Ku wa Mbere, itariki ya 17 Werurwe, igihugu cya Niger kiyobowe n’abasirikare bahiritse ubutegetsi, cyatangaje ko kiyivanye mu Muryango w’Ibihugu bukoresha Igifaransa (Organisation Internationale de la Francophonie).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Igihugu cya Niger cyivanye mu Muryango wa Francophonie
18 March 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Trump yasabye ko abatagira aho baba birukanwa i Washington DC
11 August 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ko abaturage batagira aho baba, birukanwa i Washington aho ibiro bye bibarizwa, bakajyanwa kure y’umujyi.
-
Kaminuza y’Igihugu ya Gisirikare yatangiye kubakwa i Bumbogo
20 March, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda bwahishuye ko Kaminuza y’Igihugu ya Gisirikare yatangiye kubakwa mu Murenge wa Bumbogo, Akarere ka Gasabo, ikaba yitezweho kurushaho kongerera imbaraga urwego rw’umutekano no kubaka ubushobozi bw’abayobozi mu bya gisirikare.
-
Uwise Pastor Juliene Kabanda Intumwa ya Satani n’umutubuzi ari gukorwaho iperereza na RIB
28 April 2025, by ISIMBI EstellaNyuma yo kwifashisha imbuga nkoranyambaga akita Pastor Juliene Kabanda wa Grace Room intumwa ya Satani, RIB yatangiye kumukoraho iperereza.
-
Paris: Katederali ya Notre Dame yatwitswe n’Umunyarwanda yongeye gufungura
8 December 2024, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Gatandatu, itariki 07 Ukuboza 2024, Katederali ya Notre Dame yongeye gufungura imiryango nyuma y’imyaka itanu ikongowe n’inkongi y’Umuriro yatewe n’Umunyarwanda, Emmanuel Abayisenga .
-
Kuva kuri Pasteur Bizimungu kugeza kuri Sankara ejo bundi; imanza zari zikomeye mu myaka 19 ishize
27 May 2019, by UbwanditsiHano turagaruka ku manza zari zikomeye mu myaka 19 ishize. Kuva ku rubanza rwa Pasteur Bizimungu wari Perezida, Kalisa BCDI, Kizito Mihigo, Mugesera, Ingabire Victoire, Abo kwa Rwigara kugeza kuri Sankara w’ejo bundi.
-
Lewandowski yahaye ubutumwa bukomeye abakunzi ba FC Barcelona baraye mu gahinda
7 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuRutahizamu wa FC Barcelona, Robert Lewandowski, yahaye ubutumwa bw’ihumure abakunzi ba FC Barcelona bararanye agahinda.
-
Umuryango w’Abibumbye uremeza ko nyuma y’ifatwa rya Goma hatahiwe Bukavu
2 February 2025, by ISHIMWE Jean de DieuJean Pierre Lacroix ukuriye ibikorwa byo kubungabunga amahoro mu Muryango w’Abibumbye, aremeza ko inyeshyamba za M23 zigenda zerekeza mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu Mujyi wa Bukavu, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Epfonyuma yo kwigarurira Umujyi wa Goma mu mpera z’ukwezi gushize.
-
Abanya-Israel biraye mu mihanda, bamagana icyemezo cya Leta cyo kwigarurira Gaza
10 August 2025, by ISIMBI EstellaAbanya-Israel babarirwa mu bihumbi bakoze imyigaragambyo ikomeye mu Mujyi wa Tel Aviv, basaba ko igihugu cyabo cyahagarika intambara muri Gaza, nyuma y’uko gitangaje ko gifite umugambi wo kwigarurira aka gace ka Palestine.
-
Icyiciro cy’abagabo muri shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare
21 September 2025Muri aya masaha ya nyuma ya saa sita shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare icyiciro cy’abagabo irakomeje. Ku ikubitiro abakinnyi barahagurukira kuri BK Arena basoreze kuri Kigali Convention Center (KCC).
Umuryango.rw
Igihugu cya Niger cyivanye mu Muryango wa Francophonie
Trump yasabye ko abatagira aho baba birukanwa i Washington DC
Kaminuza y’Igihugu ya Gisirikare yatangiye kubakwa i Bumbogo
Uwise Pastor Juliene Kabanda Intumwa ya Satani n’umutubuzi ari gukorwaho iperereza na RIB
Paris: Katederali ya Notre Dame yatwitswe n’Umunyarwanda yongeye gufungura
Lewandowski yahaye ubutumwa bukomeye abakunzi ba FC Barcelona baraye mu gahinda
Umuryango w’Abibumbye uremeza ko nyuma y’ifatwa rya Goma hatahiwe Bukavu
Abanya-Israel biraye mu mihanda, bamagana icyemezo cya Leta cyo kwigarurira Gaza
Icyiciro cy’abagabo muri shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare