Umuhuzabikorwa w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bruno Lemarquis, yasabye umutwe wa M23 gufungura ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma umaze iminsi ugenzura.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
M23 yasabwe gufungura ikibuga cy’indege cya Goma byihutirwa
4 February 2025, by Joseph Iradukunda -
No mu myaka 100, tuzaba tugitanga ubuhamya: Ubutumwa bw’uwarokotse jenoside mu rubanza rwa Munyemana
4 October 2025, by ISIMBI EstellaUmutangabuhamya mu rubanza rwa Dr. Munyemana Sosthène wahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yavuze ko abarokotse biteguye gukomeza gusobanura amateka ashaririye banyuzemo n’iyo baba ari abakambwe, kugira ngo ukuri kujye ahabona.
-
Ninjye muraperi usigaye ku isi watsinda Kendrick Lamar buri umwe akoze indirimbo yihaniza mugenzi we (Diss Track)
2 May 2025, by Gladiator OGUmuraperi Kanyewest kuri ubu ukoresha izina rya Ye, yatangaje ko muri Rap yuyu munsi nta wundi muraperi ku isi Wabasha gutsinda Kendrick Lamar mu byitwa Diss Track cyangwa se za ndirimbo abaraperi bakora buri umwe yihaniza mugenzi we.
-
FERWAFA yatumije abavuzweho ruswa muri Musanze FC n’Amagaju FC
23 April, by ISIMBI EstellaKomisiyo y’Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA) ishinzwe imyitwarire, yatumije umutoza w’ikiye y’Amagaju ushinzwe kongera ingufu Imurora Hakizimana Japhet, ndetse n’umukinnyi w’ikipe ya Musanze FC, Gahungu habarurema ngo basobanure imyitwarire yabavuzweho yo kugena ibiva mu mukino (Match Fixing).
-
Libya igiye kurega Nigeria yanze ko bakina igahitamo kwisubirirayo
15 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIshyirahamwe rya Ruhago muri Libya (LFF) rigiye gutanga ikirego mu Mpuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika (CAF), rigaragaza agasuzuguro ka Nigeria ku mukino wagombaga guhuza impande zombi.
-
Icyo Capt Traoré azabaza Ndayishimiye w’u Burundi nibahura
16 December 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Burkina Faso, Ibrahim Traoré, yatangaje ko azabaza mugenzi we uyobora u Burundi, Evariste Ndayishimiye, impamvu igihugu cye cyahagaritswe mu muryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU).
-
Amafaranga Umunyarwanda ahahisha ku mwaka yageze ku bihumbi 560 Frw
24 April 2025, by ISIMBI EstellaUbushakashatsi ku mibereho y’ingo (EICV7) bwagaragaje ko ubukene bwagabanyutseho 12,4% mu myaka irindwi ishize, bigaragazwa n’amafaranga umuntu arya kuko yiyongereye cyane arenga ibihumbi 560 Frw ku muntu mukuru.
-
Leta ya RDC yanze ubutumire bwa Thabo Mbeki mu biganiro by’amahoro
29 August 2025, by ISIMBI EstellaUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwanze ubutumire bw’umuryango wa Thabo Mbeki wayoboye Afurika y’Epfo kuva mu 1999 kugeza mu 2008, bwo kujya mu biganiro by’amahoro by’Abanye-Congo biteganyijwe mu kwezi gutaha.
-
Hagiye gushyirwa hanze indi album ya Buravan
26 October 2024, by ISHIMWE Jean de DieuMukuru wa Yvan Buravan witwa Burabyo Fernand, yatangaje ko hari album nshya ya y’uyu muhanzi bari gutegura gushyira hanze mu minsi ya vuba.
-
Urukiko rwemeje bidasubirwaho gatanya hagati ya Platini na Ingabire bari barashyingiranywe
20 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuNemeye Platini na Ingabire Olivia bamaze guhana gatanya ya burundu nyuma y’uko Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata rwemeje ubwumvikane bwabo bwo gutandukana burundu.
Umuryango.rw
M23 yasabwe gufungura ikibuga cy’indege cya Goma byihutirwa
No mu myaka 100, tuzaba tugitanga ubuhamya: Ubutumwa bw’uwarokotse jenoside mu rubanza rwa Munyemana
Ninjye muraperi usigaye ku isi watsinda Kendrick Lamar buri umwe akoze indirimbo yihaniza mugenzi we (Diss Track)
FERWAFA yatumije abavuzweho ruswa muri Musanze FC n’Amagaju FC
Libya igiye kurega Nigeria yanze ko bakina igahitamo kwisubirirayo
Icyo Capt Traoré azabaza Ndayishimiye w’u Burundi nibahura
Amafaranga Umunyarwanda ahahisha ku mwaka yageze ku bihumbi 560 Frw
Leta ya RDC yanze ubutumire bwa Thabo Mbeki mu biganiro by’amahoro
Hagiye gushyirwa hanze indi album ya Buravan
Urukiko rwemeje bidasubirwaho gatanya hagati ya Platini na Ingabire bari barashyingiranywe