Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu yemeye agahenge mu ntambara bahanganyemo na Iran nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump asabye ko intambara ihagarara hakubahirizwa amasezerano y’amahoro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > article_of_day
article_of_day
Articles
-
Isiraheli yunze mu rya Trump yemera agahenge mu ntambara na Irani
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Abanyarwanda baba mu Bufaransa bizihije umunsi wo Kwibohora
6 July 2025, by ISIMBI EstellaAbanyarwanda baba mu Bufaransa bizihije Umunsi Mukuru wo kwibohora k’u Rwanda ku nshuro ya 31, bibutswa ko ari umunsi usobanuye icyerekezo kigari u Rwanda rwihisemo kandi buri muturage agiramo uruhare.
-
Uganda: Abagera muri 60 ni bo batawe muri yombi bagerageza kwigaragambya
24 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIgipolisi cya Uganda kuri uyu wa Kabiri cyataye muri yombi abantu barenga 60 biganjemo urubyiruko bari mu myigaragambyo yo kwamagana ruswa mu nteko ishinga amategeko na leta, basaba ko perezidante wayo, Anita Among yegura.
-
Umusore wajyanye ikanzu ku gituro cya Regis agasiba graduation yavuze icyabimuteye [AMAFOTO]
6 November 2018, by Nsanzimana ErnestCyuzuzo Philbert abenshi bazi nka Khaled yibujije kujya kwifatanya n’ abandi mu birori byo gusoza amasomo ya Kaminuza y’ u Rwanda yabereye I Huye tariki 2 Ugushyingo 2018.
-
Leta ya Uganda yaburiye abagabo bapimisha ADN abana babo
15 July 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Umutekano w’Imbere muri Uganda yaburiye abantu bapimisha ADN bashaka kumenya niba abana barera ari ababo, ko ibisubizo bivamo bishobora kubahungabanya mu gihe baba batiteguye kwakira amakuru mabi.
-
Samuel Eto’o ashobora guhagarikwa mu mupira w’amaguru imyaka itanu
20 June 2025, by ISIMBI EstellaPerezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o Fils, ashobora guhagarikwa mu mupira w’amaguru imyaka itanu kubera kuyobya amafaraga y’ikipe y’igihugu akayashyira kuri konti ye.
-
Epstein yacumbikiraga mu Bwongereza abagore yacuruzaga
24 April, by Angeline MUKANGENZIIcukumbura ryagaragaje ko Jeffrey Epstein wakurikiranyweho ibyaha byo gucuruza abakobwa hagamijwe kubakoresha ubusambanyi yacumbikiraga mu Bwongereza abagore hagamijwe kubakoresha ubusambanyi cyangwa kubacuruza ku babasambanya.
-
AFC/M23 yemeza ko iri gusatira umujyi wa Uvira
5 September 2025, by ISIMBI EstellaIhuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryemeje ko riri gukoza imitwe y’intoki ku mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, wegereye umupaka w’u Burundi.
-
Mu karere ka Bugesera habonetse imibiri irenga 30,bikekwa ko ari iy’abishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi 1994
10 April 2025, by Angeline MUKANGENZIUbuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwatangaje ko ahari gukorwa umuyoboro w’amazi, habonetse imibiri bikekwa ko ari iy’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Snoop Dogg yarahiriye kunga Igikomangoma William na murumuna we Harry badacana uwaka
25 March 2025, by ISIMBI EstellaUmuraperi Calvin Broadus Jr. uzwi nka Snoop Dogg yatangaje ko yiteguye gukora ibishoboka byose akunga abavandimwe bo mu Bwami bw’u Bwongereza, Ikigomangoma Williams na murumuna we Harry bamaze imyaka irenga itanu badacana uwaka.
Umuryango.rw
Isiraheli yunze mu rya Trump yemera agahenge mu ntambara na Irani
Abanyarwanda baba mu Bufaransa bizihije umunsi wo Kwibohora
Uganda: Abagera muri 60 ni bo batawe muri yombi bagerageza kwigaragambya
Umusore wajyanye ikanzu ku gituro cya Regis agasiba graduation yavuze icyabimuteye [AMAFOTO]
Leta ya Uganda yaburiye abagabo bapimisha ADN abana babo
Samuel Eto’o ashobora guhagarikwa mu mupira w’amaguru imyaka itanu
AFC/M23 yemeza ko iri gusatira umujyi wa Uvira
Mu karere ka Bugesera habonetse imibiri irenga 30,bikekwa ko ari iy’abishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi 1994
Snoop Dogg yarahiriye kunga Igikomangoma William na murumuna we Harry badacana uwaka