Umuhanzi nyarwanda Yago Pon Dat ari kubyinira ku ikoma nyuma y’uko indirimbo yise Vis a Vis’ igaragaye mu ndirimbo zigize umushinga wa Alubumu wahurijweho abahanzi batandukanye b’Isi yose yiswe ‘The World Album– International Artists Project’ yamaze gushyikirizwa abategura irushanwa rya Grammy Awards 2026 mu cyiciro cya Best Global Music Album.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Yago mu byishimo byo kugaragara kuri Alubumu izahatanira Grammy Award
3 September 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
ITANGAZO RUSANGE RYEREKEYE GUSUBIZA ISOSIYETE MU GITABO CY’AMASOSIYETE
2 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuHashingiwe ku ngingo ya 287 y’itegeko No 007/2021 ryo kuwa 05/02/2021 rigenga amasosiyete y’Ubucuruzi,Umwanditsi mukuru aramenyesha abantu bose ko yasabwe kongera kwandika mu gitabo cy’Amasosiyete Isosiyete yitwa TACT Construction Ltd ifite Numero/TIN 108178771
Ku bindi bisobanuro soma itangazo rirambuye aho hasi -
DRC:Abasirikare na Wazalendo muri Kivu ya Ruguru bakumiriwe kugera mu mijyi no mu tubari mu minsi mikuru
11 December 2024, by Joseph IradukundaUbutegetsi bwa gisirikare bw’intara ya Kivu ya Ruguru ya DR Congo bwategetse ko abasirikare, abapolisi na ba Wazalendo bambaye impuzankano zabo kandi bafite imbunda babujijwe kugera mu mijyi, mu tubari n’inzu z’uburiro mu bihe bije by’iminsi mikuru isoza umwaka.
-
Hamenyekanye icyahitanye umubyeyi wa Rihanna umaze ukwezi yitabye Imana
27 June 2025, by ISIMBI EstellaNyuma y’ukwezi Ronald Fenty, se w’umuhanzikazi w’icyamamare Rihanna, yitabye Imana ku myaka 70 y’amavuko, inzego zibishinzwe zatangaje impamvu nyakuri y’urupfu rwe.
-
Musanze: Umurambo w’uwarohamye muri Ruhondo wabonetse nyuma y’iminsi 9
8 August 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmurambo wa Musangwamfura, warohamye mu kiyaga cya Ruhondo ubwo yari mu gikorwa cyo kuroba, wabonywe nyuma y’iminsi icyenda utaruburuka, bitera agahinda n’amarira abatuye mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze.
-
Sat –B yatandukanye na Belle 9ice babyaranye
22 April, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhanzi w’icyamamare mu Burundi, Sat-B, yemeje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana n’umukunzi we bari bamaranye igihe kinini, Belle 9ice (Ingabire Belle Nice), ndetse banabyaranye umwana w’umuhungu witwa Liam.
-
Umuhengeri wishe ba mukerarugendo 10 mu Bushinwa
5 May 2025, by Angeline MUKANGENZIUmuhengeri wibasiye umugezi wa Wu hafi y’Umujyi wa Qianxi mu Majyepfo y’u Burengerazuba bw’u Bushinwa wahitanye abantu 10 abandi 70 barakomereka.
-
Twifuza amahoro arambye, ubushuti n’ubufatanye n’u Rwanda – Gen. Muhoozi
4 July 2025, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, (UPDF) Ge. Muhoozi Kainerugaba yagaragaje ko u Rwanda na Uganda byifuza amahoro arambye, ubushuti n’ubufatanye mu baturage b’ibihugu byombi ngo kuko ari ibihugu bihuje amateka.
-
Kuri Mars havumbuwe ikirunga kireshya na kilometero 19
16 June 2025, by ISIMBI EstellaBwa mbere kuri Mars hagaragaye ikirunga kireshya na kilometero 19 z’ubuhagarike, mu mashusho yafashwe n’icyogagajuru cy’’Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe iby’Isanzure, NASA.
-
Rutsiro: Ari guhigwa akekwaho gukubita nyina bikamuviramo urupfu
30 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmusore w’imyaka 33 wo mu Karere ka Rutsiro ari guhigwa akakekwaho gukubita nyina bikomotse ku businzi, yamenya ko byamuviriyemo urupfu agatoroka.
Umuryango.rw
Yago mu byishimo byo kugaragara kuri Alubumu izahatanira Grammy Award
ITANGAZO RUSANGE RYEREKEYE GUSUBIZA ISOSIYETE MU GITABO CY’AMASOSIYETE
DRC:Abasirikare na Wazalendo muri Kivu ya Ruguru bakumiriwe kugera mu mijyi no mu tubari mu minsi mikuru
Hamenyekanye icyahitanye umubyeyi wa Rihanna umaze ukwezi yitabye Imana
Musanze: Umurambo w’uwarohamye muri Ruhondo wabonetse nyuma y’iminsi 9
Sat –B yatandukanye na Belle 9ice babyaranye
Umuhengeri wishe ba mukerarugendo 10 mu Bushinwa
Twifuza amahoro arambye, ubushuti n’ubufatanye n’u Rwanda – Gen. Muhoozi
Kuri Mars havumbuwe ikirunga kireshya na kilometero 19
Rutsiro: Ari guhigwa akekwaho gukubita nyina bikamuviramo urupfu