibera mu burasirazuba bw’igihugu ndetse n’amahirwe yo gushora imari kuri Amerika cyane cyane mu bijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.
-
FARDC yarashe indege y’abasivili i Walikale icyeka ko ari AFC/M23
27 March 2025, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 27 werurwe 2025 mu mujyi wa Walikale,ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo FARDC zarashe Amabombe ku ndege y’abasivili yari ku kibuga cy’indege cya Kigoma,bacyeka ko ari abarwanyi na AFC/M23.
-
Igitero cy’uwitwaje umuhoro yagabye ku ishuri muri Uganda cyahitanye abana bane cyasize amarira menshi
3 April, by ISHIMWE Jean de DieuAbana bane baburiye ubuzima mu gitero cy’umuntu witwaje umuhoro wakigabye ku ishuri ry’incuke ryo mu gace ka Ggaba i Kampala muri Uganda.
-
Trump yasubijeho ikoreshwa ry’imiheha ya pulasitike muri Amerika
11 February 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye iteka risubizaho ikoreshwa ry’imiheha ya pulasitike muri Amerika, avuga ko imiheha ikoze mu mpapuro yari yarayisimbuye idakomera.
-
Amerika: Abaturage babarirwa mu bihumbi barigaragambije bamagana ubutegetsi bwa Trump kuri Pasik
23 April 2025, by ISIMBI EstellaMu mpera z’icyumweru cya Pasika yo ku wa 19 Mata 2025, abaturage babarirwa mu bihumbi bahuriye mu myigaragambyo yamagana imiyoborere ya Perezida Donald Trump hirya no hino muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ndetse no mu bihugu by’inshuti nka Irlande.
-
Guverinoma ya Tanzania yinjiye mu kibazo cya Yanga na Simba
25 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Itumanaho, Umuco, Ubuhanzi na Siporo muri Tanzania, Prof Palamagamba Kabudi, yatumije inama yiga ku kibazo cya Yanga na Simba, byanze gukina umukino wa Shampiyona wagombaga kuba tariki ya 8 Werurwe 2025.
-
NASA yagaruye ku Isi igitaraganya abashakashatsi bayo kubera umwe warwaye
10 January, by ISIMBI EstellaIkigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iby’Isanzure, NASA, cyafashe umwanzuro wo kugarura ku Isi hakiri kare itsinda ry’abashakashatsi bari mu isanzure nyuma y’uko hagaragaye ikibazo cy’uburwayi bw’umwe muri bo ubwo yari kuri Station Mpuzamahanga iri mu isanzure.
-
WASAC Group yashyikirijwe imashini zipima ubuziranenge bwa Mubazi
12 February, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu gishinzwe amazi, isuku n’isukura (WASAC Group), cyashyikirijwe imashini 10 zipima ubuziranenge bwa Mubazi zifite agaciro k’arenga 14,000,000 Frw n’Umuryango Water for People.
-
RDC nayo ishyigikiye ko Mushikiwabo aba Umunyamabanga bwa OIF
26 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, Joseph Kabila yatangaje ko ashyigikiye Kandidatire ya Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’ U Rwanda Louise Mushikiwabo, ku mwanya w’Umunyamabannga mukuru w’ Umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF).
Umuryango.rw
Amerika: Donald Trump yasuye Texas nyuma y’icyumweru yibasiwe n’umwuzure
Tshisekedi yakiriye intumwa idasanzwe ya Perezida Trump
FARDC yarashe indege y’abasivili i Walikale icyeka ko ari AFC/M23
Igitero cy’uwitwaje umuhoro yagabye ku ishuri muri Uganda cyahitanye abana bane cyasize amarira menshi
Trump yasubijeho ikoreshwa ry’imiheha ya pulasitike muri Amerika
Amerika: Abaturage babarirwa mu bihumbi barigaragambije bamagana ubutegetsi bwa Trump kuri Pasik
Guverinoma ya Tanzania yinjiye mu kibazo cya Yanga na Simba
NASA yagaruye ku Isi igitaraganya abashakashatsi bayo kubera umwe warwaye
WASAC Group yashyikirijwe imashini zipima ubuziranenge bwa Mubazi